Home AMAKURU ACUKUMBUYE Itsinda rya Urban Boys ngo Nyuma ya Primus Guma Guma Super Star...

Itsinda rya Urban Boys ngo Nyuma ya Primus Guma Guma Super Star rizategura igiterane gikomeye cyo gushima Imana

Itsinda rya Urban Boys ni bamwe mu bahanzi bari muri Primus Guma Guma Super Star uyu mwaka wa 2016  banahabwa amahirwe menshi yo kuryegukana , bwa mbere mu mateka ubu iri tsinda  rikomeje gutunganya indirimbo zo gushima Imana aho bavuzeko bazazimurika mu giterane bazategura nibegukana iri rushanwa rya Guma Guma uyu mwaka.
Urban Boys olg
Itsinda rya Urban Boys Ngo nibatwara Guma Guma bazategura igiterane gikomeye cyo gushima Imana
Mu kiganiro na Humble Jizzo umwe mubagize iri tsinda yavuzeko nta bwoba na buke bafite bwo kwegukana iri rushanwa kuko ibikorwa byabo byivugira ndetse n’uburyo bakirwa n’abafana babo bigaragaza ko iki gikombe ari icyabo .
Muri aya magambo Humble Jizzo yagize ati : nkuko ibitaramo byacu birimo kugenda neza tukagaragarizwa n’abafana ko badufitiye ikizere kuuryo umuntu wese ubireba akanakurikiza ibisabwa ngo umuntu yegukane iri rushanwa n’iryacu rwose.
Humble Jizzo yakomeje avugako ubu  bakomeje gukora indirimbo zo gushima Imana bazashyira kumugaragaro mu giterane gikomeye bazakora cyo gushimana Imana n’abafana babo n’abandi bantu bose bazishimira ko Urban Boys yatwaye igikombe.

pendo
Urban Boys yifuzako Anitha Pendo ariwe uzayobora iki giterane cyabo kuko asigaye yarakiriye agakiza

Iki giterane  ngo kizabera mu mugi wa Kigali ahantu hazatangazwa nyuma gato y’igitaramo cya nyuma cya Guma Guma ndetse by’umwihariko bakaba bifuzako kizayoborwa n’umushyushyarugamba Anitha Pendo kuko we yatangiye kwiyegurira Imana.

61 COMMENTS

  1. “Whats up very nice website!! Man.. Beautiful.. Wonderful.. I will bookmark your site and take the feeds additionally…I’m glad to find a lot of helpful info right here in the post, we need work out extra techniques in this regard, thank you for sharing.”

  2. Great – I should definitely pronounce, impressed with your web site. I had no trouble navigating through all the tabs as well as related info ended up being truly simple to do to access. I recently found what I hoped for before you know it in the least. Quite unusual. Is likely to appreciate it for those who add forums or something, site theme . a tones way for your client to communicate. Nice task..

  3. I just could not depart your site before suggesting that I actually loved the usual info an individual provide to your guests? Is going to be back regularly in order to check out new posts

  4. My partner and I stumbled over here from a different page and thought I may as well check things out. I like what I see so now i am following you. Look forward to going over your web page again.

  5. I simply could not depart your website prior to suggesting that I actually loved the standard information a person provide for your guests? Is going to be back regularly to check up on new posts

  6. Amazing blog! Do you have any tips and hints for aspiring writers? I’m planning to start my own blog soon but I’m a little lost on everything. Would you recommend starting with a free platform like WordPress or go for a paid option? There are so many options out there that I’m totally overwhelmed .. Any tips? Cheers!

  7. What i don’t understood is if truth be told how you’re not actually a lot more neatly-favored than you might be now. You’re very intelligent. You realize therefore considerably in terms of this subject, produced me in my opinion consider it from so many various angles. Its like women and men are not involved except it is one thing to do with Woman gaga! Your individual stuffs great. Always take care of it up!

  8. Hi there! Someone in my Facebook group shared this website with us so I came to give it a look. I’m definitely loving the information. I’m bookmarking and will be tweeting this to my followers! Superb blog and outstanding design and style.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here