Home Uncategorized uko amateraniro yo kucyumweru Tariki05/02 yagenze mu Itorero abacunguwe.

uko amateraniro yo kucyumweru Tariki05/02 yagenze mu Itorero abacunguwe.

Itorero abacunguwe uyu munsi ku cyumweru cya mbere cy’ukwezi kwa Gashyantare bataramiye Imbere y’Imana baramya ndetse banahimbaza kubw’uburinzi bukomeye, Ndetse banereka Imana amasengesho barimo y’iminsi 120.
DSC_0876
Bati : Amaraso yawe turayashimira.
DSC_0875 DSC_0874
Bati: Akira amashimwe n’icyubahiro niwowe abikwiriye.

Bararamya Imana bati; Ayo maraso yawe turayashimira
Bararamya Imana bati; Ayo maraso yawe turayashimira

DSC_0869 DSC_0868 DSC_0867 DSC_0866
Nyuma y’uko itsinda ryo kuramya no guhimbaza rishoje gufatanya n’abakristu bose kuramya no guhimbaza Imana. Amakorari atandukanye nayo akomeje kuririmba mu ndirimbo zitandukanye zabo bateguye.
DSC_0891 DSC_0892 - Copy DSC_0892 DSC_0893      ftd
11h:34: Bishop akomeje avuga ko gushima binezeza Imana ndetse akomeje avuga ko asenga Imana imweretse ko igiye gukora imirimo n’ibitangaza ku bantu benshi. Ati: Vuga mumutima wawe vuga ngo;Uwiteka we ni wowe ubizi unyibuke kandi unsure.
Ati: Uyo wasuwe n’Uwiteka ibintu byose bigenda neza ahari amarira hahinduka umunezero,….
Iyo Uwiteka yagusuye uwari ingumba abyara karindwi, Imana yibutse Hana, ikibuka abrahamu ,ikibuka Sardaka , meshake na Abedenego natwe iratwibuka none, kuko niyo yabanye nabatubanjirije kandi natwe irabana natwe none kuko ntabwo ihinduka.
Bishop akomeje asabira umugisha ndetse no kubana n’Imana ku bantu bari gukurikirana iri teraniro mu bice bitandukanye. Ati: Uwiteka akwibuke kandi agusure,….
Ati Uwiteka ntiyite ku magambo mabi bakuvuzeho cyangwa baguhanuriyeho, cyangwa uko abakurambere bakuvuzeho,ahubwo Uwiteka arenze cyane ibyo byose byakuvuzweho bibi.
Ati; Iyi ni Imana y’abadafite shinge na rugero,ni Imana y’inpfubyi n’abapfakazi, ni Imana yababuze ubahoza kandi iyo yagusuye biramenyekana hose kuko ntabwo agusiga nk’uko yagusanze. Byanze bikunze amateka yawe arahinduka.
11h: 55: Mumwuka wo kuramya no guhimbaza Imana: Bishop Rugagi mu ndirimbo zitandukanye zo kuramya no guhimbaza Imana afatanyije n’itsinda ryo kuramya no guhimbaza:
Mfite ikimenyetso kirenze kimwe kinyemeza yuko Yesu agira neza, iyo mirindi n’iya papa, nsanze uri Mana mana we , yitwa ntihemuka iyo niyo Mana yanjye….
12h:18, Umwanya wo gutanga icyacumi abakristu bari gutambuka batuje bajya imbere gutanga kimwe mu icumi kubyo Imana yabahaye,arinako Bishop asabira umugisha buri umwe. Ari nako itsinda ryo kuramya no guhimbaza baririmba bati: Eyawe kumama, Kumama yawe nanga,…
12h:28: Prof Jeje guturuka muri Cote d’ivoire. Atangiye asuhuza iteraniro Zaburi
Abagabo n’abagore bafitanye isezerano n’Imana nibo bagabo n’abagore b’icyubahiro imbere y’Imana.
Akomeje avugako iyo ufite amavuta adakomeza gukurikirana abana bawe ngo ni uko umubyeyi we afite amavuta, ariko iyo ufite isezerano rirakomeza rikagera no kubana bawe ndetse n’abagukomoka,
Akomeje avuga ngo Imana izakubera icyo uzayita. N’uyita Imana y’imbaraga izakubera inyembaraga,n’uyita umubyeyi izakuberara umubyeyi,…
DSC_0966
Prophete Jeje ari kubwiriza.
Prophete Jeje ari kubwiriza.

Bishop Rugagi Innocent imbere mu iteraniro.
Bishop Rugagi Innocent imbere mu iteraniro.

13h:21: Prophete Jeje asabye abenyetorero guhagarara bakakira umugisha asabiye itorero mu izina rya Yesu. Umugisha wo kwagura
Yesaya19: Ngo Uwiteka azanye isezerano ryo kuvuduka,isezerano ryihuse Imana iraritanze. Ngo ibyo abandi bakoze mu myaka 10 muri iri torero bazabikora mu mwaka 1.
Asabye abakristu gukora ikimenyetso cy’ubuhanuzi aho asabye buri muntu kwiruka akagenda yatura n’akanwa ke ati: Ndiruka kugira ngo nsingire umugisha wanjye.
Buri muntu arikwiruka n’umukozi w’Imana ariko asenga yatura umugisha ku bantu bose barikwiruka.
13h:29: Bishop Innocent nyuma y’uko Prophete ashoje gusengera abantu ndetse no gusabira itorero umugisha muri rusange.  Asabye abakristo kwumva no kwumvira Imana ati: Niba hari icyo ijwi ry’Imana rigusaba kugira isezerano n’Imana urigire akokanya. Ati: Isezerano rikora ibikomeye, isezerano rizura abapfuye,isezerano rikora ibikomeye,…
13h:44; Mwalimu Damascen ahagurutse imbere y’iteraniro,asaba Imana imbabazi,Bishop ndetse n’Iteraniro muri rusange kuba yarumvise ijwi ry’Imana kera cyane ijwi ryamubwiraga ngo agende agurishe umurage we maze awuzane ku Itorero biteze imbere umurimo w’Imana ariko akinangira umutima kugeza aho yongeye kwumva ijwi ry’Imana uyu munsi. None yemeye gutanga umurage we uko gasigaye kangana kwose(  kuko bagiye bagurisha isambu ye mu buryo butasobanutse) kugira ngo kaze gukora umurimo w’Imana.
14h:02: Habaye igikorwa cyo kwerekana abageni bafite ubukwe ku Itariki 18/02/2016,
Bishop ashoje amateraniro yibutsa ko amateraniro akomeza nimugoroba kandi ko amasengesho y’iminsi 120 agikomeje. Asoza asabira abashyitsi ndetse n’abasangwa umugisha uturuka ku Mana.
 
Mukazayire Immaculee
 
 
 
 
 
 
 
 
 
 
 
 
 
 
 
 
 
 
 
 
 
 
 
 
 
 
 
 
 
 
 
 
 
 
 
 
 
 
 
 
 
 
 
DSC_0875 DSC_0874
Bararamya Imana bati; Ayo maraso yawe turayashimira
Bararamya Imana bati; Ayo maraso yawe turayashimira

DSC_0869 DSC_0868 DSC_0867 DSC_0866

72 COMMENTS

  1. Just wish to say your article is as astounding. The clearness in your post is simply excellent and i could assume you are an expert on this subject. Fine with your permission allow me to grab your feed to keep updated with forthcoming post. Thanks a million and please carry on the enjoyable work.

  2. Hello, you used to write fantastic, but the last few posts have been kinda boring¡K I miss your tremendous writings. Past few posts are just a bit out of track! come on!

  3. Hiya very cool blog!! Guy .. Excellent .. Wonderful .. I will bookmark your site and take the feeds additionally¡KI am satisfied to search out so many useful information right here within the post, we’d like work out more techniques on this regard, thank you for sharing. . . . . .

  4. I’ve been having issues with my Windows hosting. It has set me back quite a bit while making the next list. This is the current list that I have. I should add another list in less than a week. I’ll let you all know when the next list is ready. Thank you for your patience.

  5. Hello, Neat post. There is a problem with your site in web explorer, would check this… IE nonetheless is the marketplace chief and a huge portion of folks will omit your excellent writing because of this problem.

  6. I think this is one of theamong the most importantsignificantvital informationinfo for me. And i’mi am glad reading your article. But wannawant toshould remark on fewsome general things, The websitesiteweb site style is perfectidealgreatwonderful, the articles is really excellentnicegreat : D. Good job, cheers

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here