Home Uncategorized Ukuzamuka kw’imisoro ku bicuruzwa bya caguwa byatumye n’abaguzi bayo bagabanuka ku isoko

Ukuzamuka kw’imisoro ku bicuruzwa bya caguwa byatumye n’abaguzi bayo bagabanuka ku isoko

arton329-10d85
Bamwe mu bacuruza ibicuruzwa bya caguwa babwiye isango star ko kuva aho imisoro izamuwe kuri ibyo bicuruzwa n’abaguzi babyo bagabanutse.ibi bakaba babitangaje nyuma yaho mu cyumweru gishize ngo aribwo batagarijwe ko imisoro ku bicuruzwa bya caguwa izamuweho icuro 22.
Ibi bivuga naba bacuruzi binashimagirwa kndi n’abaguzi ngo kuko akenshi banjyaga kugura caguwa bakurikiye yuko arizo zigura make kuba ubu rero ngo ibiciro bisa nkaho bigana n’ibyibindi bicuruzwa Atari caguwa ngo ntacyatuma ayihaha ahubwo ngo yihahira ibyo bo bise magasin.
Imwe mu myanzuro iheruka gufatwa n’inama yahuje abakuru b’ibihugu bihuriye mu muryango w’afurika y’uburasirazuba iherutse guterana taliki 2 z’ukwa gatatu uyu mwaka harimo n’uwo guhagarika caguwa muri ibyo bihugu bihuriye muri uwo muryango hagamijwe guteza imbere inganda zikorera imbere muri ibyo bihugu.
Zimwe mu ngamab zashyizweho hano mu Rwanda hagamijwe kugera kuri iyo ntego harimo no kuzamura imisoro kuri ibyo bicuruzwa bya caguwa,bamwe mu bacuruza caguwa hano mu mujyi wa Kigali bavuga ko kuwa kabiri w’icytumweru gishize aribwo bamenyeshejwe ko umusoro ku bicuruzwa bya caguwa w’ikubye icuro 22,ibintu ngo byatumye bamwe bava muri ubwo bucuruzi ngo kuko iyo ugeze aho baragurira amabaro usanga ahahuriranga abaje kurangura 70 kuri ubu uhasanga 30.
Uretse naho baragurira iyo ugeze ku isoko ryahho bacururriza ibyo bicuruzwa,abacuruzi bakubwira ko uretse no kuba bamwe muri bagenzi babo baragabanutse ngo byanagendanye n’abaguzi
” reka da !!! ntabaguzi bakiboneka,mbere wamuhanga ipantaro y’ibihumbi bitatu (3000) kuri ubu umwaka ibihumbi umunani(8000),ahita yingendera ureste ko ngo n’amafaranga yabuze”
Uku gusobanura ingabanuka ry’abaguzi bacaguwa n’aba bacuruzi binashimagirwa nabamwe mu baguzi ngo kuko akenshi bahitangamo caguwa kubere igiciro cyari hasi ngo kurubu ubwo bayizamuye birutwa no kugura ibyo bo bise magasin ,
“nubusanzwenaguranga caguwa kuberako ibiciro byayo byari hasi ugereranyje na magaze(magasin),kuri ubu rero dabona nta mpamvu yo kugumya kugura caguwa”
Gusa ugucika kwizi caguwa bisa nkibizafata igihe ngo kuko ubwo umwanzuro w’o kuzica ukimara kumenyeka hari abihutiye kurangura nyinshi imisoro itarazamurwa,kuri ubu abaguzi bavuga ko aribwo batagiye kuyisohora nabwo bakayisora ari mike ndeste bakanayitagira ku mafarabnga menshi bitwaje ko umusoro wazamutse.uretse nibi ariko aba bacuruzi bibaza n’iba igihe izi caguwa zaciwe burundu hari ikizere cyko mu Rwanda hazaba harabonetse ibizisimbura ngo kuko kugeza nubu ntacyo baragaragarizwa

72 COMMENTS

  1. Whats Going down i’m new to this, I stumbled upon this I’ve discovered It positively useful and it has aided me out loads. I am hoping to contribute & aid different customers like its aided me. Good job.

  2. I loved as much as you’ll receive carried out right here. The sketch is tasteful, your authored material stylish. nonetheless, you command get got an impatience over that you wish be delivering the following. unwell unquestionably come more formerly again since exactly the same nearly very often inside case you shield this increase.

  3. I am not sure where you are getting your info, but good topic. I needs to spend some time learning more or understanding more. Thanks for magnificent information I was looking for this info for my mission.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here