Home AMAKURU ACUKUMBUYE “Cake ntabwo zabaye mbi ahubwo abantu baba bayobewe aho bahahira” Milanova Restaurant

“Cake ntabwo zabaye mbi ahubwo abantu baba bayobewe aho bahahira” Milanova Restaurant

Abantu benshi bamaze iminsi bitotomba ngo cake zabaye mbi. Ngo ntabwo zikiryoha. Akenshi ibi biterwa n’uko hadutse abantu benshi basigaye bakora cake ariko zitujuje ubuziranenge,bakigana abanda.

Ubusanzwe amafunguro ni kimwe mu bintu bigombwa kwitonderwa mu gihe bagitegura kugira ngo kitagira ingaruka,ku buzima bw’umuntu. Milanova Restaurant ikaza ku isonga mu gutunganya Cake nziza kandi ziryohera uyiriye wese, kandi nta ngaruka mbi ku buzima.

Milanova Restaurant nyuma yo kubona iki kibazo ko hari abigana gukora cake, ariko igakora izitujuje ubuziranenge, yahisemo kwongera umubare wa Cake nyinshi kandi nziza kurushaho, ku buryo umwanya wose uhageze usanga cake nziza itunganije, nyuma yahoo babonaga abantu benshi bazaga babagana bavuye mu birori bitandukanye, babasaba kubatabara, ko Cake yindi bari barakoresheje basanze ntamuntu n’umwe wayirya!

 

Cake baba bafite ubwoko bwinshi butandukanye kandi bwiza

Milanova ikorera Kicukiro, ku muhanda munini wa Kaburimbo, Ku cyapa cya Kabiri cya Taxi uturutse Sonatube ugana Kicukiro Centre. Nubwo ubu bashyize imbaraga cyane mu gukemura ikibazo cya Cake, Bakary (Aho bakorera ibijyanye izi cake ndetse n’imigati) bafite Coffee Shop (Ikawa y’ubwoko bwose), Restaurant ndetse n’Akabari.

N’utundi tuntu twinshi dutandukanye kandi twiza tuba duhari

Si ibyo gusa kuko Milanova bategura amafunguro (Buffet) aho guhera 10h-15h buri muntu uhageze ahasanga amafunguro y’ubwoko bwose ateguye neza cyane kandi akarura mu bwisanzure. Bagira imigati y’ubwoko bwose, imigufi, imiremire, imitoya n’iminini, amandazi, sambusa, Biscuits, …

Milanova ikorera, aho hanyura abantu bose bakora akazi gatandukanye cyangwa bagize gahunda zitandukanye. Ibyo gukora amasaha yose y’umunsi bagifashe nk’ingamba. Isaha iyo ariyo yose umuntu agannye Milanova, ahita abona ikimuramira, nta mbogamizi y’amasaha ihaba.

Milanova, nubwo ikibazo cy’amasaha bagikemuye ndetse n’ubwo n’abasanzwe baza babagana bitunguranye ngo babatabare, mu gihe baba bari mu birori bagasanga aho bari babakoreye cake baba babatengushye, bakabura icyo bakiriza abashyitsi. Basaba ababagana ko bajya baza mbere y’uko batuburirwa n’abababeshya ngo barabakorera Cake nziza, noneho bakabategurira mbere y’igihe, kugira ngo babone uko bakira neza abashyitsi babo batuje. Bakaba babasanga aho icyicaro cyabo kiri bagatanga commande, yangwa bakabahamagara kuri nomero ya telephone iri aha hasi:

 

Ubumwe.com

1 COMMENT

Leave a Reply to Edmond Cancel reply

Please enter your comment!
Please enter your name here