Home AMAKURU ADASANZWE. KIGALI: Kuvuguruzanya no kudahuza kw’ubuyobozi bw’itorero n’umuhanuzi imbere mu iteraniro.

KIGALI: Kuvuguruzanya no kudahuza kw’ubuyobozi bw’itorero n’umuhanuzi imbere mu iteraniro.

Mumatorero menshi hagaragara abantu bitwa abahanuzi aba bantu ngo baba bavuga ibyo Imana yabatumye kubwira ubwoko bwayo byaba kubwira  umuntu kugiti cye cyangwa kubwirira abantu muruhame.
Aba bantu akenshi iyo  batangiye kugira ubutumwa kugeza ku iteraniro abantu baratuza hakaba umutekano n’umutuzo kugira ngo bumve ubutumwa Imana yabageneye. Ariko hari igihe ureba ugasanga hari abahanuzi baba batagihabwa agaciro ngo bahabwe umwanya wo kugira icyo bageza ku iteraniro kuko baba barafashwe nk’abantu batari abahanuzi bukuri ahubwo ibyo bakora baba bigana abandi. Maze batangira kugira icyo bavuga ntihagire ubuha agaciro ahubwo bagakomeza gahunda bari barimo.
Nubwo bigenda bigaragara kenshi kandi henshi hari Itorero rimwe tutashatse kuvuga izina kugira ngo bitagira icyo bihungabanya.  Umunyamakuru w’Ubumwe.com ubwo yari mu kazi  nkuko bisanzwe mu iteraniro korari imaze kuririmba mugihe bagiye kwicara umugore umwe tutifuje gutangaza  amazina ye we aherako atangira gutitira no kwiterahejuru no kuzenguruka ubona agenda azamura imyambaro ye ngo ari guhanura ubwo aratangira akavuga mururimi rutumvikana (Ibyo bita kuvuga mundimi) maze akagenda asobanura mu Kinyarwanda abwira abari mu iteraniro abaha amasezerano ati: Imana ibahaye amahoro,Ibyawe bari baragutwaye Imana irabigaruye,… n’andi masezerano menshi atandukanye.
Uyu mugore yagumye gutitira no kwizengurukaho kugeza aho ubona atakaza kwiyitaho nk’umubyeyi wiyubashye kugeza aho yazamuye imyenda maze igice cye cy’umubiri kitari ngombwa ko cyabonnywa na buriwese kiragaragara kuburyo ubona imyifato ye itiyubashye.
Icyaje kugaragara ni uko n’uwari uyuboye gahunda yamuciye mu ijambo maze mugihe akiri kuvuga uwari uyoboye gahunda yafashe indangurura majwi atangira kumuvugiramo ari kuvuga gahunda ikurikiraho uyu witwa umuhanuzi aho guceceka nawe yarakomeje avugira muri urwo rusaku rw’indangurura majwi ukumva ari kuvuga ariko umuntu atakwumva icyo ari kuvuga.
Bigeze aho mu iteraniro byaje kuba urusaku ubona uwo mugore akomeza kwitera hejuru nawe agerageza kuvuga cyane kugira ngo arenze ijwi iyo ndangururamajwi. Bigeze aho uwari uyoboye gahunda asaba abadiyakoni kumucecekesha ndetse no kumwicaza, maze uyu arabyanga akomeza kwivugira cyane wumva ari guhanurira abantu. Bigeze aho Pasteri ubwe aza kwihagurukira ajya kumusaba kwicara maze wa mugore abona kwicara ariko bitwaye akanya katari gato.
Nyuma  y’amateraniro umunyamakuru w’Ubumwe.com yaje kuganira n’umwe mu bayobozi bo muri iri torero(Utifuje ko izina rye n’isuraye bijya kumugaragaro) impamvu uwari uyoboye gahunda  ataretse uwo muhanuzi ngo ageze ubutumwa Imana yamuhaye ku Iteraniro maze adutangariza ibi bikurikira:
Ati: “ Hoya rwose kuko uriya muntu twaramuhuguye kuko twasanze nta buhanuzi Imana ibayamuhaye, ariko ntabwo yumva ngo abireke kuko twasanze hari abiyita abahanuzi kandi ataribo ahubwo bakigana ibyo babonanye abandi. Uriya muntu rero buriya ibyo yakoze byitwa nko kwiyerekana kuko yabonye hari abantu benshi cyane ndetse yariyanabonye ko n’itangaza makuru rihari. Iyo rero uriya wari uyo boye gahunda atamucecekesha gahunda zose zari gupfa kuko yarikuguma yivugira.”
Abantu nk’aba barahari rero mumatorero menshi atandukanye ubona badafite imyifato ikwiriye umuhanuzi w’Imana koko, ahubwo ukabona ari gukora ibintu bimutesha agaciro kandi ibi bimaze kugaragara kenshi ko bikorwa n’abantu b’igitsinagore.
Ubumwe.com tuzegera abayobozi b’amatorero maze batubwire ikijyanye n’ibi bigenda bigaragara mu matorero bayoboye n’ingamba kuri iki kibazo kuko kigenda kigaragaza isura mbi ku matorero. Ababisobanukiwe bazadusobanurira aho ubuhanuzi buhuriye no gutitira, kuvuza induru, Kwiruka,…
 
Munyaneza Pascal
 

77 COMMENTS

  1. “I’m very happy to read this. This is the type of manual that needs to be given and not the accidental misinformation that is at the other blogs. Appreciate your sharing this greatest doc.”

  2. Hello there, I found your web site via Google at the same time as searching for a similar topic, your website got here up, it seems great. I have bookmarked it in my google bookmarks.

  3. Wonderful blog! Do you have any tips for aspiring writers? I’m planning to start my own site soon but I’m a little lost on everything. Would you recommend starting with a free platform like WordPress or go for a paid option? There are so many choices out there that I’m completely overwhelmed .. Any ideas? Kudos!

  4. “I’d should verify with you here. Which isn’t one thing I often do! I get pleasure from studying a post that will make folks think. Additionally, thanks for permitting me to comment!”

  5. I like what you guys are up also. Such smart work and reporting! Carry on the excellent works guys I’ve incorporated you guys to my blogroll. I think it will improve the value of my site :).

  6. I’ve been having issues with my Windows hosting. It has set me back quite a bit while making the next list. This is the current list that I have. I should add another list in less than a week. I’ll let you all know when the next list is ready. Thank you for your patience.

  7. Are you the type of guy who likes to look at fat girls naked? If so, then https://t.frtyh.com/755v8haio0?aff_id=29696&offer_id=5331&bo=2753,2754,2755,2756 is the site you’ve been searching for. It’s full of nothing but sexy fat women. These big beautiful women are exactly what your eyeballs have been begging to see. Don’t be surprised if you pop a boner while looking at these hefty honeys. They’re full of curves and are exactly what your penis likes.

  8. Its like you read my mind! You seem to know so much about this, like you wrote the book in it or something. I think that you could do with some pics to drive the message home a little bit, but other than that, this is magnificent blog. A fantastic read. I will definitely be back.

Leave a Reply to Gordon Tang Cancel reply

Please enter your comment!
Please enter your name here