Home AMAKURU ACUKUMBUYE Dore uburyo ugomba kwifata mu kiliyo cy’uwo wakundaga cyane

Dore uburyo ugomba kwifata mu kiliyo cy’uwo wakundaga cyane

Abantu benshi bagira ibibazo bitandukanye, mu gihe bagize ibyago byo kubura umuntu wabo bakundaga cyane, cyangwa wari ubafitiye akamaro kanini mu buzima. Dore uburyo bwagufasha kubyitwaramo neza.

Iyo umuntu apfuye, hahita hakurikiraho ikiliyo( Ni ukuvuga ku muririra no kujya mu gahinda, mu cyunamo cyo kumubura), ndetse n’anshuti n’abavandimwe bakabura icyo bafasha uwo wabo wabuze umuntu, cyangwa uburyo koko buboneye bamufata mu mugongo nk’uko baba babyifuza.

Dore icyegeranyo twakoze, twifashishije umuhanga mu bijyanye no gukira ibikomere, ndetse n’imitekerereze ya muntu Therese A. Rando wanatangije ishuri ryitwa ” The Institute for the study and Treatment of loss”

 

Ubumwe.com 

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here