Home Uncategorized Nyuma y’uko amaze imyaka 33 akiri isugi arahamya ko yiteguye kugeza na...

Nyuma y’uko amaze imyaka 33 akiri isugi arahamya ko yiteguye kugeza na 50 agikomeye ku busugi bwe.

Rahab Mugure Nga’nga, ukomoka mu gihugu cya Kenya w’imyaka 33 y’amavuko arahamya ko akiri isugi kandi ko ntakiza tuma atakaza ubusugi bwe mugihe cyose atari yabona umugabo we ngo banakore ubukwe. Uyu mukobwa ukora akazi k’ubucunga mutungo ubwe yitangarije ko yahisemo gucunga ubusugi bwe kuko ariko imyemerere ye imutegeka kandi ibi akabikora kugira ngo anezeze Imana.
“  Navutse ubwa kabiri  kandi sinifuza gufatanya gukorera Imana n’icyaha cy’ubusambanyi . Imibonano mpuzabitsina idakozwe n’abashakanye ni icyaha . Ndifuza kuzakora imibonano mpuzabitsina ari uko nashatse ,ariko mu gihe ntari nabona uwo turwubakana ntabwo ibyo binshishikaje niyo nageza imyaka 50 .”

Ahamya ko akomera ku busugi bwe kubera imyemerere ye ndetse agira ngo anezeze Imana.
Ahamya ko akomera ku busugi bwe kubera imyemerere ye ndetse agira ngo anezeze Imana.

Yakomeje avuga ko ashaka guhesha ishema nyina umubyara adatwita inda zitateganyijwe. Yatangaje ko nubwo yakundana n’umuhungu igihe kinini cyane ibyo bitamuha uburenganzira bwo kuryamana nawe, ko ahubwo yakomeza gukomera ku busugi bwe.
Mu magambo ye ati: “Umuhungu wa mbere twakundanye twamaranye imyaka 2n’igice birangira kuko ibitekerezo byacu kukijyanye n’imibonano mpuza bitsina bitahuye. Uwa kabiri twakundanye we twamaranye imyaka itatu ,birangira habura amezi abiri ngo itariki yanjye y’ubukwe igere. Hari ibitabo bimwe cyangwa amafilm amwe n’amwe naretse kureba kuko nsangamo ibintu ntashaka kureba,ndetse sinshobora no gusoma cyangwa gukorakora umugabo uwo ariwe wese.”
Rahab warangije icyiciro cya gatatu cya Kaminuza( Master’s degree ) mu bijyanye n’ubucuruzi akomeza avuga ko n’ubwo yageza imyaka 50 y’amavuko atarakora ubukwe,azaguma kuba ari isugi ahubwo wenda agashaka umwana azarera.
 
Munyaneza Pascal.
 
 
 

127 COMMENTS

  1. “This is really interesting, You are a very skilled blogger. I’ve joined your rss feed and look forward to seeking more of your great post. Also, I have shared your web site in my social networks!”

  2. “ItВЎВ¦s actually a great and helpful piece of information. IВЎВ¦m satisfied that you shared this useful info with us. Please stay us up to date like this. Thank you for sharing.”

  3. Attractive section of content. I just stumbled upon your
    weblog aand in accession capital to asser that I get
    in fact enjoyed account your blog posts. Anyway I will be subscribing to your feeds and even I achievement you access consistently quickly.

  4. You’re in some serious need of relaxation. That’s where a site like http://www.camgirl.pw comes in handy. You can do a whole lot of relaxing there. You’ll find plenty of fun girls to talk to. These are the hottest and most wild girls on the internet. Chat with them and have yourself a good time.

  5. Cool info! Interesting info over here. It is pretty worth enough for me. Personally, if all website owners and bloggers made good content as you did, the web will be much more useful than ever before.| I couldn’t resist commenting. I have spent some hours looking for such article. I will also share it with a couple of friends interested in it. I have just bookmarked this website. Done with the task done, I going to enjoy some World cup Cams. Gracias!!! Regards from WM 2018!

  6. “I am curious to find out what blog system you have been utilizing? I’m experiencing some minor security issues with my latest blog and I would like to find something more safe. Do you have any solutions?”

  7. “Pretty section of content. I just stumbled upon your web site and in accession capital to assert that I acquire in fact enjoyed account your blog posts. Anyway I’ll be subscribing to your augment and even I achievement you access consistently rapidly.”

  8. “Hello There. I found your blog using msn. This is a really well written article. I’ll make sure to bookmark it and come back to read more of your useful info. Thanks for the post. I will definitely return.”

  9. NowAt this timeAt this momentRight away I am goinggoing awayready to do my breakfast, afterlater thanoncewhenafterward having my breakfast coming againyet againover again to read moreadditionalfurtherother news.

  10. GoodGreatVery good infoinformation. Lucky me I foundI discoveredI came acrossI ran acrossI recently found your websiteyour siteyour blog by accidentby chance (stumbleupon). I haveI’ve bookmarked itsaved itbook marked itbook-marked itsaved as a favorite for later!

  11. GreatWonderfulFantasticMagnificentExcellent siteweb sitewebsite. A lot ofLots ofPlenty of usefulhelpful informationinfo here. I’mI am sending it to somea fewseveral palsbuddiesfriends ans alsoadditionally sharing in delicious. And of courseobviouslynaturallycertainly, thank youthanks for youron yourin yourto your effortsweat!

Leave a Reply to water based lubricant Cancel reply

Please enter your comment!
Please enter your name here