Home IYOBOKAMANA BIRABABAJE: Umupasteri yabwiye abantu ngo bitange bamfashe kuko narimfite ikibazo gikomeye, Nyuma...

BIRABABAJE: Umupasteri yabwiye abantu ngo bitange bamfashe kuko narimfite ikibazo gikomeye, Nyuma yokwitanga arabinyima abigira ibye.

Uko amatorero arushaho kwiyongera mu Rwanda ni nako usanga hari amwe n’amwe agenda agaragaza gukora ibikorwa bidafututse. Ndetse wareba neza ugasanga byaba atari bitari ibikorwa byagakwiye gukorwa n’uwiyita umukozi w’Imana.
Umugore witwa Maria ufite imyaka 34 y’amavuko yatubwiye uko umupasteri yamuhemukiye kuburyo yumva atazigera abyibagirwa mu buzima , kuko ngo yamuhemukiye kandi yari amwizeyeho kumufasha.
Maria umugore wari umaze gutabwa n’umugabo aho yari atuye Inyamata maze uwo mugabo we agatwara ibintu byose munzu ndetse na matelas yo kuryama ho kuburyo ijoro ryari ryakeye yari yaryamye hasi ku musambi aririra Imana. Aganiriza umunyamakuru w’Ubumwe.com yamubwiye uko umu pasteri yamuhemukiye.
Mumagambo ye Maria ati: “ Njyewe nari naraye ndira ndi kubwira Imana ngo indengere aho umugabo yari ansize munzu y’inkodeshanyo agenda atwaye abana 2 twari twarabyaranye ndetse antwara n’ibikoresho byose byo munzu. Ubwo narabyutse hari umugore w’inshuti yanjye dusanzwe dusengana aho Inyamata kandi yari azi ibyambayeho maze ansaba ko twakwigira I Kigali tukajya gusenga.
Naramwemereye maze arambwira ngo tugende gusengera Kimisagara( Itorero ntitwashatse kurivuga izina) Ubwo twaragiye tugeze mu iteraniro dusanga abakristu bakubise baruzura pe. Ni uko natwe turinjira turasenga bigera mu mwanya wo gusengera ibyifuzo, bahamagara abantu kujya imbere maze pasteri akabasengera.
Njyewe aho nari nicaye numvaga bihagije kuko numvaga mfite ukwizera kudashidikanya ko ndibusengere aho nari nicaye kandi Imana ikanyumva ikansubiza. Ubwo yasengeye abagiye imbere ashoje arongera aravuga ngo: Ndikwumva umwuka w’Imana umbwira ko hari umuntu waraye urira Imana igiye gutabara.
Ubwo mu mutima abivuze ndavuga nti: Abarara barira mu Rwanda ni benshi ntabwo ari njye Maria njyenyine, kandi koko hahagurutse benshi arabasengera. Arongera ati abaraye batariye ndongera mu mutima nti: Ndabizi ko ababurara ari benshi kandi koko barahagurutse arabasengera.
Ashoje yaje guhagarara mu gihande nari nicayemo hanyuma aravuga ati: Aha hantu hari umugore waraye urira kandi nta matelas afite yaryamye ku musambi ni ahaguruke Imana igihe ku mushumbusha. Nibyo koko nta n’undi muri icyo gihande wiyumvise uretse njyewe njyenyine.
Ubwo yahise ambwira ngi nimpaguruke njye imbere. Ubwo narahagurutse kandi nagiye numva Imana koko intabaye kuko mu bintu byose byari byambabaje cyane ni ukubura matelas ndyamaho kuko ndwara umugongo. N’ubwo nari nabyutse uri kumbabaza cyane kuko nari naraye nabi.
Ubwo naragiye ngeze imbere pasteri abwira Itorero ati: Uyu muntu Imana imuzanye imbere yanyu kugira ngo bibe ikizamini cyo kugobotora imigisha yanyu. Ati uyu mudamu arababaye cyane ariko mu kanya gato arataha yishimye cyane. Ubwo nari nipfutse mu maso ndi gusenga Imana ariko ndi no kurira.
Ubwo abantu batangiye gutanguranwa baza kwitanga bari bashyize ibiseke bibiri imbere abantu baritanze kugeza byuzuye, bagera aho bazana amafaranga bakajya banshyira ku birenge abandi bazana imyenya yabo baritanga abandi bakiyandikisha ngo bazampa ama boubou(imyenda ihenze y’abagore) abakuraga ibintu mu masakoshi yabo bakayampa,… Byageze aho umupasteri arambaza ngo ni iki numva kimbabaje cyane maze nda vuga ngo matelas. Pasteri aba afashe indangurura majwi ati: Uyu mubyeyi akeneye matelas yo kuryamaho.
Ubwo akibivuga umugabo umwe aba arahagurutse ati: Njyewe ncuruza matelas Nyabugogo ndamwemereye ejo saa cyenda nzaba mugereje matelas aho ndumva ariyo yaburaga azaze ayifate hano ku Rusengero.
Ubwo mu mutima numvaga nanjye ubwanjye byandenze ukuntu Imana inshubije. Ubwo ubwitange bwarashojwe hanyuma asaba abadiyakoni kurundanya ibyo binyu byose maze bambwira ko iterniro nirisozwa nyura mu buyobozi tukavugana. Ubwo nasubiye kwicara mu mwanya wanjye.
Nyuma dushoje nahise ngenda kubonana n’abayobozi nkigeramo pasteri abwira umudiyakoni ngo andebere itike rinjyana Nyamata ngo nzagaruke ejo. Ubwo nagiye kubona mbona wa mugore w’umudiyakoni ampereza amafaranga igihumbi ngo ni tike ngo nzagaruke ejo mvugane na Pasteri.
Ubwo naratashye tugenda dushima Imana njye nawa mubyeyi wari wanzanye gusenga dushima Imana ko Imana ari nkuru. Uwo mugore ariko nabonaga yenda gushidikanya n’ubunyangamugayo w’abo bantu kuko yibazaga impamvu bampaye amafaranga 1000 gusa kandi ariya yose batanze ari ayanjye. Cyangwa  impamvu batampaye ibyo bikoresho byose bari bitanze harimo nk’imyenda n’inkweto. Ariko kuko hari abari batanze amasezerano ko bazabizana ejo ndetse nawawundi wa matelas njye nahitaga numva ko ari ibyo bategereje kugira ngo bazabimpere rimwe.
Ubwo bwarakeye nsubirayo ngezeyo barambwira ngo pasteri arahuze nimbe nihanganye. Ubwo nahageze 15h:30 kuko ari ko baribambwiye byageze 18h kandi ngomba gutaha Nyamata maze negera umudiyakoni wari usigaye kuko abandi bose bari batashye maze ndamubwira ngo bambwirire pasteri ko bwije maze mbyumva uko amusubiza ati: Harya uwo arashaka iki? Wa mudiyakoni numva aramushubuje ngo niwawundi w’ejo. Ubwo aba aramubwiye ngo: Ariko ubwo uba uje kumbwira ibintu nk’ibyo ubu ubona mfite umwanya? Ati sindinogusobanukirwa ubwo icyo ashaka,mubwire agende azaze ejo 10h mfite umwanya.
Byose bavuganaga nari nabyumvise ariko umudiyakoni araje arambwira ngo: Ihangane ambwiye ko atari yabona akanya ngo uzagaruke ejo 10h. Ubwo nahise ntangira kugira ikibazo bitewe n’ukuntu nari namwumvise amusubiza ariko ndataha.
Kuko ntarimfite itike kandi ejo ngomba kugaruka nahisemo gushaka mu nshuti zanjye I Kigali aho ndara kugirango nzabyuke nsubirayo. Mugitondo nasubiyeyo 10h nari ngezeyo. Nagezeyo noneho mbere ya Pasteri kuko yaje ahansanga maze ahita anyegera arambaza ngo Yesu ashimwe nti: Ahimbaze. Ati harya urashaka iki? Mpita mubwira ngo ninjye wawundi ejo bundi mwasengeye narinje kubareba ngo mumpe byabindi abantu bitanze kubwanjye.
Maze arambwira ngo ibyo bitanze? Ndamusubiza ngo Yego. Ati nonese ibyo bitanze ninde wakubwiye ko ari ibyawe wowe ko icyo wari ubabaye kurusha ibindi ari matelas, ahita ambwira ngo ningende mubiro bampe nomero z’uwo mugabo ucuruza matelas Nyabugogo kuko ariwe wayitanze ngo nzamubwire ayimpe.
Ubwo numvise amarira abunze mu maso numva ngize na kamere nkaho namusubiza nabi ariko Umwuka w’Imana abimfashamo. Ubwo naringize uburakari ngo mpite nigendera n’izo nomero nzihorere. Ariko nibutse ko nyibabaye hanyuma barazimpa. Ubwo narabanje ndataha kuko numvaga mbabaye bidasanzwe.
Bukeye nahamagaye wa mugabo maze arambwira ngo yambwiye ko bucya wa munsi matela ayijyana ku itorero ati:  Matela narayihagejeje rwose genda bayiguhane n’ibindi namaze kuyigezayo.
Ubwo nasubiyeyo bukeye bwa nyuma na nyuma kugira ngo numve icyo bambwira bwa nyuma ni uko ngezeyo Pasteri arambwira ngo arumva ntakintu yabivugaho ngo kuba matela banyemereye batazi irengero ryayo. Ubwo nahise mubwira ngo nibambabarire basi bampe tike incyura kuko ayo narimfite yari yashiriye mu ngendo nza kubareba. Arambwira ngo ni nihangane nshake undi uyampa ngo muri budget y’Itorero ntabyo bashyizemo cyakora arambwira ngo nsige nomero yanjye matela yanjye ngo niboneka bazampamagara.
Ubwo natashye numva uwo mupasteri ariwe umpemukiye kurusha ibyo umugabo wanjye yankoreye. Kugeza n’ubu ntibarampamagara kandi hashije imyaka hafi 6.”
 
Mukazayire Immaculee
 

138 COMMENTS

  1. Cool! Interesting info over this web. It’s pretty worth enough for me. In my opinion, if all website owners and bloggers made good content as you did, the internet will be a lot more useful than ever before.| I could not resist commenting. I have spent 2 hours trying to find such informations. I will also share it with a couple of friends interested in it. I’ve just bookmarked this web. Now with the search done, I going to visit some Russia 2018 Webcams. Thanks!! Regards from WM 2018!

  2. You’re in some serious need of relaxation. That’s where a site like http://www.camgirl.pw comes in handy. You can do a whole lot of relaxing there. You’ll find plenty of fun girls to talk to. These are the hottest and most wild girls on the internet. Chat with them and have yourself a good time.

  3. F*ckin’ amazing things here. I’m very happy to look your post. Thanks a lot and i am having a look forward to touch you. Will you kindly drop me a e-mail?

  4. You’ve been working hard lately. All that stress has got to be eating at you. Why not take a break and enjoy some cam girls? There’s plenty of them to enjoy at http://www.camgirl.pw It’s wall to wall babes at this site. You’ll know that right away after your first visit.

  5. It’s actually a great and helpful piece of information. I’m glad that you simply shared this helpful information with us. Please stay us up to date like this. Thank you for sharing.

  6. Hello there friend! There are certainly a lot of details like that to take into consideration. That is a great point to bring up. I offer the thoughts above as general inspiration but clearly there are questions like the one you bring up where the most important thing will be working in honest good faith. I don?t know if best practices have emerged around things like that, but I am sure that your job is clearly identified as a fair game. Both boys and girls feel the impact of just a moment?s pleasure, for the rest of their lives. Again thanks alot for this!

  7. Hello there friend! There are some interesting points in time in this article but I don?t know if I see all of them center to heart. There is some validity but I will take hold opinion until I look into it further. Good article , thanks and we want more! Added to FeedBurner as well Again thanks alot for this!

  8. I have been exploring for a little for any high-quality articles or blog posts on this sort of area . Exploring in Yahoo I eventually stumbled upon this web site. Reading this information So i’m satisfied to show that I have a very good uncanny feeling I came upon exactly what I needed. I most no doubt will make certain to do not forget this site and provides it a glance on a relentless basis.

  9. I cling on to listening to the news update lecture about receiving boundless online grant applications so I have been looking around for the most excellent site to get one. Could you tell me please, where could i get some?

  10. Sweet blog! I found it while browsing on Yahoo News. Do you have any suggestions on how to get listed in Yahoo News? I’ve been trying for a while but I never seem to get there! Many thanks

  11. Nice read, I just passed this onto a colleague who was doing a little research on that. And he just bought me lunch as I found it for him smile Therefore let me rephrase that: Thanks for lunch!

  12. I¦ll immediately snatch your rss as I can not find your e-mail subscription link or newsletter service. Do you have any? Kindly let me understand in order that I could subscribe. Thanks.

  13. Hiya, I am really glad I’ve found this info. Nowadays bloggers publish only about gossips and internet and this is really frustrating. A good blog with exciting content, that’s what I need. Thanks for keeping this web site, I will be visiting it. Do you do newsletters? Can not find it.

  14. Thanks for publishing this awesome article. I’m a long time reader but I’ve never been compelled to leave a comment. I subscribed to your blog and shared this on my Facebook. Thanks again for a great post!

  15. Every guy out there needs to talk to a hot girl sometimes. There’s just one site that’s full of the hottest babes on the entire internet. That site is http://www.camgirl.pw and it’s going to put a smile on your face. Make sure you spend some of your precious free time there. It’ll be the best decision that you’ve made in quite some time.

  16. Hello! This is kind of off topic but I need some guidance from an established blog. Is it hard to set up your own blog? I’m not very techincal but I can figure things out pretty fast. I’m thinking about setting up my own but I’m not sure where to begin. Do you have any points or suggestions? Thank you

  17. 防曬粉 BB粉底霜 亮麗柔滑打底乳液 亮麗柔滑控油打底乳液 有機幹細胞修護CC霜 潤澤防曬底霜 礦物質潤澤慕斯 礦物質奇幻粉餅 礦物質蜜粉 完美礦物粉底 控油定妝蜜粉 高清控油粉餅 控油蜜 保濕滋潤噴霧 有機抗氧爽膚噴霧 有機抗敏保濕

  18. Thanks a lot for providing individuals with an extraordinarily memorable possiblity to read critical reviews from this blog. It is usually so enjoyable and packed with fun for me and my office co-workers to visit your web site at the very least thrice every week to study the fresh tips you have got. And definitely, I’m just at all times amazed with all the attractive secrets served by you. Some 3 points in this article are ultimately the most impressive I have ever had.

  19. What’s Taking placeHappeningGoing down i’mi am new to this, I stumbled upon this I haveI’ve founddiscovered It positivelyabsolutely helpfuluseful and it has helpedaided me out loads. I am hopingI hopeI’m hoping to give a contributioncontribute & assistaidhelp otherdifferent userscustomers like its helpedaided me. GoodGreat job.

  20. I would like toI mustI’d like toI have to thank you for the efforts you haveyou’ve put in writing thispenning this blogwebsitesite. I am hopingI’m hopingI really hope to seeto viewto check out the same high-grade blog postscontent from youby you in the futurelater on as well. In factIn truth, your creative writing abilities has inspiredmotivatedencouraged me to get my ownmy very ownmy own, personal blogwebsitesite now 😉

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here