Home AMAKURU ACUKUMBUYE U Rwanda mu bihugu 14 biza ku isonga muri Africa bifite igipolisi...

U Rwanda mu bihugu 14 biza ku isonga muri Africa bifite igipolisi cyiza.

Icyegeranyo cyashyizwe ahagaragara  n’ikigo mpuzamahanga gishinzwe umutekano imbere mu bihugu ndetse n’ibijyanye n’igipolisi (WISPI) cyagaragaje ibihugu 14 biza ku isonga mu kugira igipolisi cyiza, aho u Rwanda rwaje ku mwanya wa 2.

Iki cyegeranyo cyagaragaje ko igihugu cya Botswana kiza ku isonga ku mugabane wa Africa mu kugira igipolisi cyiza, naho u Rwanda rukaza ku mwanya wa 2, Algeria ikaza ku mwanya wa 3 naho u Burundi bukaza ku mwanya wa nyuma ariwo uwa 14 Nk’uko byatangajwe na World Internal Security and Police Index (WISPI)

 

Dore uko ibihugu bikurikirana:

 

  1. Botswana
  2. Rwanda
  3. Algeria
  4. Senegal
  5. Tunisia
  6. Egypt
  7. Burkina Faso
  8. Ghana
  9. South Africa
  10. Morocco
  11. Mali
  12. Sudan
  13. Malawi
  14. Burundi

N. Aimee

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here