Home AMAKURU ACUKUMBUYE Uburusiya: Ubumwe bw’amatorero ya gikristo i burayi barasaba inkunga y’amasengesho

Uburusiya: Ubumwe bw’amatorero ya gikristo i burayi barasaba inkunga y’amasengesho

Ubusanzwe nkuko bikunze kugaragazwa amatorero ku mugabane w’I burayi akunze gusaba inkunga y’amsengesho nk’ikimenyetso kigaragaza ugukara k’uburyo ibintu bihagaze mu Burusiya. Itegeko rishya ntiryemera na gato ivugabutumwa iryo ariryo ryose rikorerwa ahantu rusange abantu bakunda guhurira yewe nahatagerwa na bose. Dore uko ibintu biteye:

• Ubu abanditswe mu murayango runaka byemewe n’amategeko ni bo bemerewe kujya hamwe bagasenga,
• Ibibwirizwa by’abahuje ukwemera ntibyemewe kubera mu nsengero no muzindi nyubako zemewe zo gusengeramwo,
• Ndetse ubu birabujijwe kuba abantu baterana bagasengera mu ngo zabo. Kwishyirahamwe kw’abahuje ukwemera ntibyemewe,
• Gutanga ubutumwa n’ibibwirizwa ku mbuga nkoranyambaga nabyo ntibyemewe, Utazubahiriza itegeko azabihanirwa.
People attend the funeral mass for Cardinal Aloysius Ambrozic at St. Michael's Catholic Cathedral, in Toronto, August 31, 2011.    REUTERS/ Brett Gundlock (CANADA - Tags: SOCIETY RELIGION OBITUARY)
Ibi byatumye imbaga y’abantu ihaguruka maze igira icyo ibivugaho nkuko infochretienne dukesha iyi nkuru bakomeje babivuga .
Bamwe bati “ turasaba abakristo bo ku mugabane w’I Burayi guhagurukira icyarimwe nk’abavandimwe bagasenga cyane, ati “ dusenge Imana yaduhaye ubwenge,umurava n’ikizere, ati nugusenga kugirango ibi byemezo bishya bitume amatorero yishyirahamwe kandi ubu bumwe bukagaragara mu rukundo,dusenge kugirango abayobozi b’Uburusiya baboneko iritegeko rishya atari ingenzi kandi ribuza ukwishyira ukizana kwa muntu kandi dushikame kugirango uku gutotezwa Imana iguhereho mu gukomeza, gukuza no kwagura itorero ryayo.
Abandi ntibahwemye no kwifashisha imirongo y aBibiliya nko Muri Yeremiya:32:27 hagira hati “Dore ndi Uwiteka Imana y’ibifite imibiri byose. Mbese hariho ikinanira?”.
Ibi ntibibaye gusa mu Burusiya kandi si rimwe ubwoko bw’Imana butotejwe. Abemera Imana dusabire abavandimwe natwe tutiyibagiwe.

By Zarcy Christian

92 COMMENTS

  1. Hello there, You’ve done an excellent job. I’ll definitely digg it and personally recommend to my friends. I am confident they will be benefited from this website.

  2. I have been surfing online more than 3 hours today, yet I never found any interesting article like yours. It’s pretty worth enough for me. In my view, if all webmasters and bloggers made good content as you did, the internet will be a lot more useful than ever before.

  3. You can certainly see your enthusiasm in the work you write. The world hopes for more passionate writers like you who aren’t afraid to say how they believe. At all times go after your heart.

  4. Someone necessarily lend a hand to make seriously posts I would state. That is the first time I frequented your web page and to this point? I amazed with the research you made to make this actual submit extraordinary. Excellent process!

  5. I have to show my respect for your kind-heartedness for persons who must have guidance on this particular subject matter. Your very own commitment to passing the solution all around became remarkably productive and has consistently allowed somebody much like me to reach their targets. The warm and friendly useful information can mean much to me and much more to my fellow workers. With thanks; from all of us.

  6. Hi, Neat post. There’s a problem with your website in internet explorer, would check this… IE still is the market leader and a big portion of people will miss your fantastic writing due to this problem.

  7. Hi this is somewhat of off topic but I was wondering if blogs use WYSIWYG editors or if you have to manually code with HTML. I’m starting a blog soon but have no coding knowledge so I wanted to get guidance from someone with experience. Any help would be enormously appreciated!

  8. Magnificent goods from you, man. I’ve understand your stuff previous to and you’re just extremely great. I really like what you’ve acquired here, certainly like what you are saying and the way in which you say it. You make it enjoyable and you still take care of to keep it smart. I can’t wait to read much more from you. This is actually a terrific site.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here