Home Uncategorized Nyuma yokugura irimbi ryo gushyingura abana bavutse bapfuye, ubu noneho yiyemeje kurera...

Nyuma yokugura irimbi ryo gushyingura abana bavutse bapfuye, ubu noneho yiyemeje kurera abana bavuka ku babyeyi batishoboye.

Uyu mugabo uzwi ku mazina ya Tong Phuc umugabo w’umukristo wo mu gihugu cya Vietnam ,guhera mu mwaka w’ 2001, yiyemeje gukora ibikorwa bigaragara ko bidasanzwe ubwo yiyemeje kugura ahantu hari ubutaka bunini maze yiyemeza kujya ashyingura abana bavutse bapfuye. Kandi ibi akabikora kubwo gufasha ababyeyi bagize ibyago kandi nta gihembo abasaba.
Tong yatangaje ko ubwo yari ku bitaro yaherekeje umugore we kubyara yagiye kureba abona mu cyumba cyari cyegereye aho umugore we yari yabyariye yagiye kubona abona hari abagore benshi binjiramo batwite ariko bakaza gusohoka nta mwana bafite kandi batagitwite, ariko nyuma yaje gusobanukirwa ko ubwo abo bana bavutse bapfuye,maze bimutera agahinda maze asaba ubuyobozi bw’ibitaro kumuha uburenganzira akagura ikibanza maze agatabara abo babyaye abana bapfuye aba bashyingurira.
Nyuma yo kubimwemerera yakoze mu butunzi bwe maze agura ikibanza ku mpinga y’umusozi ahitwa  Hon Thom mu mujyi wa  Nha Trang. Wenyine niwe wishyinguriraga abo bana bavutse bapfuye guhera mu mwaka wa 2001,  Tong yashyinguye abana barenga 10 000. Ntanubwo aho hantu yahafataga nk’irimbi,ahubwo yahafataga nk’ubusitani butanga inyigisho ku bagore baba bifuza gukuramo inda ku bushake bwabo

Irimbi riri ku mpinga y'umusozi n'ubwo we ahafata nk'ubusitani.
Irimbi riri ku mpinga y’umusozi n’ubwo we ahafata nk’ubusitani.

Byageze aho rero abagore badafite ubushobozi bwo kwita ku bana babo,batangira kwumva ko hari umugabo witwa Tong Phuc  ugira impuhwe zidasanzwe ndetse agira n’urukundo rurenze rwo kugirira impuhwe abana, guhera ubwo batangira ku musanga ari benshi maze nawe ahita yiha izindi nshingano zo gufata abana bavutse ariko ba nyina badafite ubushobozi bo kubitaho kugeza nyina w’umwana abonye ubushobozi.
Afite impuhwe n'ubumuntu budasanzwe. Umwana amufata nk'uwe yibyariye.
Afite impuhwe n’ubumuntu budasanzwe. Umwana amufata nk’uwe yibyariye.

Ni uko igikorwa cya  Tong cyatangiye ari irimbi ,ryaje guhinduka inzu bwite yo kwakiriramo impinja.
Magingo aya, abana 100 nibo bamaze kwakirwa na Tong Phuc mu kigo cye. Aba bana bakura neza mu buzima bwiza kandi ikiguzi ni ubuntu, Byose niwe . Aba bana bose abitaho kandi abafata neza neza nk’abana be yibyariye.
Tong ntabwo ateganya kurekera aho : « Nzakomeza uyu murimo wanjye kugeza ku munota wanjye wa nyuma …Ndifuza ko abana banjye bankomokaho nabo bazarangwa n’umutima nk’uyu wanjye bafasha abantu.”
Ati:" sinteganya kurekera aho. Nzokomeza kugeza ku munota wanjye wa nyuma."
Ati:” sinteganya kurekera aho. Nzokomeza kugeza ku munota wanjye wa nyuma.”

Iki gikorwa cya  Tong Phuc hamwe n’umuryango we gitangaza abantu benshi ndetse bamwe basobanurako bitumvikana birenze kure ibyiyumviro by’umuntu. Abenshi baboneraho ku musabira umugisha mubyo akora byose.
 
Mukazayire-Immaculee

69 COMMENTS

  1. “Its like you read my mind! You seem to know a lot about this, like you wrote the book in it or something. I think that you can do with some pics to drive the message home a bit, but instead of that, this is magnificent blog. A great read. I’ll certainly be back.”

  2. Howdy very cool web site!! Man .. Excellent .. Superb .. I’ll bookmark your blog and take the feeds additionally…I am happy to seek out a lot of useful info right here within the submit, we want develop extra strategies in this regard, thanks for sharing. . . . . .

  3. Heya i’m for the first time here. I found this board and I to find It truly useful & it helped me out a lot. I am hoping to give one thing back and aid others such as you helped me.

  4. I simply could not go away your site prior to suggesting that I actually enjoyed the usual information a person supply for your visitors? Is going to be back often to check up on new posts.

  5. I have mastered some new elements from your web site about personal computers. Another thing I have always thought is that computers have become an item that each household must have for several reasons. They supply you with convenient ways to organize households, pay bills, shop, study, listen to music and in many cases watch television shows. An innovative method to complete these tasks is with a mobile computer. These personal computers are portable ones, small, effective and lightweight.

  6. I’ve been browsing on-line greater than three hours lately, but I by no means discovered any attention-grabbing article like yours. It is pretty worth sufficient for me. Personally, if all web owners and bloggers made good content as you probably did, the internet shall be much more useful than ever before. “Now I see the secret of the making of the best persons.” by Walt Whitman.

  7. Generally I don’t read post on blogs, but I would like to say that this write-up very pressured me to take a look at and do it! Your writing taste has been surprised me. Thank you, very nice article.

  8. Hi! Do you know if they make any plugins to help with SEO? I’m trying to get my blog to rank for some targeted keywords but I’m not seeing very good success. If you know of any please share. Thank you!

  9. Nice read, I just passed this onto a friend who was doing a little research on that. And he just bought me lunch as I found it for him smile Therefore let me rephrase that: Thanks for lunch! “A human being has a natural desire to have more of a good thing than he needs.” by Mark Twain.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here