June 16, 2025
Kigali City - Rwanda

Ibidukikije

Ibidukikije

Qu’est-ce que ‘One Health’ (Une Seule Santé)? Et pourquoi est-ce important pour le Rwanda?

Au Rwanda, les êtres humains vivent en étroite relation avec les animaux et la nature. Le bien-être de l’un influence souvent celui des autres. Ce principe est au cœur de One Health, un concept qui souligne l’interconnexion profonde entre la santé humaine, la santé animale et la santé de l’environnement. On ne peut pas protéger

Read More
Ibidukikije

Gicumbi/Kaniga: Bishimira umudugudu bubakiwe ubarinda ingaruka z’imihindagurikire y’ibihe

Abatujwe mu Mudugudu wa Kaniga Akagari ka Murindi n’abo mu Mudugudu wa Runyinya, bishimira ko bakuwe ahagombaga gushyira ubuzima bwabo mu kaga, bakaba baratujwe aho baryama bagasinzira batikanga ko inkangu ziri bubasenyere. Ibi barabivuga kuko bamwe mu batujwe muri uyu mudugudu, inzu zagwiriye ababo bakahatakariza ubuzima abandi zigasenyuka, bigatuma batarabashaga kugoheka igihe cyose imvura yabaga

Read More
Ibidukikije

Une éruption géante et destructrice devrait secouer le monde dans les prochaines années, selon les scientifiques

La dernière fois qu’une super éruption a eu lieu sur Terre, les Hommes ont passé une année sans été ni chaleur. C’était en 1815. Le volcan indonésien Tambora s’était réveillé et avait éjecté de la fumée et des particules dans l’atmosphère, reflétant le Soleil et refroidissant la Terre. Une chose en entraînant une autre, les

Read More
Ibidukikije

Climate change in Rwanda: A Growing Threat to livelihoods and Agriculture

Climate change in Rwanda is increasingly threatening livelihoods and agriculture, by posing severe challenges to food security and economic stability. Rising temperatures, erratic rainfall and prolonged droughts in some regions have disrupted farming cycles, reduced crop yields, and increased soil degradation. Smallholder farmers, who make up the majority of Rwanda’s agricultural workforce, are especially vulnerable,

Read More
Ibidukikije Ubuzima

Toni 8.500 z’imiti ya antibiyotike iboneka mu nkari zacu zanduza imigezi buri mwaka

Nk’uko ubushakashatsi bubigaragaza, hafi kimwe cya gatatu cy’imiti ya Antibiyotike ikoreshwa ku isi yose isohoka mu mubiri w’umuntu ikajya mu migezi, igatera umwanda. Uyu mwanda wiyongera kandi ku wundi uva mu miti itangwa mu bworozi bw’amatungo hamwe n’uw’ibisigazwa by’inganda zikora iyo miti (nk’uko bivugwa n’ishuri rya McGill). Nubwo ikoreshwa ry’imiti yica udukoko ritiyongereye cyane hagati

Read More
Amakuru Ibidukikije

Imihindagurikire y’ibihe irimo guteza ibibazo bikomeye mu bihugu by’Afurika

Ibihe bidasanzwe n’ingaruka z’imihindagurikire y’ikirere bigira ingaruka mu nzego zitandukanye, cyane cyane urwego rw’iterambere ry’ubukungu n’imibereho myiza muri Afurika. Ikindi kandi byongera inzara, umutekano muke n’impunzi, nk’uko byatangajwe n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mihindagurikire y’ikirere (OMM) mu itangazo ryasohotse kuri uyu wa mbere. Urugero, muri Sudani y’Epfo, imyuzure ikomeye yibasiye icyo gihugu mu mezi ashize

Read More
Amakuru Ibidukikije

DORE UKO IBITI BIHANA AMAKURU MU GIHE HABAYEHO UBWIRAKABIRI

Iyo habayeho ubwirakabiri bw’izuba (éclipse solaire), isi yose ihagarara.Ibinyabuzima bihindura imyitwarire, naho abantu bagahindukira bareba mu kirere kugira ngo bashimishe amaso kuri urwo rukerera rw’umunsi ruhindutse ijoro. Ariko no mu ishyamba, hari amayobera aba arimo kuba. Nk’uko byagaragajwe n’ubushakashatsi  bwakozwe n’itsinda mpuzamahanga ry’abashakashatsi bo muri Southern Cross University (SCU) yo muri Ositaraliya na Institut italien de

Read More
Amakuru Ibidukikije

FOMADECIE-BC 2025: Harnessing the Power of Communication to Save the Congo Basin

From April 22 to 25, 2025, Brazzaville played host to a landmark event that could reshape the trajectory of environmental action in Central Africa. The Forum Multi-Actors on the Development of Environmental Communication and Information in the Congo Basin (FOMADECIE-BC). This first-of-its-kind gathering brought together over 250 participants, including 150 journalists from more than 50 African

Read More
Ibidukikije

Urubuga rwa IremboGov rwavuguruwe

Ikigo Irembo cyongereye ubushobozi urubuga rwacyo rwa ‘IremboGov’, hagamijwe gutanga serivisi za Leta abaturage bakeneye no kuborohereza kubona serivisi kandi mu buryo bwihuse. Cyasobanuye ko mu mezi ari imbere, serivisi zitangirwa kuri IremboGov zizimurirwa ku rubuga rwavuguruwe rwa new.irembo.gov.rw, kandi ko iyimurwa rizakorwa mu byiciro kugira ngo serivisi zikomeze kuboneka nta nkomyi, aho serivisi zitangwa

Read More
Ibidukikije Ingo Zitekanye Uncategorized

“Ukunda Gukorera Mu Mvura Cyangwa Mu Zuba?” umva ibisubizo :

Mu gihe cy’izuba n’igihe cy’imvura, abantu bagira uburyo butandukanye bwo kwishimira cyangwa kwihanganira ibihe by’ikirere. Hari abumva ko izuba ari ryo ryiza, abandi bakumva ko imvura ari yo ifite umwihariko wihariye. Iyo usabye abantu gutanga ibitekerezo byabo kuri iki kibazo, usanga batanga ibisubizo bitandukanye, bitewe n’imyemerere yabo, ibikorwa bakora, ndetse n’uburyo bwo kubona ibyiza n’ibibi

Read More