Home AMAKURU ACUKUMBUYE Menya uko urukiko rwaciye urubanza rw'umupadiri wafashe umwana w'imyaka 10 ku ngufu.

Menya uko urukiko rwaciye urubanza rw'umupadiri wafashe umwana w'imyaka 10 ku ngufu.

Rimwe mu mategeko agenga idini ya Gatuirika ni uko umupadiri agomba kuba ari ingaragu,ariko umwe mu bapadiri bo mu gihugu cya Nigeria witwa Antony Ochigbo yafashe umwana w’imyaka 10 kungufu,gusa uwo mwana bikaba bitemewe ko amazina ye yatangazwa.

Uko niko abaturage bari bari hanze y'urukiko baje kumva urubanza
Uko niko abaturage bari bari hanze y’urukiko baje kumva urubanza

K’umumsi w’ejo kuwa kabiri ibwo uyu mupadiri yajyanywe imbere y’urukiko rukuru rwa Abuja,ari nawo murwa mukuru w’iki gihugu.
Ubwo yari ari imbere y’abacamanza,umwe umushinjacyaha yagize ati:’Mu byukuri nakabereye aha nibwo bwa mbere mbonye umupadiri ufata ku ngufu,twari dusanzwe twumva ko baryamana n’anbabikira ariko kuri ubu ho biratangaje pe”.
Gusa ayo magambo y’umushinjacyaha ntabwo yahawe agaciro cyane kuko hagiye hatangwa ubuhamya bugaragagaza ko uyu mupadiri yaba arengana
Perezida w’urukiko, Alhaji Umar Kagarko we yavuze ko uyu mupadiri arenganurwa  n’ingingo ya 282 mu gitabo cyihanabyaha,ko batiriwe bifashisha amategeko arengera abana kuko bisa naho bikubiyemo.
Uyu mucamanza kandi yakomeje avuga ko akuyeho Padiri icyaha,ko urega ashobora kongera akajurira mu rukiko rukuru akaba ari nabo bareba cyane ku mategeko arengera uburenganzira bw’umwana.
Nubwo uyu mupadiri yashinjwaga  gufata ku ngufu,iki ntabwo muri iki gihugu ari igitangaza kuko abantu bari hagati ya 50 na 80 bivugwa ko bafashwe ku ngufu buri munsi muri iki gihugu.
By : Zarcy Christian

78 COMMENTS

  1. “I truly wanted to compose a small message so as to thank you for all the fantastic items you are giving out here. My time-consuming internet investigation has at the end been paid with useful ideas to go over with my close friends. I would say that most of us site visitors are extremely lucky to dwell in a decent website with so many marvellous professionals with good opinions. I feel somewhat blessed to have seen the site and look forward to so many more amazing minutes reading here. Thanks again for a lot of things.”

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here