Home AMAKURU ACUKUMBUYE Virusi yihinduranyije ya Covid 19 izwi ku izina rya ” Omicro” yageze...

Virusi yihinduranyije ya Covid 19 izwi ku izina rya ” Omicro” yageze mu Rwanda

Ministeri y’ubuzima ibinyujije mu itangazo yatangaje ko Omicro yageze mu Rwanda binyuze mu bantu binjiye mu gihugu n’abo bahuye.

Iyi Ministeti yatangaje ko kugeza ubu ari abantu batandatu bamaze gupimwaho iyi virusi. Ibi bikaba byatumye hakazwa ingamba zo kwirinda iyi virusi izwiho kwandura mu buryo bwihuse.


LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here