Home Uncategorized Barahamya ko Imana yabanye nabo n’ubwo ubukwe bwabereye mu bitaro ariko umunezero...

Barahamya ko Imana yabanye nabo n’ubwo ubukwe bwabereye mu bitaro ariko umunezero wari wose. Amafoto:

Umugabo n’umugore bari basanzwe babana biyemeje gusezerana, mu bitaro aba ariho umuhango w’ubukwe ubera. Aba banyamerika  Celia na Geff Kinzel shifted bahisemo gusezeranira mu bitaro kugira ngo abana babo bombi babashe kwitabira ubu bukwe.
Celia na Jeff Kinzel  biyemeje gusezeranira mu bitaro kugira ngo umwana wabo Logan urwariye muri ibi bitaro wakurikiranwaga n’abaganga kuburwayi bwa kanseri( cancer)kugira ngo nawe aboneke mu bukwe.

Ise wa Logan amuteruye bishimye.
Ise wa Logan amuteruye bishimye.

Logan afite ibibyimba ku bwonko ntabwo byari gukunda ko yari kuboneka mu birori by’ababyeyi be iyo ibirori bibera ahandi hantu. Niyo mpamvu abayeyi be bahise mo kumusanga mu bitaro aho yari arwariye akaba ariho bakorera ubukwe.
Uyu muryango watumiye inshuti zabo za bugufi n’imiryango yabo yombi ndetse n’umwana wabo Rowan  w’imyaka ine nawe yari ahari muri ibi birori by’ababyeyi be. Ibi birori byabereye mu bitaro byitwa: Nationwide Children’s Hospital.
Bagendana n'imiti y'umwana wabo ariko bizihizanya ibirori.
Bagendana n’imiti y’umwana wabo ariko bizihizanya ibirori.

Celia mu magambo ye yagize ati : ” Mwakekaga ko ubukwe bwo mu bitaro buri bube bubabaje…Ariko ntakintu na kimwe cyari gihari giteye agahinda ahubwo byari byiza cyane.”
“Aba babyeyi bakoze iby’ubutwari mu gihe bitari byoroshye nagato, ndetse bagerageza gushakisha umunezero mu gihe kitoroshye. Ndetse n’umwana ubona yaragize umunezero n’ubwo bitaba byoroshye kubona umunezero mu burwayi nk’ubu.”
Nguyu umuryango wose uri hamwe logan atararwara.
Nguyu umuryango wose uri hamwe logan atararwara.

 
Munyaneza Pascal

34 COMMENTS

  1. “You made some decent points there. I checked on the net to find out more about the issue and found most people will go along with your views on this website.”

  2. “We are a group of volunteers and opening a new scheme in our community. Your website provided us with valuable info to work on. You’ve done an impressive job and our whole community will be grateful to you.”

  3. “Thanks for enabling me to obtain new concepts about personal computers. I also have the belief that certain of the best ways to keep your notebook in primary condition is a hard plastic-type case, or even shell, that matches over the top of your computer. A lot of these protective gear usually are model specific since they are made to fit perfectly in the natural outer shell. You can buy all of them directly from owner, or through third party places if they are readily available for your laptop computer, however its not all laptop may have a covering on the market. Yet again, thanks for your points.”

Leave a Reply to The best face cream Cancel reply

Please enter your comment!
Please enter your name here