Home Uncategorized Ubwo navukaga sinari umuntu nari ikintu kuko amaso yanjye yacomokagamo

Ubwo navukaga sinari umuntu nari ikintu kuko amaso yanjye yacomokagamo

Gakumba Simon ni umugabo w’imyaka 65 akaba yaravutse mu mwaka w’1955 mu karere  ka Karongi, mu buhamya bwe avuga ko kimwe mubya mubabaje harimo nko kuba  yarabwiwe ko ngo akivuka nta mpundu zavuzwe kuko yavutse ahumye, ahubwo abantu barahurura bavuza induru bati:” nimuze murebe ikintu cyavutse kwa Nzaramba”. Uwo yari se umubyara

Nakuze ndi umunyamubabaro, maze imyaka 24 nakira Yesu ankuraho umutwaro. Mama yambwiye ko atigeze arya yicaye (yahoraga anteruye), kuko amaso yahoraga andya. Abantu bazaga kuvumba iwacu, bakavuga ko Imana ari ingome kuko yanyimye amaso. Ibyo byangiyemo, nanjye nanga Imana n’ababyeyi, ubwo hari mu w’1968.

Mu w’1959, nahunze intambara ntagira amaso mpanuka ku mukingo nituramo umwuka urahera. Bigeze mu w’1962, batangiye kuvuga ngo ihumure ryabonetse maze tujya mu mazu yacu. Baraje badutwikira mu nzu, aba ari jye ubyuka mbyutsa n’abandi, tumaze kuyivamo irashya irashira. Nyogokuru abwiye abantu ko Gakumba ari we wababyukije, data yaravuze ati “Akamuga karuta agatumbi.” Turi abo yaremye ifite impamvu (Yeremira 1:4).

Amaso yanjye yageraga aho agasohokamo. Mu w’1968 byageze aho birandenga, ababyeyi banjye barabuze amafaranga yo kumvuza. Nari nsanzwe nkora imirimo yose. Ndi mu bishyimbo, umushingiriro winjiye mu jisho, mva amaraso menshi bagira ngo ndapfuye ariko igitangaje ni uko nta wigeze atekereza kunjyana kwa muganga. Navuye amaraso anshiramo, nyuma hakurikiraho amazi. Hashize iminsi, inyama zitangira kuva mu maso, nkatinya kujya hanze kuko natinyaga ko isazi zinjira mu gihanga.

Natangiye isengesho, mbwira Imana ngo nunkiza uyu mubabaro nzagukorera. Hashize ibyumweru bibiri, uruhu rwo mu maso ruvaho kandi icyo gihe cyose sinigeze nsinzira. Imana yaranyumvise, inkiza ntagiye kwa muganga, nyuma y’ibyumweru 3 numva umubabaro ugenda ugabanuka. Inyama zatangiye gukura imbere mu jisho, umunsi umwe nasinziriye amasaha 18. Irindi jisho ritari ryarakomeretse ryaragabanutse ntiryaba rikibyimbye ndetse rirekera aho kundya. Ku bakunda Imana byose bifataniriza hamwe kubazanira ibyiza, ariko icyo gihe cyose sinari bwakizwe.Sinumvikanaga n’ababyeyi, kuko bohereje abo tuvukana kwiga jyewe bakangurira igikanzu kuko ntajyaga kwiga.

Ubu ni bumwe mu buhamya bwa Gakumba Simon wavutse arimpumyi ariko kuri ubu akaba abasha kwigenza no gusoma Bibiriya atareba, nkuko  mwagiye  mubidusaba ko twaza bubagezaho twagerageje  kububashyirira mu bice 3

Ntimuza cikwe n’igice cya 2

49 COMMENTS

  1. “I’ve learned several important things through your post. I might also like to state that there can be situation in which you will obtain a loan and never need a cosigner such as a Federal Student Aid Loan. But when you are getting credit through a conventional lender then you need to be ready to have a co-signer ready to allow you to. The lenders may base their own decision on the few variables but the most important will be your credit history. There are some loan merchants that will as well look at your job history and make a decision based on this but in most cases it will hinge on your ranking.”

  2. “I would love to add when you do not currently have an insurance policy or else you do not participate in any group insurance, you will well reap the benefits of seeking the aid of a health agent. Self-employed or people with medical conditions commonly seek the help of the health insurance dealer. Thanks for your post.”

  3. “Thanks for your post on this blog site. From my own personal experience, often times softening up a photograph might provide the photography with a chunk of an imaginative flare. More often than not however, that soft blur isn’t just what you had under consideration and can usually spoil a normally good image, especially if you consider enlarging this.”

  4. “The other day, while I was at work, my cousin stole my iPad and tested to see if it can survive a 40 foot drop, just so she can be a youtube sensation. My iPad is now broken and she has 83 views. I know this is entirely off topic but I had to share it with someone!”

  5. “hey there and thanks to your info – I have definitely picked up something new from proper here. I did then again experience some technical issues the usage of this website, as I skilled to reload the site many times previous to I may get it to load properly. I were thinking about if your hosting is OK? No longer that I’m complaining, but slow loading instances occasions will sometimes affect your placement in google and could damage your high quality score if advertising and ***********|advertising|advertising|advertising and *********** with Adwords. Anyway I am including this RSS to my e-mail and could glance out for a lot extra of your respective fascinating content. Make sure you replace this once more very soon..”

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here