Home AMAKURU ACUKUMBUYE Niba hari ibyifuzo byabananiye muzaze tubereke aho musengera: Abaturage batuye ikirwa cy’ijwi...

Niba hari ibyifuzo byabananiye muzaze tubereke aho musengera: Abaturage batuye ikirwa cy’ijwi .

Idjwi cyangwa  Ijwi   ni ikirwa giyuye muri kivu ,mu gihugu cya Congo. I ki kandi akaba aricyo kirwa cya kabiri mubunini muri Africa  kikaba icya cumi mubunini kurwego rw’isi.
Iki kirwa rero n’ubwo ari kinini ubushakashatsi bwemeza ko mukijyanye n’imibereho y’aba baturage ikiri hasi aha bashingira ku bikorwa remezo biri muri iki kirwa( Amashuri,ibitaro,imihanda,amazi meza,umuriro,…) ubona byose bikori ku rwego rwo hasi.

Aha bari bavuye mu gihugu cy'igituranyi cy'Urwanda.
Aha bari bavuye mu gihugu cy’igituranyi cy’Urwanda.

Uru nirwo rusengero basengeramo.
Uru nirwo rusengero basengeramo.

Umunyamakuru w’Ubumwe.com yashatse kumenya ikijyanye n’imyemerere y’abatuye iki kirwa maze mukigerayo abaturage batuye iki kirwa bamuganirije ko babanye neza n’Imana ndetse k obo bumva banyuzwe n’uko babayeho.
Umuyobozi w’itorero twaganiriye witwa  Ziharirwa  yabwiye umunyamakuru w’Ubumwe  ko bajya bagira ibihe byiza byo gusenga ndetse n’Imana ikabaganiriza kenshi kandi bakumva banyuzwe n’ubuzima babayemo. Mumagambo ye yagize ati:
“Ni ukuri tunezerewe Imana uburyo iduha umunezero mu gihe hari ababona turi imbabare. Imana tugirana nayo ibihe byiza  n’ubwo iyo haje abantu benshi hano ubona bababaye ubuzima tubamo twebwe tubona ntakibazo. Ntibivuze ko tudakeneye n’ibyo bikorwa remezo ariko mugihe bitaraza ntibyatubuza kunyurwa n’ibyo dufite.”
Uru rusengero basengeramo iyo rwuzuye abandi baguma hanze ariko bakifatanya n'abarimo imbere.
Uru rusengero basengeramo iyo rwuzuye abandi baguma hanze ariko bakifatanya n’abarimo imbere.

Ziharirwa  yanatangaje ko bafite ahantu henshi baganirira n’Imana yabo. Ati: “ Tugira ibihe tukazamuka umusozi tukajya gusenga,tugira ubuvumo twikoreye tujya kuganiriramo n’Imana , ndetse n’ibyananiranye tugasengera mu mazi.”
Yashoje  avuga ko niba hari n’ibibazo abandi bafite byabananiye bazaze kw’ijwi babereke ahantu heza hokubonanira n’Imana kandi natwe tuzabafasha gusenga batashe bashubijwe.
Uyu musozi bahamya ko bajya bagirana ibihe bidasanzwe n'Imana bayisenga nayo ikabasubiza.
Uyu musozi bahamya ko bajya bagirana ibihe bidasanzwe n’Imana bayisenga nayo ikabasubiza.

 
Munyaneza Pascal.
 
 
 

61 COMMENTS

  1. “Hi there, I found your blog via Google while looking for a related topic, your web site came up, it looks great. I have bookmarked it in my google bookmarks.”

  2. We absolutely love your blog and find many of your post’s to be just what I’m looking for. Does one offer guest writers to write content in your case? I wouldn’t mind producing a post or elaborating on a lot of the subjects you write about here. Again, awesome weblog!

  3. I genuinely enjoy examining on this site, it has got excellent posts. “One should die proudly when it is no longer possible to live proudly.” by Friedrich Wilhelm Nietzsche.

  4. The following time I learn a weblog, I hope that it doesnt disappoint me as much as this one. I imply, I do know it was my option to read, but I really thought youd have something attention-grabbing to say. All I hear is a bunch of whining about one thing that you would fix if you werent too busy on the lookout for attention.

  5. Thanks for sharing excellent informations. Your site is very cool. I am impressed by the details that you’ve on this site. It reveals how nicely you perceive this subject. Bookmarked this web page, will come back for more articles. You, my pal, ROCK! I found simply the information I already searched everywhere and just could not come across. What a great web-site.

  6. “Thanks for your post on the traveling industry. I would also like contribute that if you are one senior taking into account traveling, it is absolutely imperative that you buy travel insurance for senior citizens. When traveling, seniors are at greatest risk of experiencing a healthcare emergency. Obtaining right insurance coverage package in your age group can safeguard your health and give you peace of mind.”

  7. “Thanks for this article. I’d personally also like to say that it can often be hard when you find yourself in school and just starting out to establish a long credit standing. There are many pupils who are just trying to endure and have long or beneficial credit history can occasionally be a difficult thing to have.”

  8. Magnificent goods from you, man. I have understand your stuff previous to and you are just too excellent. I actually like what you have acquired here, certainly like what you are saying and the way in which you say it. You make it entertaining and you still take care of to keep it smart. I cant wait to read far more from you. This is really a wonderful site.

  9. What i do not realize is in truth how you’re not actually much more neatly-liked than you may be right now. You are so intelligent. You understand therefore significantly with regards to this topic, made me personally imagine it from numerous various angles. Its like men and women aren’t interested until it is something to do with Lady gaga! Your individual stuffs great. All the time handle it up!

  10. I have been surfing online greater than 3 hours nowadays, but I by no means found any attention-grabbing article like yours. It’s beautiful value sufficient for me. Personally, if all webmasters and bloggers made good content as you did, the web will be much more helpful than ever before.

Leave a Reply to tincanmakingmachine.com Cancel reply

Please enter your comment!
Please enter your name here