Home AMAKURU ACUKUMBUYE Ese ibi wowe urumva byaba ari ukwizera,icyifuzo ,ihungabana cyangwa kwiheba? Yahisemo kugura...

Ese ibi wowe urumva byaba ari ukwizera,icyifuzo ,ihungabana cyangwa kwiheba? Yahisemo kugura amajyambere nta n’umuhungu bafitanye gahunda!

Umukobwa w’imyaka 31y’amavuko warangije kwiga amashuri ye muri imwe mu makaminuza ya hano mu Rwanda ,utarashatse ko amzina ye ndetse n’ifoto ishyirwa ku mugaragaro yaganirije umunyamakuru w’Ubumwe.com amubwira ko yamaze kugura ibyo bita ibirongoranwa byose ategereje ubukwe gusa.
Uyu mukobwa atuye mu mujyi wa Kigali urebye ni umukobwa usa neza rwose unateye neza ,ngo yafashe umwanzuro wo kugura amajyambere kuko n’ubundi ngo abona ari umurimo yirindiriza kandi azawukora. Uyu mukobwa yamaze kugwiza rwose ibikenewe byose kuko amaze imyaka itatu yose arundanya ibi bikenewe.
Yamaze kugura male 2 azuzuzamo ibikoresho kuko buri gikoresho cyo munzu kigezweho ahita akigura akabika. Yaguze ama valises 4 ,yamaze nayo kuyuzuza imyenda kuko agura n’ibitenge n’indi myenda ikunda kwambarwa n’aba mama( boubous) akadosheshamo imyenda yambarwa n’abagore akabika.
Umunyamakuru w’ubumwe amaze kwumva ayo makuru yegereye nyirubwite maze amubaza icyamuteye gukora iyo myiteguro ikorwa n’abakobwa bitegura gushyingirwa hanyuma adusobanurira muri aya magambo:
“Mu by’ukuri njyewe ndi umukobwa kandi ndateganya cyane kuzashaka umugabo, rero njyewe nta kazi gahoraho ngira ariko nkunda kugira ibilaka kandi nkabona amafaranga atari make, rero aho kugira ngo nyapfushe ubusa nyakoresha ibidafite umumaro mpitamo kugura ibyo bikoresho kuko nzi ko nzabikenera umunsi umwe. Rero uwo munsi ushobora kuzagera nta mafaranga nfite kandi narigeze kuyagira nkayapfusha ubusa.”
Abajijwe igihe ateganyiriza kuzakora ubukwe yasubije ko atabizi:
“Sina kubwira ngo nfite ubukwe none cyangwa ejo kuko ntan’umuhungu winshuti nfite,ngo ndakubwira ngo turabiteganya mu gihe kingana gutya. Gusa ndizera ko nzabukora igihe icyo aricyo cyose cyane ko ntan’ikinyirukansa.”
Uyu mukobwa asengera muri rimwe mu matorero y’aba protestant tutashatse kuvuga,ariko ahamya neza ko Imana buriya yamuteguriye umusore bazahuza kandi bakazabana mu mahoro akamubera umugabo nawe akamubera umugore.
Uyu mukobwa avuga ko abenshi mubo baziranye iyo babyumvise cyangwa bakabona ibintu byose yamaze kugura baseka cyane ndetse abandi bikabatangaza cyane ariko ko we yamaze kubimenyera kuko yumva ari bisanzwe cyane ko yagiye kubikora yabitekerejeho neza ndetse anamaze igihe kitari gito abikora.
Gusa avugako nta muhungu n’umwe yaganiriza ko yamaze gukora iyi myiteguro ngo kugira ngo hatazagira uwamusaba ko babana nta rukundo amufitiye ahubwo ari inyungu runaka yamubonyeho. Niyo mpamvu yanze gushyira ku mugaragaro amazina ye ndetse n’ifoto ye.
 
Munyaneza Pascal.
 

52 COMMENTS

  1. “I simply could not leave your website prior to suggesting that I actually loved the usual info a person provide on your guests? Is gonna be back steadily in order to investigate cross-check new posts”

  2. “Hey, I think your site might be having browser compatibility issues. When I look at your blog site in Ie, it looks fine but when opening in Internet Explorer, it has some overlapping. I just wanted to give you a quick heads up! Other then that, excellent blog!”

  3. I’ve been browsing online greater than 3 hours nowadays, yet I never found any attention-grabbing article like yours. It is pretty price enough for me. Personally, if all website owners and bloggers made good content as you probably did, the internet will likely be much more useful than ever before. “Perfection of moral virtue does not wholly take away the passions, but regulates them.” by Saint Thomas Aquinas.

  4. I am typically to running a blog and i really admire your content. The article has really peaks my interest. I’m going to bookmark your website and preserve checking for new information.

  5. I wanted to construct a small note to express gratitude to you for all the precious tricks you are placing on this site. My extended internet research has at the end of the day been paid with brilliant facts and techniques to write about with my companions. I ‘d say that most of us site visitors actually are definitely blessed to be in a superb network with many awesome people with great hints. I feel very fortunate to have encountered your web pages and look forward to plenty of more fun minutes reading here. Thanks once more for all the details.

  6. Merely wanna comment on few general things, The website layout is perfect, the articles is very excellent. “To the artist there is never anything ugly in nature.” by Franois Auguste Ren Rodin.

  7. Also known as the Batman case, one could easily see the correlation to Adam West’s Batman era, what with its swooping sharp edges,replicas relojes polished accents, and minimalist design cues from the 1960s. Yet, I think the watch is less like the 1966 logo and original Batmobile (West mobile), and more like the 1992 Batman Returns Batmobile (Keaton mobile).replicas de relojes And, as far as which Bruce Wayne would wear this watch, I’d have to pick Christian Bale. Let me explain.
    In Batman Begins, Bruce Wayne wears a JLC Grande Reverso between crime fighting and attending an opera or billionaires soiree.replicas omega While the price disparity between the JLC and the Zodiac is quite immense, much like the IQ of Batman (being almost omniscient) and a normal person, the similarities in minimalistic design,replicas audemars piguet classic aesthetics, and novelty are very alike.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here