Mu minsi ishize nibwo Miss Shanel aherutse kwibaruka umwana we wa kabiri, aho we avuga ko ibi ari ibintu bitari kumworohera iyo hataza kubaho imbaraga z’ Imana isumba byose.
Abinyujije kuru kuta rwe rwa Facebook Miss Channel yagize ati:” Hashize icyumweru urumuri rushya rwinjiye mu buzima bwajye, rero ndashima Imana cyane yo Ishobora byose yo Mubyeyi, ku bwibyo yaremye bizana ibyishimo n’umunezero kuri twe”
Gusa na none ibi ntibyabujije abantu bamwe na bamwe kunenga iby’ amafoto ye yashyize hanze atandukanye aho yakunze kugaragaza indaye uko iteye. reka tubibutse ko tariki 2 Kanama 2014 ko aribwo uyu munyarwandakazi witwa Nirere Shanel uzwi kw’ izina rya Miss Shanel, nibwo yasezeranye akanambikwa impeta n’ umufaransa witwa Guillaume Favier
Nd.Bienvenu/ubumwe.com
Home Sexe & Relations Umunyarwandakazi Miss Shanel arashima Imana yamuhaye kwibaruka amahoro umwana we wa 2