Home AMAKURU ACUKUMBUYE Sobanukirwa n’umwifato ugomba kugira mu gihe cyo gusenga

Sobanukirwa n’umwifato ugomba kugira mu gihe cyo gusenga

 Ese twasenga tumeze dute kugira ngo Isengesho ryacu rigere ku Mana ? Ese ni uwuhe mwifato twaba dufite kugira ngo isengesho ryacu rigere ku mutima w’Imana ?
Ese nibyiza ko umuntu asenga ahagaze ?;yicaye ? apfukamye cyangwa y’unamye ? Ese amaboko akwiye kuba azamuya cyangwa amanuye ? Ese ni itegeko ko umuntu asenga yahumirije ? Ese ningombwa gusengera mu Itorero cyangwa mu busitani ? Ese tugomba gusenga mugitondo,ku gicamunsi cyangwa ni ninjoro tugiye kuryama ? Ese hari amagambo runaka agomba kuvugwa burigihe iyo umuntu asenga ? Ibi byose ndetse n’ibindi byinshi wakwibaza ni ibibazo byibazwa n’abantu benshi kubijyanye n’isengesho. Ese hari uburyo bwiza umuntu agomba gusengamo ? Ese ibi bintu byose tuvuze haruguru birakenewe mu isengesho ?
Akenshi isengesho rifatwa nk’ « iyobera ritagatifu » Bamwe biyumvamo ko iyo udasenze watura ibintu byiza  cyangwa tudasenze dufite umwifato uboneye ko Imana itatwumva ndetse ntinasubize isengesho ryacu. Ariko ibi bihabanye n’icyo Bibilia ivuga . Ntabwo Imana isubiza amasengesho yacu bitewe n’igihe twasengeye,ntabwo Imana isubiza amasengesho bitewe n’umwifato twari dufite, umwanya twasengeyemo cyangwa ngo idusubize bitewe n’uko twatondetse amagambo. Muri 1yohana 5 :14-15  havuga hati ; « Kandi iki ni cyo kidutera gutinyuka imbere ye: ni uko atwumva iyo dusabye ikintu nk’uko ashaka, kandi ubwo tuzi ko yumva icyo dusabye cyose, tuzi n’uko duhawe ibyo tumusabye. »
Ndetse no muri Yohana14 :13-14 handitse ngo : « Kandi icyo muzasaba cyose mu izina ryanjye, nzagikorera kugira ngo Data yubahirizwe mu Mwana we. Nimugira icyo musaba cyose mu izina ryanjye nzagikora. » Iyi mirongo ndetse n’indi myinshi bigaragaza ko Imana isubiza amasengesho yacu bitewe n’ubushake bwayo kandi iyo tubisenze mu izina rya Yesu.( Kugira ngo Yesu ahabwe icyubahiro)
Nonese ni ubuhe buryo bwiza bwo gusenga ?
Mugitabo cy’Abafilipi4 :6-7 haravuga hati « Ntimukagire icyo mwiganyira, ahubwo ibyo mushaka byose bimenywe n’Imana mubisabiye, mubyingingiye, mushima. Nuko amahoro y’Imana ahebuje rwose ayo umuntu yamenya, azarindire imitima yanyu n’ibyo mwibwira muri Kristo Yesu ». Uburyo bwiza bwo gusenga ni ukwerekeza imitima yacu ku Mana ,twihannye kandi tubohokeye imbere y’Imana. Kuko Imana iratuzi neza kurusha n’uko twebwe ubwacu twiyizi. Tugomba kwereka Imana ibyifuzo byacu kandi tuzi neza ko izi neza ibidukwiriye ndetse n’ibyiza kuri twe.

Uko waba umeze kose icyo Imana ireba ni umutima.
Uko waba umeze kose icyo Imana ireba ni umutima.

Tugomba kugaragaza mu isengesho ryacu urukundo,ndetse no kuramya Imana  tutitaye kuba amagambo turi gukoresha ariyo akwiriye. Imana y’ita cyane ku biri mumutima w’umuntu kurusha uko atondekanya amagambo »
Uburyo bumwe bwo gusenga Bibiliya igaragaza tubusanga mu gitabo cya Matayo6 :9-13 . Ariko byumvikane ko iryo sengesho « Data wa twese » Atari isengesho tugomba gufata mumutwe ngo buri munsi tujye turikura mumutwe turivuga , ahubwo byari urugero rw’isengesho. Kuramya,kwizera Imana,gusaba ndetse no kwicuza ibyaha ndetse no kwicisha bugufi.
Bidusaba gukurikiza urugero rwo muri Data wa twese tugoresha ayacu magambo bwite ndetse tugakoresha n’uburyo bwacu butworoheye bwo kuvugana n’Imana ibi kandi biba biri mu mitima yacu. Wahagarara cyangwa ukicara; wamanika amaboko cyangwa ukayamanura; waba uhumirije cyangwa udahumirije;waba upfukamye cyangwa udapfukamye;waba uri murusengero cyangwa uri murugo cyangwa mu busitani;yaba mugitondo cyangwa nimugoroba, ibi byose ni inyongera Icyo Imana ireba ni umutima wawe ndetse n’ubusabane bwawe nayo.
 
Mukazayire Immaculee
 

74 COMMENTS

  1. “My coder is trying to persuade me to move to.net from PHP. I have always disliked the idea because of the costs. But he’s tryiong none the less. I’ve been using Movable-type on a number of websites for about a year and am nervous about switching to another platform. I have heard very good things about blogengine.net. Is there a way I can import all my wordpress posts into it? Any help would be greatly appreciated!”

  2. One thing I would like to discuss is that weightloss system fast can be performed by the correct diet and exercise. People’s size not merely affects the look, but also the quality of life. Self-esteem, melancholy, health risks, plus physical capabilities are afflicted in putting on weight. It is possible to just make everything right but still gain. In such a circumstance, a medical problem may be the culprit. While an excessive amount of food rather than enough exercise are usually the culprit, common medical ailments and popular prescriptions could greatly add to size. Kudos for your post here.

  3. Do you mind if I quote a few of your articles as long as I provide credit and sources back to your weblog? My blog site is in the very same area of interest as yours and my users would truly benefit from some of the information you present here. Please let me know if this alright with you. Regards!

  4. I do trust all the ideas you have presented to your post. They are very convincing and can certainly work. Still, the posts are too short for beginners. May just you please lengthen them a little from next time? Thanks for the post.

  5. Thanks for your ideas. One thing we have noticed is that often banks in addition to financial institutions really know the spending behaviors of consumers and as well understand that many people max out and about their own credit cards around the vacations. They properly take advantage of this kind of fact and start flooding the inbox and snail-mail box using hundreds of no-interest APR card offers soon after the holiday season concludes. Knowing that if you’re like 98 of American open public, you’ll hop at the chance to consolidate financial debt and switch balances towards 0 apr interest rates credit cards.

  6. Thank you for the sensible critique. Me & my neighbor were just preparing to do a little research about this. We got a grab a book from our area library but I think I learned more clear from this post. I am very glad to see such magnificent info being shared freely out there.

  7. Hello, Neat post. There is a problem together with your site in internet explorer, would test this… IE still is the market leader and a big element of other folks will omit your magnificent writing because of this problem.

  8. Simply wish to say your article is as astonishing. The clarity in your post is just spectacular and i can assume you’re an expert on this subject. Fine with your permission let me to grab your RSS feed to keep updated with forthcoming post. Thanks a million and please carry on the rewarding work.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here