Home INGO ZITEKANYE Intambwe 6 zikugeza ku munezero mu mubano wihariye hagati y’abashakanye.

Intambwe 6 zikugeza ku munezero mu mubano wihariye hagati y’abashakanye.

1. mu cyumweru.
Uko mukoze iyo mibonano kenshi niko murushaho kubitunganya.Ni iby’ukuri ko kubonana byihariye aribyo bigeza ku gasongero k’ubwuzu (orgasm) ariko uretse n’ibyo Gukora imibonano mpuzabitsina hagati y’abashakanye, byongera ubusabane, n’ubumwe hagati yabo.
Mu minsi ya mbere yo kubana kwanyu sibwo muzagira imibonano ibizihije mu buryo bwuzuye, ndetse no mu mwaka wa mbere wa marriage yanyu, siko muzanezererwa byuzuye, n’iyo mibonano buri gihe.
Maze imyaka 16 mbana n’umugore, kandi mvugishije ukuri uko imyaka ihita niko imibonano hagati yanjye n’uwo twashakanye igenda irushaho kutuzanira umunezero wuzuye. Uko wumva umeranye neza n’umugore wawe,(no mu mibiri yanyu) , niko n’urukundo rwanyu rurushaho gukura.Ibyo ariko ntibyapfa kwizana gusa. Birabasaba kugira ico mukora kandi icyo nta kindi, ni ukugirana umubonano wihariye w’abashakanye.(relatios sexuelles), Nabagira inama yo kubikora nibura 2 mu cyumweru., uburyo bumwe bwo kugira ubwuzu bwuzuye mu mibonano mpuzabitsina ni ugukora iyo mibonano kenshi.Niba kugeza ubuicyo atari cyo kintu mwashyize imbere mu buzima bwanyu, iki gihe ni icyo kubikora.

  1. Ibishimisha mugenzi wawe nibyo bigomba kuza mbere.

Muri iki gihe abantu benshi bayobejwe na Porno bituma bibwira ko abagore bose bifuza ibyo abo ba star ba porno bakunda. Abagabo benshi rero bajya bakora ikosa ryo kwirebaho, no kwita ku munezero wabno gusa batitaye ku byashimisha umugore n’ibyo yaba atishimiye. Iyo myifatire rero niba uyifite wayikosora, inyungu za mugenzi wawe ukazitaho.

  1. Tangira kare kandi ntuzimye amatara.

Mugabo ntugakore ku mugore wawe igihe ukeneye imibonano gusa. Mwereke urukundo kandi uhere kare hakiri ku manywa.Musome, muhobere mwereke urukundo, hanyuma ntutegereze ko bwira ngo mubone ubuhuza urukundo. Mugore wibuke ko kimwe nawe umugabo nawe aba yumva ashaka kuba atekanye ntakimubangamiye mu gihe muhuza umubano w’abashakanye, cyokora mushoboye kumva mutabangamiwe urumuri rwaka, biba byiza kurusha.

  1. Umugabo nafate iya mbere.

Nagiye mpura n’abashakanye kenshi , abagabo binubira ko abagore babo batajya bageraho ngo nabo bafate iya mbere mu mibonano mpuzabitsina. “bimaze kuba kenshi  ngenda ntakoze imibonano n’umugore wanjye bitewe nuko mba nategereje ko nawe yafata intambwe ya mbere muri iki gikorwa.
Aha ngaha rero reka mbabwire iki . Bagabo  ibyo ntimuzabyongere. Sinshaka kugaragara nk’umuntu usumbanyisha ibitsina kandi sinshaka kuvuga ko umugore we atayobora icyo gikorwa (mu by’ukuri, ntibingwanabi iyo uwanjye afashe intambwe ya mbere} Icyo mvuga ni iki wigira ikibazo, wowe mugabo, tera intambwe ya mbere uyobore ibintu.

  1. Kuraho inzitwazo.

Aragona ntiturara mu cyumba kimwe, dufite akana kakiri gato, simerewe neza mu mubiri, nahuye n’ibimbabaza mu byerekeranye n’ibitsina mu gihe cyashize.
Ndabyemera ibyo bibazo hari igihe byaba bihari kandi koko bikomeye, sinshaka rero kubifata nk’ibyoroshye. Ariko rero uko byaba bimeze kose, mugerageze uko mushoboye kose, ntibibe inzitizi ku kintu gikomeye hagati y’abashakanye nko guhuza imibonano. Bishobora kugusaba kujya gushaka inama ku bantu bazobereye mu kugira inama ingo z’abashakanye, hari igihe bizagusaba kujya kwa muganga kugira ngo uvurwe kugona. Uko biri kose n’ibibazo uko biri kose. Gerageza kubikuraho. Ndambiwe kumva abantu batanga inzitwazo zibabjuza kugirana ubusabane bwuzuye bw’abashakanye.

  1. Musabane haba mu buriri haba hanze.

Mube abafatanyabikorwa. Wowe n’uwo mwashakanye mukwiye kuba inshuti za mbere. Mugomba kunezeranwa, haba mu marangamutima, no mu buzima bwa buri munsi. Atari ibyo imibonano yanyu izaba iyo guhuza imibiri gusa, ntakindi kiyongeyeho. Mwaba mukeneye kugira ubwuzu bwuzuye no kunezererwa imiboonano yanyu yihariye ? Igisubizo kiri hafi, mube inshuti za mbere, inshuti nkora mutima (best friends), buri wese yite kuri mugenzi we, amuha ibyo akeneye., ubundi habe hari connection hagati yanyu.(Be connected)

  1. Mugire n’ahandi mubonanira(Hotel Sex)

UJnyizere kuri ibi mvuga nubwo wend anta mirongo ya Bibiliya ibishyigikira, ariko maze imyaka 16 mbanma n’umugore kandi n’umugore nawe ibi yabihamya:
Byaba byiza rimwe na rimwe mugiye mufata ibiruhuko mukagira aho mutemberera ha kure , cyangwa se  niyo hataba kure cyane. Ariko biba byiza iyo mugiye ahandi mukaba mwafata Hotel, mukahagirira imibonano yanyu nk’abashakanye. Ibyo nabyo Bizana ubwuzu , bigakomeza umubano wanyu.mugasohokera ahatari kure
 
MITALI Adolphe.   
 

91 COMMENTS

  1. “Good day! I could have sworn I’ve been to this website before but after checking through some of the post I realized it’s new to me. Nonetheless, I’m definitely happy I found it and I’ll be book-marking and checking back frequently!”

  2. I don’t egen know how I ended up right here, however I believed
    this submit used to be good. I don’t understand who you’re
    but definitely you are going to a well-known blogger iif you
    aren’t already. Cheers!

  3. You’re in some serious need of relaxation. That’s where a site like http://www.camgirl.pw comes in handy. You can do a whole lot of relaxing there. You’ll find plenty of fun girls to talk to. These are the hottest and most wild girls on the internet. Chat with them and have yourself a good time.

  4. I like it! Interesting article over this web. It’s pretty worth enough for me. In my view, if all website owners and bloggers made good content as you did, the web will be much more useful than ever before.| I could not refrain from commenting. I ‘ve spent 2 hours trying to find such article. I will also share it with some friends interested in it. I have just bookmarked this web. Right now with the work done, I’ll visit some Mundial 2018 Cams. Thank you!! Regards from WM 2018!

  5. In the great design of things you actually secure a B- for effort and hard work. Where you confused everybody was first on all the specifics. As as the maxim goes, the devil is in the details… And it could not be more correct in this article. Having said that, allow me inform you just what did do the job. Your article (parts of it) is certainly rather engaging which is possibly why I am taking an effort in order to comment. I do not make it a regular habit of doing that. Secondly, despite the fact that I can certainly see the jumps in reasoning you come up with, I am not really confident of how you seem to connect your details which in turn make your conclusion. For right now I will yield to your point but trust in the future you link your dots better.

  6. You’ve been working hard lately. All that stress has got to be eating at you. Why not take a break and enjoy some cam girls? There’s plenty of them to enjoy at http://www.camgirl.pw It’s wall to wall babes at this site. You’ll know that right away after your first visit.

  7. Wow, incredible blog layout! How long have you been blogging for? you made blogging look easy. The overall look of your site is fantastic, as well as the content!

  8. Whats up very nice blog!! Man .. Beautiful .. Superb .. I’ll bookmark your website and take the feeds additionally…I’m glad to seek out numerous useful info here in the post, we want work out more strategies in this regard, thanks for sharing.

  9. I think this is one of the most important information for me. And i am glad reading your article. But want to remark on few general things, The site style is perfect, the articles is really great : D. Good job, cheers

  10. Hello there friend! I?m impressed, I must say. Really rarely do I encounter a blog that?s both educative and entertaining, and let me tell you, you have hit the nail on the head. Your idea is outstanding; the issue is something that not enough people are speaking intelligently about. I am very happy that I stumbled across this in my search for something relating to this. Again thanks alot for this!

  11. Greetings from California! I’m bored to tears at work so I decided to browse your blog on my iphone during lunch break. I enjoy the information you provide here and can’t wait to take a look when I get home. I’m amazed at how fast your blog loaded on my phone .. I’m not even using WIFI, just 3G .. Anyhow, awesome blog!

  12. “I like the valuable info you provide in your articles. I’ll bookmark your blog and check again here frequently. I am quite sure I’ll learn many new stuff right here! Good luck for the next!”

  13. Thanks for publishing this awesome article. I’m a long time reader but I’ve never been compelled to leave a comment. I subscribed to your blog and shared this on my Twitter. Thanks again for a great post!

  14. Hello there! Would you mind if I share your blog with my facebook group? There’s a lot of people that I think would really appreciate your content. Please let me know. Thanks

  15. Nice postGood post. I learn something newsomething totally new and challenging on blogssiteswebsites I stumbleupon everydayevery dayon a daily basis. It will always beIt’s always interestingexcitinghelpfuluseful to readto read through contentarticles from other writersauthors and practiceand use a little somethingsomething from theirfrom other siteswebsitesweb sites.

  16. Hi thereHello thereHowdy! This postarticleblog post couldn’tcould not be written any bettermuch better! Reading throughLooking atGoing throughLooking through this postarticle reminds me of my previous roommate! He alwaysconstantlycontinually kept talking aboutpreaching about this. I willI’llI am going toI most certainly will forwardsend this articlethis informationthis post to him. Pretty sureFairly certain he willhe’llhe’s going to have a goodhave a very goodhave a great read. Thank you forThanks forMany thanks forI appreciate you for sharing!

Leave a Reply to treadmill reviews Cancel reply

Please enter your comment!
Please enter your name here