Nyuma yaho isezereye biyoroheye cyane Wau Salaam ya Sudani y’epfo
Muriyi minsi ikipe ya rayon sportikomeje gushimisha abafana bayo aho mu cyumweru
gishize yasezereye biyoroheye cyane ikipe ya Wau Salaam ya Sudani y’epfo
Iyi kipe benshi mu bafana bayo bakunze gutazira akabyiniriro no ni gikundiro
Abafana bayo bari kubise buzuye baje gushyigikira ikipe yabo
miki
Dore abakinnyi b’ikipe ya Onze createur yo muri Mari zaba icakirana
na Rayon sport kuwa 11 werurwe mu mukino ubanza wa 1/16 cy’igikombe
cy’ishyirahamwe rw’umupira w’amaguru muri Afrika.
Umukino wo kwishyura uzabera i Kigali taliki ya 18 uko kwezi.
Dore imikino muri rusange uko iteye
S.M Sanga Balende S.M –Al Hilal
Mouloudia Club D’Alger —— RENAISSANCE DU CONGO FC
Club Africain ——–RSLAF FC RSLAF FC
Vipers Sports Club —- Platinium Stars FC
Zesco United FC —Le Messager de Ngozi FC
Asec Mimosas ——— APEJES FA DE MFOU –
Smouha Smouha —-ULINZI STARS FOOTBALL
Azam Football Club —Mbabane Swallows
Clube Recreativo Desportivo do Libolo — Ngezi Platinum Stars FC
Club Sportif Sfaxien ——-YONG SPORTS ACADEMY DE BAMENDA (YOSA)
Etoile du Congo —–Jeunesse Sportive de Kabylie
Maghreb Association Sportive de Fès —- SPORTING CLUB DE GAGNOA
Onze Créateurs —- Rayon Sports Rayon Sports
El Ahly Shandy ——– Supersport United FC.
BY Eric Roll