Home Uncategorized Ese Patient Bizimana yaba atangiye kwigana Israel Mbonyi?

Ese Patient Bizimana yaba atangiye kwigana Israel Mbonyi?

Ese Patient Bizimana yaba atangiye kwigana Israel Mbonyi?
Umuhanzi  Patient Bizimana ni umwe mu baramyi bakunzwecyane kandi bamaze gutera imbere mu Rwanda ndetse no hanzeyarwo,uyumusoreyagiye akora indirimbo nyinshi zakunzwecyane zirimo: Ubwobuntu n’izindi nyinshi . Ariko muri iyiminsi uyumusore akaba afite indirimbo yitwa Igitambambuga nayoirikugenda ikundwacyane muri  iyiminsicyane ko amaze kuyirirmba rimwe mu gitaramo.
Muri iyiminsi rero umuhanzi Israel Mbonyi arikugenda akora ibitaramo byinshi bitandukanye aho yatangiye k’umunsi wambere agikora igitaramo cyamberemuri Kigali, yaririmbye indirimbo ye nshya yitwa Sinzibagirwa ndetse iyindirimbo ikaba itaranajya hanze.Uyumuhanzi akunda kuyiririmba muri buri gitaramo ndetse ikaba imaze no kujya mu matwi yaburiwese kuko akenshi basigaye banayimwisabira
Mbonyi iyo agiye kuririmba iyi ndirimbo avugako ari iya Alubumu yakabiri arigutegura kandi ko ari nshyashya,Ibikandi bikaba bisanaho bitamenyerewe cyane mu iyobokamana.
mbonyi
Ku cyumweru gishizerero umuhanzi Patient Bizimana na Israel Mbonyi bahuriye mu gitaramo cya Herman Worshippers,Mbonyi akaba ariwewabanje kuririmba mbere ya Patient ,akabarero yarabigenje nk’uko asanzwe abigenza aririmba indirimbo nshya itarakorwa muri Studio.
Nyumayahorero umuhanzi Patient Bizimana yaje kujya kuririmba ahita abanza aririmba igitambambuga nawe avugako arinshya kandi irikuri Alubumu ye yaKabiri,ibirero benshi bakaba baratekerejeko yaba ari ukwigana Mbonyi.
Gusa mukiganiro yagiranye n’umunyamakuru w’Ubumwe.Com,Patient yatangajeko atari ukumwigana ahubwo ari ibintu bisanzwe kandi ntakibazo kirimo.
Mu magambo ye Patient Bizimana yagize ati:”Njyewentabwo niganye Mbonyi ahubwo ni ibintu bisanzwe kuko sinjye wambere ndetsen’abandibazaza”.
 
Zarcy Christian

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here