Home Uncategorized Abanseka ngo nta cyogereza nzi Yezu n’umubyeyi Bikiramariya baba babarire: Myasiro...

Abanseka ngo nta cyogereza nzi Yezu n’umubyeyi Bikiramariya baba babarire: Myasiro Jean Marie Vianney.

Myasiro Jean Marie Vianney umwana umwe w’umuhungu mu bakobwa batandatu mu muryango avukamo wamenyekanye cyane hano mu Rwanda ndetse no mumahanga kubera umukino wo kwiruka na maguru. Ahamya ko ibyo akora byose abifashwamo na Yezu n’umubyeyi Bikiramariya.
Myasiro Jean Marie Vianney, umukinnyi w’ikipe y’Igihugu y’imikino Ngororamubiri  y’abatarengeje imyaka 20 witabiriye imikino ya shampiyona muri Pologne yiswe “2016 IAAF World Junior (U20) Championships”, agakuraho umuhigo w’u Rwanda nyuma y’imyaka 12.
Uyu musore usengera mu Idini rya Gaturika ndetse akaba anaririmba muri korari ebyiri zitandukanye Arizo : Abahimbazimana n’iyindi yitwa catholic community zose zo muri paruwase ya Busanze mu Karere k’iyogezabutumwa rya Kibeho.
Uyu musore nyuma y’uko yaganiriye n’umunyamakuru mu rurimi rw’icyongereza nyuma ayo mashusho n’amajwi byafashwe asubiza bikaza gukwirakwizwa ku mbuga nkoranya mbaga nyinshi ndetse cyane cyane ama groupe menshi  ya wtsap iyi video yabagezeho.
Umunyamakuru w’Ubumwe   yifuje kumenya uko Myasiro yakiriye ibi maze mu magambo ye adutangariza ibi bikurikira: “ Ubundi njye abantu bansetse sinabona izina ryiza nabita kuko byarandenze ariko sinakubwira ko byambabaje, hoya njyewe ndi umukinnyi  nzi uburyo ngomba kwitwara imbere y’umwe wese yaba ari ku nserereza kabone niyo yantuka pe( fair play). Ikigeretse kuri ibyo kandi ndi umukristu natojwe kwihangana.”
Yatangaje ko akazi kamutwaye byari ukwiruka bitari ukuvuga icyongereza:
Myasiro mu magambo ye yagize ati” Ubundi mu bintu abatoza banjye bantoje ntabwo kuvuga icyongereza byarimo. Njyewe ibyo bantoje n’ibyo bantumye ndahamya ko nabikoze neza ndetse cyane kuko nakoresheje imbaraga nyinshi kugeza naho n’umvise nkoresheje izirenze ubushobozi bwanjye nka Myasiro. Ikindi kandi simpamya ko hari umuntu ushyira mu gaciro wakagombye kunseka ngo navuze icyongereza nabi.
Ikindi nk’aba kora siporo barabizi kuva kwiruka ahantu hangana kuriya utaranaruhuka abantu bagaherako bagutunga micro uziko urebye nabi n’izina ryawe waryibagirwa? Ibi mbivugiye ko hari n’abana twiganye muri secondaire bambazaga bati “ mbese noneho wari wabaye iki ko twiganye uri umuhanga! Ahubwo nshima umubyeyi Bikiramariya n’umwana we Yezu uko bambaye hafi  ngahagararira igihugu cyanjye neza. Abansetse n’abavuze amagambo mabi  Yezu n’umubyeyi Bikiramariya baba babarire.”

Myasiro ati " Ni ukuri njye nari nagiye kwiruka sinarinajyanywe no kuvuga icyongereza"
Myasiro ati ” Ni ukuri njye nari nagiye kwiruka sinarinajyanywe no kuvuga icyongereza”

Myasiro abajijwe niba hari icyo ateganya gukora kugira ngo amenye icyongereza cyisumbuyeho yashubije muri aya magambo:
Nibyo nubwo kuvuga indimi atariwo mwuga wanjye ariko bitewe n’umwuga wanjye nkeneye  kumenya indimi. Niyo mpamvu ubu hari ishuri ryigisha indimi hano Kigali ubu natangiye kwiga ahubwo kuko n’ubu tuvugana mvuye kw’ishuri. Cyane cyane ko ndi mu myiteguro yo kuzajya kwiga Kaminuza muri Amerika n’ubundi ngakomeza mu mwuga wanjye wa Athletics, kugeza ubu natangaza ko icyizere kiri kuri 90% ko umwaka utaha mu kwezi kwa mbere nzajya kwiga.”
Myasiro yongeye kwibutsa abantu ko icyari kubasetsa ari nk’uko bari kumubwira wenda ngo aririmbe indirimbo yubahiriza Igihugu cyacu ikamunanira cyangwa bakamubaza ijambo ry’Ikinyarwanda rikamunanira. Naho kutavuga icyongereza neza ntawagakwiye ku museka kuko ntaho yahuriye n’urwo rurimi mu buryo buhagije ku buryo yagakwiye kumuseka ko ari umuswa.
Myasiro yashoje asaba Imana ko Izakomeza kumuba hafi no kumushoboza mubyo akora byose
Mu magambo ye yagize ati “ Ubundi njye navutse mu muryango ukijijwe bantoza kujya nkorera Imana no kubahiriza gahunda zose za Kiriziya. Ubwo naje kuba Umuhereza nyuma nza kuba umusomyi ndetse ndi n’umwe mu muryango w’Abasaveri. Ndasaba Imana kuzabana nanjye nubwo nazagera kurwego rwisumbuyeho sinzibagirwe Imana ndetse sinzanabure umwanya wo kuzajya njya mu Kiriziya .
Tubibutse ko Myasiro  yashoje amasuri ye yisumbuye umwaka ushize mu ishami rya MEG( Mathematics Economy and Geography) .
 
Mukazayire Immaculee
 
 
 

143 COMMENTS

  1. Ahahahahahahahaha! Mbega Myasiro uzi gusubiza!!! Ngo mubyo bamutumye kuvuga icyongereza ntibyari birimo! Aho urabahaye ndakwemeye bien.

  2. “I have seen that car insurance businesses know the vehicles which are prone to accidents and other risks. In addition, they know what sort of cars are inclined to higher risk as well as higher risk they have the higher the premium amount. Understanding the straightforward basics with car insurance just might help you choose the right types of insurance policy which will take care of your preferences in case you become involved in any accident. Thanks for sharing a ideas with your blog.”

  3. “”Excellent read, I just passed this onto a friend who was doing a little research on that. And he actually bought me lunch because I found it for him smile So let me rephrase that Thank you for lunch!””

  4. Hello there friend! I?m impressed, I must say. Really rarely do I encounter a blog that?s both educative and entertaining, and let me tell you, you have hit the nail on the head. Your idea is outstanding; the issue is something that not enough people are speaking intelligently about. I am very happy that I stumbled across this in my search for something relating to this. Again thanks alot for this!

  5. Thanks for writing this awesome article. I’m a long time reader but I’ve never been compelled to leave a comment. I subscribed to your blog and shared this on my Facebook. Thanks again for a great article!

  6. Every guy out there needs to talk to a hot girl sometimes. There’s just one site that’s full of the hottest babes on the entire internet. That site is http://www.camgirl.pw and it’s going to put a smile on your face. Make sure you spend some of your precious free time there. It’ll be the best decision that you’ve made in quite some time.

  7. “Thanks for your article. I would love to say a health insurance brokerage service also works best for the benefit of the actual coordinators of the group insurance coverage. The health broker is given a long list of benefits wanted by anyone or a group coordinator. Such a broker does is find individuals as well as coordinators which best fit those needs. Then he shows his referrals and if all sides agree, this broker formulates a contract between the two parties.”

  8. “I have noticed that in video cameras, extraordinary sensors help to target automatically. The sensors of some digital cameras change in in the area of contrast, while others work with a beam with infra-red (IR) light, specifically in low light. Higher specs cameras at times use a mixture of both systems and probably have Face Priority AF where the dslr camera can ‘See’ any face and focus only upon that. Thanks for sharing your notions on this blog.”

  9. An interestingA fascinatingAn intriguingA motivating discussion is worthis definitely worth comment. I thinkI believeI do believeI do thinkThere’s no doubt that that you shouldthat you ought tothat you need to writepublish more onmore about this topicsubjectissuesubject matter, it might notit may not be a taboo subjectmatter but generallyusuallytypically people do notpeople don’tfolks don’t speak aboutdiscusstalk about suchthese topicssubjectsissues. To the next! CheersMany thanksAll the bestKind regardsBest wishes!!

  10. “I actually wanted to compose a small word to be able to thank you for these fabulous steps you are showing at this site. My long internet research has at the end been rewarded with incredibly good content to talk about with my friends. I would assume that we site visitors actually are very much blessed to be in a fantastic place with very many outstanding people with beneficial advice. I feel very fortunate to have seen your entire webpage and look forward to really more thrilling times reading here. Thanks again for everything.”

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here