Home AMAKURU ACUKUMBUYE “Yezu ntacuruzwa,Yezu ntagurishwa…”-Papa Francis

“Yezu ntacuruzwa,Yezu ntagurishwa…”-Papa Francis

Mu minsi ishize nibwo umushumba wa Kiriziya Gaturika,Papa Francis yari afite ruzinduko mu gihugu cya Pologne,aho yari ari mu ihuriro mpuzamahanga ry’urubyiruko aho  yagizee igihe kinini cyo gusoma misa muri iki gihugu.

Papa Francis
Papa Francis

Uyu mushumba yavuze byinshi ndetse anasobanura byinshi bitandukanye kandi byafashije benshi cyane
Uyu mushumba yasabye urubyiruko  kuba abantu barangwa n’Impuhwe mu mvugo, mu bikorwa igihe cyose n’ahantu hose! Yavuze ko hari abantu benshi bababaye bakeneye kugaragarizwa Impuhwe! Yanagize   ati:”muharanire kubaho nta muntu mubereye umutwaro kubaho nta muntu ubereye umutwaro ni igikorwa gikomeye kandi cy’indashyikirwa cy’impuhwe”.
Papa yakomeje agira ati: «  Abantu barahihibikanywa no kubaka amasoko akomeye abandi bakarara badasinziriye ngo bazajye guhaha ibintu bifite agaciro gakomeye ibyo byose bakabikora batera Imana umugongo! barayobye kuko nta mahoro bibazanira! “nta soko na rimwe muzajya guhahamo ngo musange bacuruza yezu”! Yezu ntacuruzwa, ntagurishwa ni impano twahawe ku buntu na data kugira ngo tugire ubugingo! nta yezu nta buzima! niba rero mushaka kubaho mufite ihirwe mu buzima bwanyu nimwakire iyo mpano twahawe ku buntu, mureke yezu abigarurire kandi abe umugenga w’ibyanyu byose( ibyo mukomeraho byose)! »
Uyu  mushumba yigishije bikomeye aya magambo kandi abantu benshi barafashwa cyane.
By: Zarcy Christian

60 COMMENTS

  1. “Hi! I know this is somewhat off topic but I was wondering which blog platform are you using for this website? I’m getting sick and tired of WordPress because I’ve had issues with hackers and I’m looking at options for another platform. I would be awesome if you could point me in the direction of a good platform.”

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here