Home Uncategorized Ijambo ry’Imana: Ibi byagufasha niba uri umugore wamenye Imana

Ijambo ry’Imana: Ibi byagufasha niba uri umugore wamenye Imana

Ubuzima tubamo bwa buri munsi usigaye ubona ingo nyinshi zitakirangwa n’ubwumvikane buhamye ndetse usanga abenshi muri bo baba wenda ugansanga mu rugo rw’umugabo n’umugore umwe arakijijwe cyangwa akunda gusenga ariko ku rundi ruhande undi nawe ntago abikozwa. aha rero twaguteguriye zimwe mu ngingo zagufasha kumenya umugore wamenye Imana.umwana mwiza
1. Ntugacire umugabo wawe urubanza kuko nta mugabo numwe unezezwa n’umugore w’ingare (abef 4.29)
2. Umugore w’umunebwe ntagira icyo yitaho. Ntanamenya ko umubiri we ukeneye gusukurwa no kwoga (imigani 24.27, imigani 20.13)
3. Hari imitekere umugabo wawe akunda? Ujye ugerageza guhinduranya amafunguro. Nta mugabo utita kw’ifunguro ategurirwa (imigani 31.14)
4. Ntukifuze ibintu cyane ku mugabo, unezezwe iteka n’ibibonetse (luka 11.3)
5. Ujye umenya kwakira neza umugabo wawe cg undi wese winjiye iwawe. Niyo yaba ari ikirahure cy’amazi ufite. Umutima n’imyitwarire myiza nibwo bwiza bw’umugore mwiza (imigani 31.11)
6. Ntukifatanye n’abagore bananiwe ingo zabo cg bananiwe urushako rwabo (imigani 22.14)
7. Urugo rwawe rugira agaciro kuko uruhaye agaciro. Kwifata nabi ntibyemewe (abaheburayo 13.4)
8. Imbuto zo munda yawe ni umugisha uva ku Mana, ujye ukunda abana bawe ubigishe neza (imigani 22.6)
9. Ntabwo ukuze cyane byagira ingaruka ku rugo rwawe ngo urutererane. Ntukareke kurwitaho ku mpamvu iyo ariyo yose. (Imigani 31.28)
10. Umugore usenga Imana (cg wizera Yesu) aba yuzuye kandi aba yujuje ibisabwa. Iteka ujye usengera umugabo wawe n’umuryango wawe. (Abates 5.27

48 COMMENTS

  1. “Fantastic blog! Do you have any suggestions for aspiring writers? I’m hoping to start my own site soon but I’m a little lost on everything. Would you propose starting with a free platform like WordPress or go for a paid option? There are so many options out there that I’m completely confused.. Any recommendations? Kudos!”

  2. “I just wanted to make a brief note in order to express gratitude to you for the unique tips you are sharing on this site. My extensive internet research has at the end of the day been honored with beneficial content to share with my companions. I would state that that most of us readers actually are really blessed to dwell in a notable place with very many outstanding professionals with useful techniques. I feel pretty fortunate to have come across the web pages and look forward to tons of more thrilling moments reading here. Thanks once more for everything.”

  3. “Interesting post right here. One thing I would like to say is that often most professional fields consider the Bachelor Degree like thejust like the entry level standard for an online degree. Although Associate Diplomas are a great way to get started on, completing your current Bachelors opens many entrance doors to various employment goodies, there are numerous on-line Bachelor Diploma Programs available from institutions like The University of Phoenix, Intercontinental University Online and Kaplan. Another issue is that many brick and mortar institutions present Online editions of their college diplomas but usually for a substantially higher price than the institutions that specialize in online college diploma plans.”

  4. “Just desire to say your article is as amazing. The clearness to your post is simply cool and i could think you are knowledgeable in this subject. Well along with your permission allow me to seize your RSS feed to keep up to date with imminent post. Thank you 1,000,000 and please continue the gratifying work.”

  5. “Thanks for the various tips provided on this site. I have realized that many insurance companies offer prospects generous savings if they prefer to insure multiple cars together. A significant amount of households have got several autos these days, in particular those with old teenage youngsters still residing at home, along with the savings upon policies can easily soon mount up. So it pays off to look for a great deal.”

  6. “I’m not that much of a internet reader to be honest but your sites really nice, keep it up! I’ll go ahead and bookmark your website to come back later. Many thanks”

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here