Home IMYIDAGADURO Njyewe izo nkuru ntazo nshaka ntanizo nkeneye,…Aho nsengera barahazi..-M.C Anita Pendo

Njyewe izo nkuru ntazo nshaka ntanizo nkeneye,…Aho nsengera barahazi..-M.C Anita Pendo

“Njyewe izo nkuru ntazo nshaka ntanizo nkeneye…,Niba abantu badashobora kwanderstandinga……Aho nsengera barahazi…”Ayo ni amwe mu magambo yavuzwe n’umunyamakuru akaba n’umushyushyarugamba Anita Pendo ubwo yabazwaga impamvu yambara imyenda ya Islamu kandi ari umukiristu wabatijwe mu mazi menshi.
Anita Pendo aherutse kubatizwa ndetse na Nyuma yaho akaza kugirirwa icyizere akaba umudiyakoni ariko abantu bagakomeza kwibaza niba uyu mukobwa yaba yarakijijwe koko bikabayobera bitewe n’uko ngo yakomeje agakora ibyo yakoraga mbere yuko akizwa.
Gusa Anita Pendo yagiye agaruka kuri izo ngingimira zari zifitwe n’abantu benshi,ubwo yavugaga ko kuba yarabatijwe bitatuma areka akazi ke ko kuyobora ibitaramo birimo n’icya Primus Guma Guma ari nacyo cyane abantu bibazagaho bavuga bati ni gute umukiristu yajya kuyobora ibitaramo by’inzoga?
Kuwa gatatu w’icyumweru gishize nibwo uyu mukobwa yagaragaye yambaye imyenda y’abasilamu bigatuma abantu bibaza niba yahinduye idini akaba umusilamu,ndetse na bimwe mu binyamakuru  bya hano mu Rwanda bikabyandika,ariko Anita we akaba yarakuriye inzira k’umurima umunyamakuru w’Ubumwe.Com ubwo yabimubazaga.
Aganira n’umunyamakuru w’ubumwe.com,Anita Pendo yagize ati:” Nyewe izo nkuru ntazo nshaka ntanizo nkeneye…,Niba abantu badashobora kwanderstandinga reason why nakwambara kuriya for a performance,aho nsengera barahazi nta mpamvu yo guta umutwe kuri abo bantu bafite imyumvire imeze ityo”.

100 COMMENTS

  1. “Awesome post. I am a normal visitor of your website and appreciate you taking the time to maintain the excellent site. I will be a regular visitor for a long time.”

  2. “One thing I’d like to say is the fact that car insurance termination is a dreadful experience and if you’re doing the proper things as being a driver you simply won’t get one. A number of people do obtain notice that they have been officially dumped by their own insurance company and many have to struggle to get more insurance after a cancellation. Affordable auto insurance rates usually are hard to get after a cancellation. Understanding the main reasons concerning the auto insurance termination can help car owners prevent sacrificing one of the most important privileges offered. Thanks for the tips shared by your blog.”

  3. hi!,I love your writing very much! proportion we be in contact extra approximately your article on AOL? I require an expert in this space to unravel my problem. Maybe that is you! Looking forward to look you.

  4. Thanks a lot for sharing this with all of us you really know what you are talking about! Bookmarked. Please also visit my site =). We could have a link exchange contract between us!

  5. “I happen to be writing to let you know of the brilliant encounter our princess obtained studying your web site. She picked up too many details, including what it’s like to have a very effective giving spirit to make many people really easily understand chosen complicated issues. You truly did more than people’s desires. Many thanks for presenting those warm and friendly, trustworthy, revealing and cool tips on this topic to Gloria.”

  6. “Today, with the fast life-style that everyone is having, credit cards get this amazing demand throughout the market. Persons from every area are using credit card and people who are not using the card have made up their minds to apply for even one. Thanks for expressing your ideas about credit cards.”

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here