Home INGO ZITEKANYE Ubuhamya bw’uwakijijwe ubutinganyi.

Ubuhamya bw’uwakijijwe ubutinganyi.

 “Sinavutse ndi umutinganyi, nubwo uburyo  nabayeho igihe kinini cy’ubuzima bwanjye bwashoboraga kumpamiriza ko ari byo, ko navutse ndi we.Nta gihamya na kimwe cya siyanse (science, ubuhanga, ubumenyi) cyerekana ko hari uvuka ari umutinganyi, cyangwa afite karande (genes) z’ubutinganyi muri we.Nyamara rero hari amatsinda y’abantu ashaka kutwumvisha ko abantu babivukana. Ibyo biba bigamije gushaka kugaragaza neza ubutinganyi , kubuha isura nziza ngo bukunde bwacyirwe.Ariko si byo . Ni umwuka urimo gukwira mu gihugu cyacu.Mu by’ukuri umwuka w’ubutinganyi wangabyeho igitero unyizirikaho nkiri muto kuburyo ntashoboraga kuwurwanya ngo nywutsinde. Ariko mfitiye urwango uyu mudayimoni kubera uko yampinduye n’ahantu yangejeje muri iyo ngeso. Imana ishimwe ko yaje ku bw’imbabazi yangiriye, ibohora ubugingo bwanjye.”
Aya magambo ni aya Erica Pike, umugore wari warasaritswe  n’ubutinganyi nyuma yaho akaza kubohorwa n’Imana.
Aya magambo nasanze ari ngombwa kuyandika kuri uyu mwanya, kuko yo ubwayo arahagije kugaragaza ko bishoboka gukira ubutinganyi kandi ko butavukanwa bityo akaba ari nta rwitwazo rukwiye gushyirwaho nkuko bamwe babyitwaza ko bishobora  kuvukanwa.
“Umuryango navukiyemo wari wuzuyemo ibibi bitandukanye. Harimo ugucana inyuma,(adultery) n’ubusambanyi butandukanye, harimo ubusinzi, ibiyobyabwenge, harimo n’abantu bakoraga ubutinganyi , ibyo bimbera mu maso, mbana nabyo . Ubwo nari ku mashuri nibwo nataye ubziranenge (innocence) bwanjye, ngeze mu mwaka wa karindwi niho natangiye kugira indi nshuti y’umukobwa, twakoranaga nyine ubutinganyi.Ubwo buzima nabukomeje mu gihe cyose nari ku ishuri. Ababyeyi banjye bari baramenye iby’iyo ngeso nari mfite, ariko ntibigeze bamerera nabi kuko bankundaga,  , nubwo batari babishyigikiye. Ndibuka ko umunsi umwe nasanze bansengera ngo mbashe kubohoka. Ibyo numvise ntacyo byari bimbwiye kuko nari naratangiye kwigira ikigomeke.
Maze kugeza imyaka 19, nibwo noneho naciye akagozi, niinjira mu  buzima bwo kwigomeka ku Mana, ubuzima  bwatwawe n’inzoga nyinshi, ubusambanyi, , amafaranga. N’inshuti nyinshi.Inzoga zatumaga nibagirwa ibintu byinshi, ibyo nkumva binshimishije. Ngejeje imyaka 20 nibwo natangiye kumva ko hari ikintu mbura muri njye, ariko nkayoberwa icyo aricyo.Numvaga muri njye hari nk’umwobo wagombaga kugira ikiwuzuramo. Ngejeje imyaka 30 nibwo nabanye noneho ku mugaragaro n’undi mukobwa, turasezerana. Ndibuka ko mwambika impeta namubwiye aya magambo’Nta na rimwe nzaguta ngo nshake undi mugore, ariko hari igihe byazaba nkajya ku Mana.
” Uwo twamaranye imyaka 7.Nyuma yaho ariko ubuzima bwanjye bwarushijeho kuba bubi, ngaho guhinduranya inshuti, ngaho ibiyobyabwenge, ubusinzi. Ubwo kandi ni nako nari narabaye umunyamahane ukomeye, nagiraga urwango, ishyari no gufuha gukabije ku buryo nagiraga umujinya nk’uw’inyamaswa. Muri ibyo byose icyambabazaga cyane nuko ntashoboraga kumva ijwi ry’Imana. Ibyo byarakomeje kugeza igihe numva ko ntakomeza kubaho gutyo.Nari nzi ko ibyo byose nanyuragamo byari ingaruka yo kureka Imana. “
Inzira ya Erica yo kubohoka.
Erica akomeza avuga uko yaje kubohoka.
“ Niyemeje kuva muri uwo mugi nari ndimo, ngenda ngana mu mugi witwa Temple muri kilometero zitari nkeye uturutse aho nabaga. Nta muntu numwe nari nzi aho hantu nari njyiye. Naragiye nkodesha mu nzu y’umugore w’Umupentekote, nkihagera namusaba ko twajyana gusengera mu itorero ryabo. Twarajyanye ntangira gusenga Imana, ariko nkumva amasengesho yanjye atarenga igisenge. Numvise binteye ubwoba kuba ntagishobora kumva ukubaho kw’Imana, nibwira ko bitazongera kubaho kugirana nayo ubusabane. Nakomeje gusenga ndira amarira menshi, nyuma y’amasaha atatu nibwo numvise ko mbohowe.Kubw’ubuntu n’imbabazi zayo Imana iransanga mbyarwa ubwa kabiri, kuva ubwo sinongeye kuba uko nari meze, na bugingo ubu.
Aha ndashaka kumenyesha umutinganyi wese ko utashobora kuba icyaremwe gishya mu gihe uri n’umutinganyi.Ndashaka kandi kumenyesha ko Imana ifite ububasha bwo guhindura ya myifurize ya gitinganyi, umuntu akongera kuba nkuko Imana yari yaramuremye; akagira ibyifuzo  bizima.
Imana yarankijije nawe yagukiza. Ntuvuge ngo ubwo buzima bw’ubutinganyi urimo, nta mubabaro ubonamo, kuko ari ikinyoma.
Ndagira kandi ngo mbwire ari abanyura muri icyo  kibazo, n’abafite ababo  baboshywe nacyo, kudacika intege niyo byatinda Imana izabakiza, nanjye nasengewe igihe kinini .”
 
MITALI Adolphe

116 COMMENTS

  1. You’re in some serious need of relaxation. That’s where a site like http://www.camgirl.pw comes in handy. You can do a whole lot of relaxing there. You’ll find plenty of fun girls to talk to. These are the hottest and most wild girls on the internet. Chat with them and have yourself a good time.

  2. I like it! Interesting tips over this web. It is pretty worth enough for me. In my opinion, if all webmasters and bloggers made good content as you did, the net will be much more useful than ever before.| I couldn’t resist commenting. I ‘ve spent 2 hours looking for such informations. I’ll also share it with a couple of friends interested in it. I have just bookmarked this website. Right now with the job done, I’ll watch some World cup Cams. Gracias!!! Regards from Russia WM!

  3. But a smiling visitant here to share the love (:, btw outstanding design. “Everything should be made as simple as possible, but not one bit simpler.” by Albert Einstein.

  4. There are some interesting deadlines in this article but I don’t know if I see all of them middle to heart. There’s some validity however I’ll take hold opinion until I look into it further. Good article , thanks and we want extra! Added to FeedBurner as well

  5. You’ve been working hard lately. All that stress has got to be eating at you. Why not take a break and enjoy some cam girls? There’s plenty of them to enjoy at http://www.camgirl.pw It’s wall to wall babes at this site. You’ll know that right away after your first visit.

  6. Thank you for sharing excellent informations. Your web site is very cool. I am impressed by the details that you have on this web site. It reveals how nicely you perceive this subject. Bookmarked this website page, will come back for more articles. You, my pal, ROCK! I found just the info I already searched everywhere and simply could not come across. What a perfect site.

  7. Hello there friend! Oh my goodness! an amazing article dude. Thank you However I am experiencing issue with ur rss . Don?t know why Unable to subscribe to it. Is there anyone getting identical rss problem? Anyone who knows kindly respond. Thnkx Again thanks alot for this!

  8. Sweet blog! I found it while surfing around on Yahoo News. Do you have any tips on how to get listed in Yahoo News? I’ve been trying for a while but I never seem to get there! Thank you

  9. There are some attention-grabbing points in time on this article but I don’t know if I see all of them heart to heart. There is some validity however I will take maintain opinion until I look into it further. Good article , thanks and we wish extra! Added to FeedBurner as nicely

  10. Hello there friend! Hello! I just would like to give a huge thumbs up for the great info you have here on this post. I will be coming back to your blog for more soon. Again thanks alot for this!

  11. My husband and i ended up being now satisfied when Louis could complete his survey out of the ideas he gained using your web page. It is now and again perplexing to just find yourself offering secrets which usually some people may have been selling. Therefore we do understand we’ve got you to thank for this. These illustrations you’ve made, the straightforward website navigation, the relationships your site make it possible to instill – it’s got most fantastic, and it’s really leading our son and our family recognize that that situation is thrilling, and that is very fundamental. Many thanks for the whole lot!

  12. Thank you for posting this awesome article. I’m a long time reader but I’ve never been compelled to leave a comment. I subscribed to your blog and shared this on my Twitter. Thanks again for a great post!

  13. I kind of agree with everything said here. There’s just one problem. It doesn’t talk about what’s the best site to join to get laid. That’s the most important part of it all. If you’re wanting to get laid, then this is the site for you https://t.irtyf.com/hkz06n8e68?offer_id=3785&aff_id=29696&nopop=1 You’re going to get some pussy there. Don’t beat off tonight. Get yourself some action. You can beat off tomorrow. Today is your day to get some pussy.

  14. Thank you for publishing this awesome article. I’m a long time reader but I’ve never been compelled to leave a comment. I subscribed to your blog and shared this on my Facebook. Thanks again for a great post!

  15. Very nice post. I just stumbled upon your weblog and wanted to say that I have truly enjoyed browsing your blog posts. In any case I will be subscribing to your rss feed and I hope you write again soon!

  16. Thanks for publishing this awesome article. I’m a long time reader but I’ve never been compelled to leave a comment. I subscribed to your blog and shared this on my Twitter. Thanks again for a great article!

  17. You’ve worked hard this week. Now it’s time to let your hair down and have a little fun. You can do just that at http://www.camgirl.pw There’s a whole lot of sexy cam girls there. You’ll be amazed by how many there are. Not only that, but these girls are super dirty. This is by far the hottest cam site on the internet. You’ll fully understand that the very second your eyeballs are laid upon these beauties.

  18. My husband and i ended up being very peaceful when Edward could complete his investigation from the ideas he made from your own web pages. It’s not at all simplistic to just possibly be releasing strategies which other folks might have been selling. And we fully grasp we have the website owner to appreciate for this. The illustrations you have made, the easy blog navigation, the friendships you make it easier to engender – it’s got all wonderful, and it’s aiding our son and us understand that subject is brilliant, which is rather important. Many thanks for the whole thing!

  19. What’s Taking placeHappeningGoing down i’mi am new to this, I stumbled upon this I haveI’ve founddiscovered It positivelyabsolutely helpfuluseful and it has helpedaided me out loads. I am hopingI hopeI’m hoping to give a contributioncontribute & assistaidhelp otherdifferent userscustomers like its helpedaided me. GoodGreat job.

  20. Why userspeopleviewersvisitors still usemake use of to read news papers when in this technological worldglobe everythingallthe whole thing is availableaccessibleexistingpresented on netweb?

  21. We areWe’re a groupa gagglea bunch of volunteers and startingopening a newa brand new scheme in our community. Your siteweb sitewebsite providedoffered us with helpfulusefulvaluable informationinfo to work on. You haveYou’ve performeddone an impressivea formidable taskprocessactivityjob and our wholeentire communitygroupneighborhood will beshall bemight bewill probably becan bewill likely be gratefulthankful to you.

  22. heyhello there and thank you for your informationinfo – I’veI have definitelycertainly picked up anythingsomething new from right here. I did however expertise somea fewseveral technical issuespoints using this web sitesitewebsite, sinceas I experienced to reload the siteweb sitewebsite manya lot oflots of times previous to I could get it to load properlycorrectly. I had been wondering if your hostingweb hostingweb host is OK? Not that I amI’m complaining, but sluggishslow loading instances times will very frequentlyoftensometimes affect your placement in google and cancould damage your high qualityqualityhigh-quality score if advertisingads and marketing with Adwords. AnywayWell I’mI am adding this RSS to my e-mailemail and cancould look out for a lotmuch more of your respective intriguingfascinatinginterestingexciting content. Make sureEnsure that you update this again soonvery soon.

  23. Asking questions are reallyactuallyin facttrulygenuinely nicepleasantgoodfastidious thing if you are not understanding anythingsomething fullycompletelyentirelytotally, butexcepthowever this articlepostpiece of writingparagraph providesoffersgivespresents nicepleasantgoodfastidious understanding evenyet.

  24. Your article seems to suggest that introverts struggle with leadership roles “put in a position to lead or instruct can send us into a panic” – I actually find that quite offensive. Introverts are not necessarily bad presenters, leaders or instructors, likewise, being an extrovert does not make you good at those things.

  25. AwesomeRemarkableAmazing! Its reallyactuallyin facttrulygenuinely awesomeremarkableamazing articlepostpiece of writingparagraph, I have got much clear idea regardingconcerningabouton the topic of from this articlepostpiece of writingparagraph.

  26. HiWhat’s upHi thereHello alleverybodyevery one, here every oneevery person is sharing suchthesethese kinds of experienceknowledgefamiliarityknow-how, sothustherefore it’s nicepleasantgoodfastidious to read this blogweblogwebpagewebsiteweb site, and I used to visitgo to seepay a visitpay a quick visit this blogweblogwebpagewebsiteweb site everydaydailyevery dayall the time.

Leave a Reply to Make Easy Money Online Cancel reply

Please enter your comment!
Please enter your name here