Home AMAKURU ACUKUMBUYE Reba urutonde rw’ abantu bavukanye ubumuga budasanzwe biragutera gushima Imana uko waba...

Reba urutonde rw’ abantu bavukanye ubumuga budasanzwe biragutera gushima Imana uko waba uri kose. Amafoto.

Mu buzima bibaho cyane ko hari igihe umuntu yibona ko ariwe ubabaje cyane ndetse hari n’igihe bamwe bageraho bavuga ngo Imana ntibakunda kubera ikibazo runaka aba yaravukanye cyangwa bikanamubaho akuze.
Akenshi rero n’iyo umubyeyi atwite abayiyumvisha umwana azabyara uko azaba ameze yaba atari uwambere bwo akamuha ishusho y’abandi bana bamubanjirije ,yaba nabwo ari uwambere ukumva aramuha ishusho ya se umubyara cyangwa iya nyina.
Hari igihe biba amahire rero uko wabitekerezaga akaba ariko bikugendekera ,ariko ukibagirwa ko atari ihame ko umuntu wese utwise abyara umwana muzima cyangwa umeze uko abyifuza. Hari igihe umubyeyi abyara umwana aho kuza ameze nk’uko yabitekerezaga cyangwa yabyifuzaga akaza ahabanye cyane ndetse afite n’ishusho twakwita ko iteye ubwoba.
Ariko nyamara ibyo ntibibuza Imana kwitwa Imana. Ihora iri Imana ibihe byose . Ni muri urwo rwego umunyamakuru w’Ubumwe.com yabakoreye urutonde rw’abantu baba babana n’ubumuga ubona bukabije.
Ibi byose ubona bigufashe guhamya ko Imana uko yabishatse ariko yakugize kandi ushimishwe n’uko yakugize kuko hariho benshi baba bifuza kumera nkawe.

1. L’octoman. (Rudy Santos)

1-copy
Rudy Santos akomoka mu gihugu cya Philipine afite imyaka   62 ans y’amavuko yavukanye ubumuga budasanzwe mu mvugo ya kiganga babyita  ischiopagus cyangwa   jumeau parasite. Ibi ngo bisobanura ko ari abana bagombaga kuba impanga noneho zigapfuba kuburyo havukamo umwana umwe ariko ingingo za mugenzi we zikaba zishobora kuza ziyongera kuzo uwo mwana wavutse aba asanganywe kandi izi zikaba ziza aho zishakiye. Ibi bikaba byamutera kuvukana nk’amaboko 4 ,intirigongo 2 cyangwa n’izindi ngingo runaka zikaba nyinshi.
Uyu mugabo Rudy niwe wambere wabashije kubaho igihe kirekire abana n’ubu bumuga. Igice kimwe cy’ukuboko n’ukuguru byameze ahegereye umukondo we.Mu mwaka wa 2008 bamusabye ngo bamubage barebe ko bamutandukanya n’izi ngingo we arabyanga avuga ko bamureka akagumana nazo.

2. Le garçon tortue (Didier Montalvo)

2-copy
Didier Montalvo ni umwana w’umuhungu bita umuhungu w’akanyamasyo ngo kuko afite ikintu mu mugongo we kimeze nkicy’aka nyamasyo. Umwana uvuka mu giturage cya Colombiya .
Uyu mwana ntakunda kujya aho abandi bari kuko abenshi bakekako iki kintu ahetse ari ibikorwa bya sekibi ndetse bagahamya ko ari amashitani yakimuterereje. Kuko yiberaga mu giturage hari umuganga umwe waje kwumva amakuruye maze yiyemeza kujya muri icyo giturage ku mureba maze amubonye yiyemeza kumubaga akamukuraho icyo kintu yari ahetse.
Ubu inkuru nziza ni uko icyo gikorwa cyagenze neza ndetse ubu Didier akaba abayeho ubuzima bwiza yishimiye.

Nyuma y'uko Imana ikoresheje umuganga akajya kumwishakira akamukiza umutwaro yari ahetse.
Nyuma y’uko Imana ikoresheje umuganga akajya kumwishakira akamukiza umutwaro yari ahetse.

Ubu abasha gukora no gukina anezerewe.
Ubu abasha gukora no gukina anezerewe.

3. La fille à deux têtes (Manar Maged)

3
Manar Maged yavukiye mu mugi wa  Caire mu mwaka w’ 2004  uyu nawe avukana indwara y’impanga zapfubye . impanga ye yarabuze haboneka umutwe we gusa maze wiyongera ku mutwe wa mugenzi we wavutse . Uyu mutwe wagombaga kuvuka ari impanga ndazindi ngingo ufite ntanicyo ashobora gukora uretse guhumbya no guhumbura .
Ku mezi 10 hemejwe ko babaga uyu mwana noneho bakareba ko bamutandukanya na n’uyu mutwe wa mugenzi we ariko ikibabaje nyuma yo kubatandukanya uyu mwana yaje gupfa kuko mugenziwe yari yamukurikiye kandi ntibyari gukunda ko abaho babana n’icyo gice cy’impanga ye,ariko binarangira apfuye kuko atari kubaho atandukanyijwe n’uwo twakwita impanga ye.

4. José Mestre

4
José Mestre  wo muri  Lisbonne mu gihugu cya  Portugal yazanye ikintu mu maso. Iki kintu cyatangiye kumera gahoro gahoro aho cyahereye ku munwa biza kurangira cyuzuye mu maso hose gikomeza kuhenda gikura kugeza kubiro 5. Byatumye bipfuka ijisho ndetse akaba agira n’ikibazo cyane muku ryama,kurya,ndetse no guhumeka.
Ese ibi bintu ni inzaduka cyangwa na kerakose byabayeho ?
Hari abantu bamwe iyo babonye ibintu nk’ibi cyangwa bakabyumva bahita bemeza ko ari inzaduka ,abandi bati ni iminsi y’imperuka,abandi bati ni igihano cy’Imana kuko ibyha byabaye byinshi. Ariko ibi sibyo kuko ubu bushakashatsi twakoze bwerekana ko kuva kera kose ibi bintu byabayeho.
1. Ella Haper  Ntibizwi neza igihe yavukiye ariko nihagati ya (1870–1921), uyu mukobwa abantu benshi bamwitaga ngo ni umukobwa w’ingamiya kuberako yahitagamo kugendesha amaguru n’amaboko.
1b-copy
Ella Harper, yavukiye mu mujyi wa  Henderson , yaavutse ubona amavi ye aho guhina areba imbere aho ay’abandi bareba we yahinaga areba inyuma. Noneho bigatuma agendesha amaguru n’amaboko kuko aribyo byamubangukiraga bikanamworohera.
Iyi ndwara yaje kumenyekana ku izina rya “recurvatum“,  ariko muri icyo gihe uwo mukobwa bamufataga nk’ikintu kidasanzwe bakumva atanakwiriye kuba mubantu,kuko babonaga ari nk’ingamiya ibereye kwikorera imitwaro. Cyakora ageze ku myaka 16 y’amavuko ubwo hari mu mwaka w’1886 ngo yaje kwiyemeza kujya ku ishuri ariko andi makuru ye ntiyamenyekanye.

  1. L’enfant à tête de lion.
  2. 2bb

Uyu bamwitaga ngo umwana w’Intare. Stephan Bibrowsky yavutse mu gihugu cya pologne mu mwaka w’ 1890  kandi avuka ku babyeyi bazima . indwara yamenyekanye nka hypertrichosis, ni indwara ituma igice kimwe cy’umubiri cyuzura ubwoya.
Stephan  n’ubwo yabanaga n’ubu bumuga yahoraga yambaye neza cyane kugira ngo yereke abantu ko n’ubwo abana n’ikibazo nk’iki ari umuntu muzima kandi w’umunyabwenge. Yavugaga indimi 5 zose.
Frank Lentini.
2c
Francesco Lentini yavutse mu mwaka wa  1889 mu guhugu cy’Ubutariyani mu kirwa cya  Sicile. Uyu yari afite umwihariko kuko yavukanye ukugura kwa gatatu,byari ibitangaza cyane kuko uku kuguru wabanaga gufatiye ku mugongo kugasohokera mu rutirigongo. Uyu nawe byaje kwemezwa ko biterwa n’uko bagombaga kuvuka ari impanga noneho bigapfuba noneho uku guru kumwe kw’impanga ye kukaza kuri we. Uyu yavukaga mu muryango w’abana 12,uyu mwana yahise ajugunywa n’ababyeyi be kuko bamufataga nk’inyamaswa.  Yaje gufatwa n’umugira neza aba aribo bamurera kugeza ku myaka 8 y’amavuko  nyuma yaje kujya muri Leta zunze ubumwe za Amerika ashaka akazi nyuma yaje kubona uwo bakundana nyuma baza kwibaruka abana 4 kandi bose bavutse ari bazima.
Ibi byose tubona biriho byahozeho na kera cyane. Imana ubwayo niyo izi impamvu yemera ko ibi bibaho kandi ifite n’ubushobozi ko ibi bitabaho. Ariko Imana ni Imana ibihe byose.
 
Mukazayire Immaculee

77 COMMENTS

  1. You’re in some serious need of relaxation. That’s where a site like http://www.camgirl.pw comes in handy. You can do a whole lot of relaxing there. You’ll find plenty of fun girls to talk to. These are the hottest and most wild girls on the internet. Chat with them and have yourself a good time.

  2. Simple and easy!! Interesting article over here. It’s pretty worth enough for me. In my opinion, if all webmasters and bloggers made good content as you did, the internet will be a lot more useful than ever before.| I couldn’t resist commenting. I have spent some hours trying to find such article. I’ll also share it with a couple of friends interested in it. I’ve just bookmarked this website. Now with the search done, I will watch some Russia 2018 Cams. Thanks!! Regards from Russia 2018!

  3. Terrific work! This is the kind of info that are supposed to be shared across the net. Disgrace on the seek engines for not positioning this put up upper! Come on over and discuss with my site . Thanks =)

  4. Hello there friend! You made some decent points there. I looked on the internet for the issue and found most individuals will go along with with your website. Again thanks alot for this!

  5. Hi, i believe that i saw you visited my weblog thuhs i got here to goo back
    the favor?.I’m trying to to find things tto enhance my weeb site!I assume its adequate to make use of some of your
    ideas!!

  6. Thanks for the points shared in your blog. Yet another thing I would like to mention is that fat loss is not supposed to be about going on a dietary fad and trying to reduce as much weight as you’re able in a few days. The most effective way to lose weight is by consuming it slowly and following some basic points which can help you to make the most from your attempt to lose fat. You may learn and be following a few of these tips, although reinforcing know-how never hurts.

  7. A formidable share, I simply given this onto a colleague who was doing somewhat evaluation on this. And he actually purchased me breakfast as a result of I found it for him.. smile. So let me reword that: Thnx for the treat! But yeah Thnkx for spending the time to debate this, I really feel strongly about it and love reading extra on this topic. If potential, as you grow to be expertise, would you thoughts updating your blog with more details? It’s extremely useful for me. Large thumb up for this weblog post!

  8. “I have recently started a web site, the information you provide on this web site has helped me greatly. Thank you for all of your time & work. It is a great thing to know our vices. by Cicero.”

  9. Venus Legacy™是第一個,也是唯一一個得到美國食品藥品監督管理局批准,利用4D™技術結合多極射頻(RF)、磁力脈衝、變量脈衝VariPulse™技術(VP)和實時熱力反饋的設備,這使Venus Legacy™能夠提供一個既安全又無痛的療程,並取得理想效果。Venus Legacy™的療程為所有類型的肌膚提供一個100安全和無痛的美容過程,並針對面部、頸部及身體各處,提供以下即時和持久的效果 非手術塑型 減少橙皮紋 減少皺紋 減少皮下脂肪 收緊肌膚

  10. I have seen plenty of useful items on your website about pc’s. However, I’ve the judgment that netbooks are still not quite powerful sufficiently to be a good choice if you typically do things that require plenty of power, for instance video editing. But for world-wide-web surfing, statement processing, and a lot other typical computer work they are all right, provided you may not mind the little screen size. Many thanks for sharing your thinking.

  11. I’ve recently started a blog, the information you offer on this site has helped me greatly. Thanks for all of your time & work. “Her grandmother, as she gets older, is not fading but rather becoming more concentrated.” by Paulette Bates Alden.

  12. Quality articlespostsarticles or reviewscontent is the keysecretimportantmaincrucial to attractbe a focus forinviteinterest the userspeopleviewersvisitors to visitgo to seepay a visitpay a quick visit the websiteweb sitesiteweb page, that’s what this websiteweb sitesiteweb page is providing.

Leave a Reply to Garage door installation North York Cancel reply

Please enter your comment!
Please enter your name here