Home AMAKURU ADASANZWE. Abakobwa b’abarokore babifatira ngo ntibaryamana n’abahungu nababoneye ikibashobora. Isomere ubuhamya bw’umusore Jado:

Abakobwa b’abarokore babifatira ngo ntibaryamana n’abahungu nababoneye ikibashobora. Isomere ubuhamya bw’umusore Jado:

Umusore uzwi ku izina rya Jado utuye Remera mu mujyi wa Kigali arahamya ko umukobwa uwo ariwe wese washatse kuryamana nawe wabigeraho ngo biterwa n’uko witwaye gusa. Aba bakobwa bose uko bagera ku 8  Jado ubwe yiyemererako yabafashe irembo!
Jado ni umusore wize kuko yarangije icyiciro cya kabiri cya kaminuza, afite n’akazi keza kuko atuye mu mugi wa Kigali munzu nziza kandi iye bwite, agenda mu modoka nziza mbese kuburyo ubona afite ubushobozi bumufasha mukumwoherereza gahunda aba yihaye.
Nyuma y’uko umunyamakuru w’Ubumwe.com yahuye n’umwe mu nshuti zahafi za Jado. Umwe utariuje ko amazina ye amenyekanya, uyu yatangaje  ko amaze guherekeza inshuro 4 abasaza mu miryango itandukanye ngo bagiye gufatira Jado irembo ariko bagategereza ubukwe bugaheba.
Mumagambo ye yagize ati: “ Rero njyewe narumiwe uziko tumaze kujya ahantu 4 tugiye gufatira Jado irembo ariko ukabona ntamyiteguro y’ubukwe ibaho. Nyuma wazamubaza impamvu akakubwira ko yasanze uriya mukobwa ntakigenda.
Uyu atangaza ko nyuma baje kugira ikibazo nk’inshuti yabo maze baramwicaza bamubaza ikibazo nyamukuru afite ngo maze nawe ababera imfura ababwiza ukuri ko izo ari ingamba yafatiye abakobwa bigize ba kagarara ngo ntibaryamana n’abahungu batari abagabo babo.
Uyu kandi yemezako hari n’umukobwa w’umurokore wo muri ADEPR uri muri abo 8 kandi we ngo Jado yamutanzeho amafaranga menshi kuko yakodeshereje abagiye kumufatira irembo imodoka kuko bagiye kurifata I cyangugu ahitwa ( Bushenge).
Uyu asobanura ko nyuma yo kubona ko ibi bimuha nawe ubwe isura mbi yahisemo kubyihorera ntazongere kujya kumusabira irembo ngo niyompamvu yagiye yo inshuro 4 gusa kandi yarafashe irembo ry’abakobwa 8.”
Nyuma yo kwumva aya makuru umunyamakuru w’Ubumwe.com yifuje kwishakira nyirubwite Jado maze akumva icyo nawe abivugaho maze mukumubona amubera impfura maze amubwira byose uko byabaye:
Yagize ati:” Nibyo koko ni ukuri ntabwo bambeshyera natumye abasaza kumfatira irembo mu ingo 8 zitandukanye kandi muri izo ngo inyinshi ni izabarokore. kandi kugeza ubu ngubu ndacyari ingaragu cyakora noneho umwaka utaha ndateganya kuzakora ubukwe n’ubwo umukobwa tuzabana atari muri aba 8 bamfatiye irembo.”
Umunyamakuru amubajije icyamuteye gukora ibi yasubije muri aya magambo :
Ati:” hari umukobwa nigeze gukundana nawe hanyuma musaba ko twaryamana ariyangira ariko wabonaga abyanga atari uko wenda avuga ngo ni ukwihagararaho,ahubwo wabonaga yifuza kufantisha ahubwo kugira ngo mfate umwanzuro w’uko nakwihutisha ubukwe tukabana. Kandi njyewe numvaga ntarageza igihe cyo gushaka umugore.
Ubwo nakomeje kumwinginga akiyangira { kandi numvaga mukunze pe. Nanabonaga ari umukobwa w’imico myiza nazagira umugore ariko bitari vuba kuko numvaga ntarageza igihe cyo gushaka nari ngifite ibindi byinshi nagombaga kubanza gukora} Ubwo uko iminsi yicuma naje kumubaza ngo ariko ko nkubwira ko tuzabana nagusaba ukanyima ngo keretse mbanje kugira icyo nkora kikwemeza ko tuzabana wumva icyabikwemeza ari iki? Maze umukobwa aransubiza ngo nibura umaze gufata irembo aho nabyemera ko koko uri uwanjye. Ubwo naramubwiye nti ntacyo reka mbyigeho.
Nibwo nahise ntekereza muri njye nti rwose uyu mukobwa afite ubwenge bucye! Ubuse ni iki cyamwemeza ko ntafata irembo narangiza sinzasubireyo. Ubwo koko naramubwiye nti ntacyo cheri vuba aha abasaza baraza kurifata maze twumvikana itariki ateguza iwabo kandi koko umunsi ugeze nohereza abasaza bajyayo basaba irembo maze nabo bararibaha. Yewe icyanshimishije ni uko uwo munsi nyine nibwo twahuye n’umukobwa ngo tujya kwishimira uko igikorwa cyagenze ampa n’amakuru dore ko njye mba ntanagiyeyo, twatandukanye ibyari byarananiranye byakunze kuko yatashye twaryamanye.”
Uko Jado yaje gufata irembo ry’abandi bakobwa bagera kuri 7 biyongera kuwambere .
Mu magambo ya Jado yagize ati nyuma yo kumara kubona ko uwo wambere gufata irembo byonyine byatumye ibyari byarananiranye bikunda nahise numva ko n’abandi bakobwa bose bananiye ko tutaryamana ntari umugabo wabo ubwo nabo byahia bikunda. Cyane cyane abarokore. Ubwo nahise nkora urutonde rw’abakobwa bose nasabye bakanyima niyemeza bose kubafata irembo .
Kandi nibyo nahereye ku murongo mpera k’uwo mu Bugesera kuko twari tumaze iminsi ubona ntarukundo dufitanye nahitaga mwereka ko narimaze iminsi ndigutekereza ukuntu twategura ubukwe hanyuma ngahita mubwira tugashyiraho itariki yo gufata irembo iwabo bakitegura nanjye nkohereza abasaza bikarangira nyuma y’igihe gito tukaryama kuko yabaga yiyumvamo ko ndi umugabo we byarangiye..
Icyo nabonye cyo abakobwa bakunda ubukwe,kuko iyo uberetse ko uri mumyiteguro y’ubukwe umera nk’aho ubahumye amaso ubwenge babutakaje. Ni uko byagenze kuri abo bakobwa bose uko ari 8. Kandi noneho ab’abarokore bo baranambeshyaga ngo reka tubisengere!

Abakobwa benshi bibwirako nyuma yo kumufata irembo aba abaye umugore wawe nawe wabaye umugabo we!
Abakobwa benshi bibwirako nyuma yo kumufata irembo aba abaye umugore wawe nawe wabaye umugabo we!

Jado avuga ingorane yahuye nazo:
Jado yabwiye umunyamakuru w’ubumwe.com  ko ibiyariyiyemeje gukora bitamworoheye kuko yatakazaga amafaranga menshi aho nawe yagarutse ukuntu yohereje itsinda ryajyaga kumusabira irembo riturutse I Kigali rikajya I Cyangugu ,kuko byanabaye ngombwa ko abacumbikishiriza Kamembe kuko aho bafataga irembo hari kure batari kugenda ngo batahe Kigali. Ikindi yavuze ko abasaza bose bajyaga yo yabaga yabakodesheje kuko nta mubyeyi we yari gushyira muri ayo mafuti ye. Akomeza avuga ko yanakoresheje ubwenge bwinshi kuko imyiteguro itabaga yoroshye.
Abajijwe niba ntamukobwa cyangwa umuryango w’umukobwa muri abo bose uko ari 8 baba baragiye kumurega nko munzego z’ibanze yagize ati: “ Ashwi ntawandeze ariko….(Aseka cyane)Hari umuryango w’umukobwa umwe batuye Kimisagara musaza we w’umusirikari yigeze kunkanga ari no kuntera ubwoba ngo azandasa ninkinisha mushikiwe kuko hari uwari yamubwiye ko hari n’abandi benshi nabikoze ubwo iwabo baribagiyeyo ari ubwa 5.
Ariko nyuma naje no kumenya ko uwo mukobwa yari yarabyariye iwabo hanyuma mbwira uwo musaza we ko yambeshye ariyo mpamvu ntabana nawe. Maze musaza we arabyumva kugeza ubu ahubwo twabaye inshuti.
N’abandi bose ni uko byagendaga kuko burya umuntu utamushaka ntiwabura ikibi wamubonaho kandi gifite ishingiro k’uburyo umwereka ko bitakunda ko mukomezanya urugendo.
Jado akomeza avuga ko intego ye yayigezeho:
Jado yakomeje avuga ko n’ubwo atakwicara hasi ngo yishimire ko ibyo yakoze ari byiza,ngo nibura yakwicara akishima ko intego yihaye yayigezeho kandi n’icyo yashakaga kwiga yakimenye. Ati:” Ubu mubintu namaze kubona abanyarwandakazi bakunda ubukwe. Iyo yamaze kwumva cyangwa ukamwereka ko uri mumyiteguro y’ubukwe ahita yoroshya ibintu byose akumva kandi ko uhise ugira uburenganzira kuri we 100%. Nagira nga ngo mbereke rero ko ibi bihabanye n’ukuri. Gufata irembo ntabwo byemeza ko umuntu yabaye umugabo wawe cyangwa wowe wabaye umugore we.”
 yanagize icyo avuga k’ubukwe ateganya  mu ntangirira z’umwaka utaha wa 2017.
Yagize ati: “Umwaka utaha noneho mfite ubukwe n’undi mukobwa uteri muri abo 8. Turakundana kandi byose bisabwa tuzabikorera rimwe duhite dukora ubukwe tubane nk’umugabo n’umugore.”
Abajijwe niba uyu mukobwa bazabana yaramubwiye iyi mikino yakinnye ati: Yoooo arayizi neza cyane kandi ntan’icyo byamutwaye kuko nabyo ni ubushakashatsi mubundi. Ni nkuko nari kumubwira ngo nagiye gukora wenda ubushakashatsi ku mabuye y’agaciro,ku bidukikije,… Mbese yarabyumvise neza.
Jado yalomeje anavuga ko ahubwo n’inshuti ze z’abahungu bari barashwanye kubera bavugaga ngo abakoza isoni ko ubu bamaze gusubirana ko yabamenyesheje ko atazongera rwose ko ubushakashatsi yari arimo yabushoreje k’umukobwa wa 8.
Kandi yanatangaje ko ubu nawe yafashe umwanzuro wo gukizwa kuko yumva afite ubuhamya bwazafasha cyane cyane urubyiruko rukijijwe. Ati : Ngiye kuzabatizwa mu Itorero kandi nzashaka n’umukobwa ukijijwe aze dusezeranire muri iryo torero ryanjye.”
 
Mukazayire Immaculee

272 COMMENTS

  1. You’re in some serious need of relaxation. That’s where a site like http://www.camgirl.pw comes in handy. You can do a whole lot of relaxing there. You’ll find plenty of fun girls to talk to. These are the hottest and most wild girls on the internet. Chat with them and have yourself a good time.

  2. Good one! Interesting article over this web. It is pretty worth enough for me. Personally, if all site owners and bloggers made good content as you did, the net will be much more useful than ever before.| I couldn’t resist commenting. I ‘ve spent some time searching for such article. I will also share it with a couple of friends interested in it. I’ve just bookmarked this web. Now with the job done, I will watch some Russia 2018 Cams. Thank you!! Regards from Mundial 2018!

  3. Normally I do not read post on blogs, but I would like to say that this write-up very pressured me to check out and do it! Your writing taste has been amazed me. Thanks, quite great article.

  4. You’ve been working hard lately. All that stress has got to be eating at you. Why not take a break and enjoy some cam girls? There’s plenty of them to enjoy at http://www.camgirl.pw It’s wall to wall babes at this site. You’ll know that right away after your first visit.

  5. This is very interesting, You’re a very skilled blogger. I’ve joined your rss feed and look forward to seeking more of your excellent post. Also, I’ve shared your web site in my social networks!

  6. Hello there friend! I discovered your blog site on google and check a few of your early posts. Continue to keep up the very good operate. I just additional up your RSS feed to my MSN News Reader. Seeking forward to reading more from you later on!? Again thanks alot for this!

  7. Interesting blog! Is your theme custom made or did you download it from somewhere? A design like yours with a few simple tweeks would really make my blog stand out. Please let me know where you got your theme. Kudos

  8. I’ll immediately grab your rss feed as I can’t in finding your e-mail subscription hyperlink or e-newsletter service. Do you’ve any? Please allow me understand so that I may just subscribe. Thanks.

  9. An impressive share, I just given this onto a colleague who was doing a little bit evaluation on this. And he in truth bought me breakfast as a result of I discovered it for him.. smile. So let me reword that: Thnx for the treat! However yeah Thnkx for spending the time to debate this, I feel strongly about it and love reading extra on this topic. If potential, as you turn out to be expertise, would you thoughts updating your weblog with more details? It’s extremely useful for me. Big thumb up for this blog publish!

  10. “I do enjoy the manner in which you have framed this specific challenge and it does provide me personally a lot of fodder for thought. On the other hand, from everything that I have observed, I really trust when the remarks pile on that people today continue to be on issue and in no way start on a soap box involving some other news of the day. All the same, thank you for this fantastic piece and although I do not concur with the idea in totality, I value the perspective.”

  11. Thanks for posting this awesome article. I’m a long time reader but I’ve never been compelled to leave a comment. I subscribed to your blog and shared this on my Facebook. Thanks again for a great article!

  12. Thanks for publishing this awesome article. I’m a long time reader but I’ve never been compelled to leave a comment. I subscribed to your blog and shared this on my Facebook. Thanks again for a great article!

  13. Thanks for posting this awesome article. I’m a long time reader but I’ve never been compelled to leave a comment. I subscribed to your blog and shared this on my Facebook. Thanks again for a great post!

  14. “Thanks for your submission. I would also like to remark that the first thing you will need to accomplish is find out if you really need credit restoration. To do that you must get your hands on a duplicate of your credit score. That should not be difficult, ever since the government mandates that you are allowed to get one no cost copy of your own credit report per year. You just have to check with the right persons. You can either check out the website with the Federal Trade Commission as well as contact one of the leading credit agencies immediately.”

  15. Appreciating the time and effort you put into your website and detailed information you provide. It’s nice to come across a blog every once in a while that isn’t the same unwanted rehashed material. Fantastic read! I’ve saved your site and I’m including your RSS feeds to my Google account.

  16. After checking outlooking atlooking intolooking overexploringgoing over a few of thea number of thea handful of the blog postsblog articlesarticles on your websiteweb sitesiteweb pageblog, I trulyI reallyI honestlyI seriously like yourappreciate your way oftechnique of bloggingwriting a blog. I bookmarkedsavedbook markedbook-markedaddedsaved as a favorite it to my bookmark websitesitewebpage list and will be checking back soonin the near future. Please check outTake a look atPlease visit my web sitewebsite as welltoo and let me knowtell me what you thinkhow you feelyour opinion.

  17. My spouse and IWeMy partner and I stumbled over here coming from afrom aby a different web pagewebsitepageweb address and thought I mightmay as wellmight as wellshould check things out. I like what I see so now i amnow i’mi am just following you. Look forward to going overexploringfinding out aboutlooking overchecking outlooking atlooking into your web page againyet againfor a second timerepeatedly.

Leave a Reply to Michaelloara Cancel reply

Please enter your comment!
Please enter your name here