Home Uncategorized Menya ko uri uw'agaciro gakomeye imbere y’Imana.

Menya ko uri uw'agaciro gakomeye imbere y’Imana.

Wari uzi ko uri uw’agiciro kanini imbere y’Imana? Mubuzima bwacu bwa buri munsi  hari igihe umuntu ahura n’ibigeragezo ndetse n’ibibazo bitandukanye akagera aho yibaza ko Imana yamwibagiwe, cyangwa akagera aho abona hari n’ibindi biremwa bimurusha agaciro . Ariko nagira ngo nkwibutse none ko uri uwagaciro ntagereranywa imbere y’Imana.
Uri uw’agaciro ku Mana kuko yakuremye mu ishusho ryayo.
Uri ikiremwa gisumba ibindi biremwa byose. Zaburi8:4-8  “Iyo nitegereje ijuru, umurimo w’intoki zawe, N’ukwezi n’inyenyeri, ibyo waremye,.Umuntu ni iki ko umwibuka, Cyangwa umwana w’umuntu ko umugenderera?.Wenze kumugira nk’Imana aburaho hato, Umwambika ubwiza n’icyubahiro nk’ikamba..Wamuhaye gutegeka ibyo waremesheje intoki zawe, Wamweguriye ibintu byose ubishyira munsi y’ibirenge bye..Wamuhaye gutwara intama zose n’inka, N’inyamaswa zo mu ishyamba na zo,.N’ibiguruka mu kirere n’amafi yo mu nyanja, N’ibinyura mu nzira zo mu nyanja byose”.
Itangiriro 1:26- 27 Imana iravuga iti “Tureme umuntu agire ishusho yacu ase natwe, batware amafi yo mu nyanja, n’inyoni n’ibisiga byo mu kirere, n’amatungo n’isi yose, n’igikururuka hasi cyose.”.Imana irema umuntu ngo agire ishusho yayo, afite ishusho y’Imana ni ko yamuremye, umugabo n’umugore ni ko yabaremye.”
Itangiriro9:6 naho haranditse ngo: “ Uvushije amaraso y’umuntu, amaraso ye azavushwa n’abantu, kuko Imana yaremye umuntu afite ishusho yayo”
Uri uw’agicuro ku Mana kuko ikwitaho mu buzima bwawe bwa burimunsi.
Imana itugenera ibihwanye n’ibyo dukeneye. Muri Matayo 5:45 haranditse ngo: “.ni bwo muzaba abana ba So wo mu ijuru, kuko ategeka izuba rye kurasira ababi n’abeza, kandi abakiranuka n’abakiranirwa abavubira imvura”
No mugitabo cy’Ibyakozwe14:17 hakomeza havuga hati “.  Ariko ntiyirekeraho itagira icyo kuyihamya, kuko yabagiriraga neza mwese, ikabavubira imvura yo mu ijuru, ikabaha imyaka myiza ikabahaza ibyokurya, ikuzuza imitima yanyu umunezero.”
Uri uw’agaciro ku Mana kuko igukunda cyane kugeza aho yatanze umwana wayo w’ikinege kugira ngo apfe kubw’ibyaha byawe.
kuko bose bakoze ibyaha, ntibashyikira ubwiza bw’Imana (Abaroma3:23) twese twaridukeneye gucungurwa.
Mugitabo cy’Abaroma 6:23 hakomeza havuga hati “kuko ibihembo by’ibyaha ari urupfu, ariko impano y’Imana ni ubugingo buhoraho muri Yesu Kristo Umwami wacu” Namwe yarabazuye, mwebwe abari bapfuye muzize ibicumuro n’ibyaha byanyu,.ibyo mwagenderagamo kera mukurikiza imigenzo y’iyi si, mugakurikiza umwami utegeka ikirere, ari we mwuka ukorera mu batumvira. Kandi natwe twese twahoze muri bo dukurikiza ibyo kamere yacu yifuza, tugakora ibyo kamere n’imitima byacu byishakira, kandi ku bwa kavukire yacu twari abo kugirirwa umujinya nk’abandi bose”(Abefeso2:1-3)
Ariko kubera urukundo rwinshi cyane Imana yatanze Yesu ngo aze adupfire.
Kuko Imana yakunze abari mu isi cyane, byatumye itanga Umwana wayo w’ikinege kugira ngo umwizera wese atarimbuka, ahubwo ahabwe ubugingo buhoraho.(Yohana3:16)
Mugitabo cy’Abaroma 5:10 hakomeza havuga kubw’urukundo Imana idukunda “.Ubwo twunzwe n’Imana ku bw’urupfu rw’Umwana wayo wadupfiriye tukiri abanzi bayo, none ubwo tumaze kungwa na yo, ntituzarushaho gukizwa ku bw’ubugingo bwe?”
Kandi mugendere mu rukundo nk’uko Kristo yadukunze, akatwitangira kuba ituro n’igitambo cy’Imana n’umubabwe uhumura neza.(Abefeso5:2)
Agaciro kawe imbere y’Imana kagaragazwa n’uko izi amazina yawe.
Imana izi umuntu wese uwabayeho n’uzabaho, iratuzi twese izi n’amazina yacu.
“ Mbona abapfuye, abakomeye n’aboroheje bahagaze imbere y’iyo ntebe, nuko ibitabo birabumburwa. Kandi n’ikindi gitabo kirabumburwa, ari cyo gitabo cy’ubugingo. Abapfuye bacirwa imanza z’ibyanditswe muri ibyo bitabo zikwiriye ibyo bakoze. Inyanja igarura abapfuye bo muri yo, Urupfu n’Ikuzimu bigarura abapfuye bo muri byo, bacirwa imanza zikwiriye ibyo umuntu wese yakoze.”(Ibyahishuwe 20:12-13)
Kuko twese dukwiriye kuzagaragarizwa imbere y’intebe y’imanza ya Kristo, kugira ngo umuntu wese ahabwe ibikwiriye ibyo yakoze akiri mu mubiri, ari ibyiza cyangwa ibibi . (2Abakorinto 5:10)
Nyamara urufatiro rukomeye rw’Imana ruracyahagaze, rwanditsweho iki kimenyetso ngo “Uwiteka azi abe”, kandi ngo “Umuntu wese uvuga izina ry’Uwiteka ave mu bidatunganye (2Timoteyo 2:19).
Mu isi hari igihe biba bitworoheye gutekereza ko turi twenyine ndetse nta n’umuntu utwitayeho,ndetse abenshi bagatekereza ko bari bonyine. Ariko nagirango umenye ko Imana ikwitayeho,icyo idusaba ni ukwemera ubwo bushuti bwe, kuko yohereje umwana we kugira ngo tubashe kubabarirwa.
 
Mukazayire Immaculee

66 COMMENTS

  1. “Thanks for your blog post. I would love to say a health insurance agent also works well with the benefit of coordinators of the group insurance policy. The health insurance professional is given a directory of benefits looked for by someone or a group coordinator. Such a broker really does is look for individuals as well as coordinators which often best fit those desires. Then he reveals his advice and if both sides agree, the particular broker formulates binding agreement between the 2 parties.”

  2. “My husband and i got really excited when Emmanuel managed to round up his survey out of the precious recommendations he discovered from your very own blog. It is now and again perplexing just to always be handing out secrets that many others may have been making money from. And we all figure out we need you to appreciate for this. The most important explanations you have made, the easy website menu, the relationships you will give support to engender – it’s got everything terrific, and it’s helping our son and the family imagine that the theme is awesome, and that is wonderfully fundamental. Thank you for the whole thing!”

  3. Thank you, I have recently been looking for info approximately this topic for a while and yours is the best I have came upon so far. But, what concerning the conclusion? Are you positive about the source?

  4. I not to mention my friends appeared to be looking through the best procedures from your website and at once I had a horrible suspicion I had not expressed respect to the site owner for them. All the young men are actually for that reason thrilled to read through them and already have certainly been taking pleasure in them. Appreciate your indeed being indeed thoughtful and also for deciding on these kinds of helpful subject matter most people are really desperate to know about. My very own honest regret for not saying thanks to you earlier.

  5. Great – I should certainly pronounce, impressed with your site. I had no trouble navigating through all the tabs as well as related information ended up being truly easy to do to access. I recently found what I hoped for before you know it in the least. Reasonably unusual. Is likely to appreciate it for those who add forums or anything, web site theme . a tones way for your customer to communicate. Excellent task.

  6. “”Nice read, I just passed this onto a colleague who was doing a little research on that. And he just bought me lunch because I found it for him smile Thus let me rephrase that Thank you for lunch!””

  7. There are some interesting deadlines in this article however I don’t know if I see all of them center to heart. There is some validity however I will take maintain opinion until I look into it further. Good article , thanks and we would like extra! Added to FeedBurner as effectively

  8. Howdy! I know this is kinda off topic nevertheless I’d figured I’d ask. Would you be interested in exchanging links or maybe guest writing a blog post or vice-versa? My site covers a lot of the same topics as yours and I feel we could greatly benefit from each other. If you are interested feel free to shoot me an email. I look forward to hearing from you! Fantastic blog by the way!

  9. Someone essentially help to make severely posts I would state. This is the first time I frequented your website page and to this point? I surprised with the research you made to create this particular put up extraordinary. Great task!

  10. Great – I should certainly pronounce, impressed with your website. I had no trouble navigating through all tabs and related information ended up being truly easy to do to access. I recently found what I hoped for before you know it at all. Reasonably unusual. Is likely to appreciate it for those who add forums or anything, web site theme . a tones way for your client to communicate. Nice task..

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here