Home AMAKURU ACUKUMBUYE Uburyo bwo gukorakora umugore ugamije ko yifuza imibonano mpuzabitsina.

Uburyo bwo gukorakora umugore ugamije ko yifuza imibonano mpuzabitsina.

Basomyi b’Ubumwe.com  dukunda, uyu munsi turifuza kuvuga ku byerekeranye no gukorakora (caresser) umugore bigamije ko yakenera ko muryamana.
Tubanze twemeranye ku kintu kimwe, caresses ni ikintu cy’ingenzi cyambere mu bitera kwifuza kuryamana hagati y’umugore n’umugabo. Bizwi ko ubundi mu miterere y’umugore , inkomoko yo kwifuza ituruka kure, atari kimwe n’umugabo ushyuha vuba biturutse ku kuba gusa ijisho rye rimweretse umugore unyuzehoyambaye tuntu tugufi, amashiusho afite ukuntu ateye , n’ibindi nk’ibyo. Abagore rero siko bateye , umugore yifuza kuba yabwirwa amagambo meza, kumwereka urukundo, ariko cyane cyane kumukorakora aribyo tugiye kwibandaho hano.
Muri uyu mwandiko turi buvuge ku byiciro bitatu bya caressesnya hagati y’umugore n’umugabo, guhera ku rwego ruto kugeza ku rwego  rwo hejuru.
Mu gutangira ariko turabanza dusobanure caresse icyo aricyo, n’uburyo ikorwamo biraza kudufasha kugira ngo tuze kugera kuri za nzego zo hejuru twavuze.
Caresse ni iki? Yakorwa ite?
. Caresse isobanurwa nko gukorakora umuntu  mu buryo bworoheje, buyobowe n’amarangamutima, n’ibyiyumvo, niyo mpamvu iyo ukorakora umugore wawe udashyiramo imbaraga ngo utsindagire, ahubwo ni ukumukoraho buhoro.
. Caresse ikorwa mu buryo busanzwe (naturelle) no mu gihe gikwiye, mu kiganiro murimo kugirana.
. Guhinduranya igihe n’inshuro zo  gucaressa umugore. Ntabwo uko  wakorakoye umugore ejo ariko wabikora uyu munsi, Ibyo hari igihe bitamunezeza.
. Caresses zigomba kugira igihe zimara gitandukanye. Ushobora gukora ku mugore mu buryo bwihuse, mu buryo butinda ho gato,(nk’ahantu runaka , nko ku kuboko k’umugore). Uko ugenda uhindura igihe caresse imara niko ku mugore agenda abifata nk’ibintu bisanzwe; bikamugera imbere  mubwonko.
. Caresse uyikora ukurikije amarangamutima n’ukuntu wo ushaka kuyikorera abyitabiriye. Uburyo umuntu yasobanura ibyo ni nkuko utacaressa umuntu mukimenyana uwo mwanya nkuko wabikora k’uwo musanganywe. Hari igice cy’umubiri wakoraho ku muntu musanganywe, utakoraho ku muntu mugihura ako kanya.
Ni izihe caresses wakora ku mugore ukurikije urwego rw’ubusabane mufitanye.
Uburyo bwa caresses ku rwego rwo hasi
Urugero mu gihe mukimenyana,
. Koresha aya mayeri: Sa nkaho ushaka kumukura akantu kamugiye ku ngohe (birumvikana, ntakaba gahari), noneho ubonereho umucaresse ku itama buhoro, kandi wihuta.
. Rambika ikiganza cyawe ku mugongo we uhere hejuru umanuke hasi, buhoro ku buryo udatsindagira , hanyuma ukureho ikiganza nanone buhoro.
. Rambika ikiganza ku rutugu rwe, wongere ubikore nkuko yabikoze mu mugongo umanuke buhoro  nanone ukureho ikiganza buhoro. Ibyo wabikora no ku nkokora uganisha imbere ku  kuboko.
. Mu kiganza. Ukoreshe uburyo bwo gushaka kureba akantu mu kiganza cye, nkuko babyitaga kureba akana, mufungure ikiganza usa nk’ushakisha ako kantu  ubonereho ku mucaressa, urimo ukora ibyo.
. Gu caressa ivi; Mu gihe mwicaranye umugore akagira  icyo akuvugisha, mu kumusubiza bikore urambika vuba ikiganza ku ivi rye, nyuma mu kugikuraho, ubikore uri caressa .
Izi caresses zacyirwa n’umugore mu gihe ubikoze witwaje (, uzigize urwitwazo,pretexte)  ikiganiro murimo kugirana, , ntabe arizo werekana ko ugamije ahubwo ibyo muvugana.
Urwego rwa Kabiri rwa Caresses.
Uko mukomeza kumenyana cyangwa uko ikiganiro kirushaho gutera imbere, niko ushobora kugenda ugera no ku myanya nakwita iy’ibanga y’umugore. Ushobora kuba utaragera aho umusoma, ariko muri iki cyiciro nabyo biba byegereje.
.Mu mugongo: Bwa mbere mu rwego rwa mbere twabonye ko umugore umukoraho buhoro mu mugongo, muri uru rwego tugezeho rero ho ushobora kumurambika ikiganza mu mugongo ukawu caressa bigatinda, ku buryo umugore noneho yumva ibyo urimo gukora.
Ukoresheje rero igikumwe, intoki, ikiganza; ushobora gukaressa umugongo umwereka urukundo, cyangwa se ukora umukino wo kumwandika inyuguti runaka mu mugongo, ukamusaba gufindura iyo nyuguti iyo ariyo.Uwo mukino wawitwaza uka mu karesa.
Ku itako rye: Ukoresheje ikiganza kimanure ukizamura ku itako rye, ukaresa itako rye kugira ngo atangire kwifuza. Mu gihe ubona ko arimo kubyakira, ushobora kugenda uzamuka ugana ku gitsina.
. Ku kuboko kwe, hagati y’inkokora, n’ikiganza, ku ruhande rw’imbere atari inyuma; ushobora kugendeshaho ikiganza cyawe cyangwa imitwe y’intoki, uzamuka, umanuka buhoro, utihuta.
. Gusoma ijosi rye: Uzamuye imisatsi, koza iminwa yawe buhora ku ijosi rye, udatsindagiye, ku buryo ubwunyunyu bumwinjiramo.
Gukaresa , urwego rwa gatatu.
Uru rwego urugeraho waramaze  kumusoma, aha ngaha iyo ubyitwayemo neza , ukamukaresa uko bikwiye , haba hasigaye gato akakwiha wese.
Icyo wakora:

  • Kumukaresa umunwa ukoresheje urutoki: Koza urutoki rwawe ku munwa w’umugore buhora ugende urumanura uhereye hejuru ugana hasi .
  • Ukoresheje umunwa shyira agace k’ugutwi kagana hasi mu minwa yawe utangire kukanyunyisha iminwa,(sucoter) cyanwa uruma ugutwi buhoro
  • Gukaresa ikibuno: Ukoresheje imitwe y’intoki,cyangwa ikiganza, karesa ikibuno cye haba mbere y’igikorwa cyangwa mu gihe ibikorwa byo kuryamana birimo gukorwa.
  • Kurigata imoko z’amabere:Ukoresheje ururimi rwawe, zunguruka inkomo z’amabere kugeza igihe inkomo zihagurutse zikabyimba., umugore agashyuha. iyo bigeze aho haba  hasigaye igihe gito mukaryamana.

 
 
Nyiragakecuru.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here