Home AMAKURU ACUKUMBUYE Ubuhamya bugukomeza mubyo urikunyuramo: Nick Vujicic

Ubuhamya bugukomeza mubyo urikunyuramo: Nick Vujicic

Nick Vujicic yavutse ku itariki 4 z’ukwezi kw’ukuboza mu mwaka wa  1982 muri Melbourne mu Gihugu cya  Australie, avuka nta maguru afite ndetse nta namaboko afite. Yarangije amashuriye ya Kaminuza ku myaka 21 y’amavuko uyu mugabo ahamya ko ubuzima bwe bwaranzwe n’ibibazo byinshi ndetse n’ingorane nyinshi ariko ashimira Imana ko ubu ari umuvugabutumwa uhamya gukomera no kugira neza kw’Imana
Hari ubutumwa yakugeneye kugira ngo bugufashe nawe none mubyo uri kunyuramo:
Amazina yanjye ni Nick Vujicic kandi ndashima Imana kubona maze imyaka mirongo itatu y’amavuko nta maguru nta n’amaboko mfite.Ariko nfata ubuzima bwanjye mu buryo bworoheje ariko mbifashijwemo n’Imana ndetse n’ababyeyi banjye nkunda nabo bakankunda ubu ubuzima bwanjye bwuzuye ibyishimo n’icyizere. Ubu ntuye muri California hamwe n’umugore wanjye Kanae, tubona abantu benshi bafashwa kubera kumbona ndiho ubuzima ndimo. Kandi nawe ndizera ko umu buhamya bwanjye bugira ikintu kinini buhindura ku buzima bwawe
Navutse ndetse nkurira muri  Melbourne,  mu Gihugu cya Australia, ababyeyi banjye baratunguwe cyane kumbona mvutse nta maboko ndetse n’amaguru mfite kuko kandi ntambamvu yagaragazwa n’abaganga.  Ababyeyi banjye bakoze ibishoboka byose kugira ngo nige kandi niyumve nisanzuye mu buryo bwose bari bashoboye.  Nagize n’umugisha wo kugira abavandimwe kandi bari n’inshuti zanjye.
Twaje kuva ahongaho tujya ahitwa  Brisbane, muri  Australia, aho twahabaye imyaka cumi n’ine nza kuhava njya muri  California. Ku kigero cy’imyaka umunani numvaga nihebye nta cyerekezo cy’ubuzima numvaga mfite . Ngize imyaka icumi nashatse kwiyahura nijugunye mu mazi ariko nyuma yo kwitegura ngo niyahure nza kwibaza agahinda naba nsigiye ababyeyi banjye maze mpitamo kubyihorera.
Ubwana bwanjye bwaranzwe n’umubabaro ukabije. Ku myaka cumi n’itatu navunitse amino yanjye nakoreshaka ibintu byinshi nko kurya,kwandika ndetse no kwoga. Iyo mvune yatumye nanzura ko ngomba gutekereza cyane no guha agaciro ubushobozi mfite kurusha gutekereza cyane ku b’ubumuga mfite.
Mu kigero cy’imyaka cumi n’itanu nibwo nashyize ukwizera kwanjye kwose ku Mana rero urwo rwaje kuba urugendo rushimishije cyane kandi rw’igitangaza..
Ku ishuri aho nigaga batangira kujya njya mu ruhame maze nkababwira ibijyane n’imyemerere yanjye  rero ku myaka cumi n’irindwi nibwo nagerageje. Ntangirira ku itsinda rito ariko nabwo nkumva ntashoboye kuvuga mu ruhame ,ariko gahoro gahoro ntangira kugenda menyera guhagarara imbere y’imbaga y’abantu ngatangira kubasangiza ubuhamya n’imyemerere yanjye. Ndibuka ngitangira nahagaze imbere ntangira kumva ndi gutitira mu mavi kubera ubwoba.  Maze ndi kuvuga umukobwa umwe yavugije induru cyane ari kurira maze arahaguruka aravuga ati “ mumbaba rire kubarogoya ari ushobora kunyemerera nkaza aho imbere nkaguhobera?”yigisha abanyeshuri
Yaraje arampobera imbere y’iyo mbaga yari iteraniye aho. Anyongorera mu gutwi ati” urakoze,urakoze,urakoze, nta muntu mu buzima wari wambwira ngo arankunda cyangwa ngo ambwire ngo ukomeze ndi mwiza”
Ibyo uyu mukobwa yakoze byatumye ntekereza kugenda mu bihugu mirongo ine na bine kandi mvuge inshuro ibihumbi bibiri. Byanyeretse ko twese dukeneye urukundo,icyizere kandi numvaga ibyo bibiri mbifite kuburyo nabisangiza abatuye isi.
Nubwo abo naganirizaga bari abenshi abanyeshuri bo muri kaminuza. Naje gushyira imbaraga mu kumenya kuvugira mu ruhame, aho naje kwigishwa n’umutoza anyigisha kuba umuvuzi w’ijambo mwiza,maze anyigisha n’uburyo umuntu atanga ubutumwa akoresheje ingingo.
Maze gutangiza ishyirahamwe nagize ibyigisho byinshi byo kuvugaho.  Nza gutangiza na Minisiteri idaharanira inyungu yitwa” Ubuzima nta ngingo” kugira ngo nsakaze ubutumwa bwanjye bujyanye n’imyemerere ndetse n’icyizere mu isi yose.
Uko umeze kose,aho uturuka hose ndetse n’ibibazo byose uri gucamo. Ndizera ko ufashwa n’ubu butumwa ndetse n’ubuhamya bwanjye. Ndizera kandi ko bigufasha kugira aho uvuye ndetse nahandi heza ugera.
Tekereza cyane muvandimwe wanjye kandi ntuzacike intege. Twese dukora amakosa ari nta n’umwe mutwe uri ikosa. Uzafate umwanya umwe wiyatureho ibintu byiza ,amahame mashya,icyizere ngusangije  kandi ndizera ko nawe bizagufasha.
Imana iguhe umugisha wowe ufashishwe n’ubu buhamya bwanjye kandi Imana ihindure amaganya yawe kuba ibyishimo nkuko ubu nanjye nibereye mu buzima bw’umudendezo gusa.
 
Mukazayire Immaculee

61 COMMENTS

  1. Nibyo cyane uramfashije kandi ndumva ni ukuri ikigeragezo cyawe gikomeye cyane kurusha icyanjye ahubwo mpise numva njye ntan’ikibazo mfite pe!!!!!!!!!!!!!!

  2. You’re in some serious need of relaxation. That’s where a site like http://www.camgirl.pw comes in handy. You can do a whole lot of relaxing there. You’ll find plenty of fun girls to talk to. These are the hottest and most wild girls on the internet. Chat with them and have yourself a good time.

  3. Simple and easy!! Interesting information over here. It’s pretty worth enough for me. In my view, if all webmasters and bloggers made good content as you did, the web will be a lot more useful than ever before.| I could not refrain from commenting. I have spent 2 hours looking for such article. I’ll also share it with a couple of friends interested in it. I have just bookmarked this web. Now with the search done, I’ll find some WAGs Webcams. Gracias!!! Regards from Mundial 2018!

  4. I would like to thnkx for the efforts you have put in writing this site. I am hoping the same high-grade web site post from you in the upcoming as well. Actually your creative writing skills has inspired me to get my own website now. Actually the blogging is spreading its wings fast. Your write up is a good example of it.

  5. Good blog! I truly love how it is easy on my eyes and the data are well written. I am wondering how I might be notified when a new post has been made. I’ve subscribed to your feed which must do the trick! Have a nice day!

  6. Great site. Lots of helpful info here. I am sending it to several friends ans also sharing in delicious. And of course, thanks in your effort!

  7. Hello there friend! I discovered your blog site on google and check a few of your early posts. Continue to keep up the very good operate. I just additional up your RSS feed to my MSN News Reader. Seeking forward to reading more from you later on!? Again thanks alot for this!

  8. Very nice post and straight to the point. I don’t know if this is really the best place to ask but do you people have any ideea where to get some professional writers? Thanks 🙂

  9. This is the fitting blog for anyone who needs to seek out out about this topic. You understand so much its nearly exhausting to argue with you (not that I really would want…HaHa). You undoubtedly put a brand new spin on a topic thats been written about for years. Nice stuff, simply great!

  10. Superb site you have here but I was wondering if you knew of any discussion boards that cover the same topics discussed in this article? I’d really love to be a part of group where I can get opinions from other experienced people that share the same interest. If you have any suggestions, please let me know. Many thanks!

  11. Thank you for sharing excellent informations. Your web-site is very cool. I’m impressed by the details that you¦ve on this site. It reveals how nicely you understand this subject. Bookmarked this web page, will come back for more articles. You, my pal, ROCK! I found simply the info I already searched everywhere and just could not come across. What a great web-site.

  12. “Definitely imagine that that you stated. Your favourite justification seemed to be on the internet the simplest thing to keep in mind of. I say to you, I definitely get irked whilst other people think about worries that they just do not recognize about. You controlled to hit the nail upon the top and outlined out the entire thing without having side-effects , people can take a signal. Will likely be again to get more. Thanks”

  13. Thank you for writing this awesome article. I’m a long time reader but I’ve never been compelled to leave a comment. I subscribed to your blog and shared this on my Facebook. Thanks again for a great post!

  14. I have not checked in here for a while because I thought it was getting boring, but the last several posts are great quality so I guess I will add you back to my daily bloglist. You deserve it my friend 🙂

  15. I’ve been having issues with my Windows hosting. It has set me back quite a bit while making the next list. This is the current list that I have. I should add another list in less than a week. I’ll let you all know when the next list is ready. Thank you for your patience.

  16. HiWhat’s upHi thereHello Dear, are you reallyactuallyin facttrulygenuinely visiting this websiteweb sitesiteweb page regularlydailyon a regular basis, if so thenafter thatafterward you will definitelyabsolutelywithout doubt takegetobtain nicepleasantgoodfastidious experienceknowledgeknow-how.

  17. An impressiveAn outstanding share! I haveI’ve just forwarded this onto a colleaguefriendcoworkerco-worker who waswho had beenwho has been doing aconducting a little researchhomework on this. And he in factactually boughtordered me breakfastlunchdinner becausesimply becausedue to the fact that I foundI discoveredI stumbled upon it for him… lol. So let meallow me to reword this…. Thank YOU forThanks for the meal!! But yeah, thanxthanks for spending the timetimesome time to discussto talk about this matterissuetopicsubject here on your sitewebsiteweb siteinternet siteweb pageblog.

  18. AwesomeVery goodSuperbWonderfulFantasticExcellentGreat sitewebsiteblog you have here but I was curiouswanting to knowcurious aboutwondering if you knew of any user discussion forumsmessage boardscommunity forumsdiscussion boardsforums that cover the same topics talked aboutdiscussed in this articlehere? I’d really lovereally like to be a part of grouponline communitycommunity where I can get advicefeed-backresponsesopinionscommentssuggestionsfeedback from other knowledgeableexperienced individualspeople that share the same interest. If you have any recommendationssuggestions, please let me know. Bless youThanks a lotKudosCheersMany thanksThank youAppreciate itThanks!

  19. AwesomeVery goodSuperbWonderfulFantasticExcellentGreat sitewebsiteblog you have here but I was curiouswanting to knowcurious aboutwondering if you knew of any user discussion forumsmessage boardscommunity forumsdiscussion boardsforums that cover the same topics talked aboutdiscussed in this articlehere? I’d really lovereally like to be a part of grouponline communitycommunity where I can get advicefeed-backresponsesopinionscommentssuggestionsfeedback from other knowledgeableexperienced individualspeople that share the same interest. If you have any recommendationssuggestions, please let me know. Bless youThanks a lotKudosCheersMany thanksThank youAppreciate itThanks!

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here