NESA yatangaje gahunda y’ingendo z’abanyeshuri bajya ku ishuri
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA), cyatangaje ingendo z’abanyeshuri biga bacumbikirwa mu gihe cyo gusubira ku ishuri, mu gihembwe cya mbere.
The argument in favor of using filler text goes something like this: If you use arey real content in the Consulting Process anytime you reachtent.
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA), cyatangaje ingendo z’abanyeshuri biga bacumbikirwa mu gihe cyo gusubira ku ishuri, mu gihembwe cya mbere.
Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda (IGP), CG Felix Namuhoranye, yasabye urubyiruko kuba imboni z’impinduka nziza, rwirinda imyitwarire mibi irimo.
Abantu nibura 160 bamaze guhitanwa n’imyuzure ikomeye yatewe n’isenyuka ry’urubura runini rwo mu misozi ya Himalaya, rwateje imyuzure ikomeye ku.
Urubyiruko rusoje icyiciro cya gatatu cy’Itorero Imbuto Zitoshye, rusanga Itorero ribafasha kugira imyumvire imwe ku bumenyi n’amateka y’Igihugu, bityo rwiyemeza.
Kuri uyu wa Kane tariki 20 Kanama 2026, Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje ko abanyeshuri 82.21% ari bo batsinze ibizamini bya.
Umuryango mpuzamahanga urwanya Ruswa n’Akarengane, Transparency International Rwanda, urashima intambwe u Rwanda rwateye mu gukoresha neza ingengo y’imari. Raporo y’Ikigo.
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA), cyatangaje ko amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza n’icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye.
Nibura abantu 47 bahitanywe n’umutingito ukomeye ufite ubukana bwa magnitude 7.7, wibasiye igihigi cya Indonesia ku wa Gatandatu tariki 15.
Rwanda has made progress in budget transparency, public participation and budget oversight, according to the International Budget Partnership’s Open Budget.
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwerekanye abantu 17 batawe muri yombi, muri bo hakabamo Prof Emile Bienvenu, Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu.
Abacuruzi bakorera mu Karere ka Nyarugenge barasabwe kubyaza umusaruro ibyanya by’inganda bibarizwa muri aka Karere, harimo icya Nzove n’icya Mageragere..
Muri Colombia abantu nibura 132 ni bo bamaze gupfa bazize umutingito ukomeye wibasiye icyo gihugu, hakaba hatangajwe ibihe bidasanzwe. Biravugwa.
Polisi y’u Rwanda iravuga ko igiye gukurikirana abagaragaza imyitwarire idahwitse mu ruhame rwa benshi nko mu bitaramo, ahabera imikino, ku.
Ubuyobozi bw’u Bushinwa bwimuye abaturage barenga Miliyoni imwe bari batuye mu bice byo mu burasirazuba bw’iki gihugu, harimo n’umujyi wa.
Abayobozi b’Urugaga rw’Abikorera (PSF) mu Karere ka Nyarugenge bacyuye igihe, bashimiwe ku mugaragaro kubera ubwitange bagaragaje buzuza inshingano zabo, igikorwa.
Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Consolée Uwimana, yasabye abana kutemerera icyo ari cyo cyose cyahungabanya inzozi zabo. Yabisabye abana bahagarariye abandi.
Guverinoma y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR), yakiriye icyiciro cya 24 kigizwe n’abantu 177 basaba.
Ku wa 4 Kanama 2026, Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) a Guverinoma y’u Rwanda byasinye amasezerano y’inkunga ya Miliyari 67Frw,.
Ikigo SanTech kizobereye mu ikoranabuhanga rigezweho, kirakangurira abantu ndetse n’ibigo byakira abantu benshi, gukoresha ikoranabuhanga aho gukomeza kwifashisha amakaye cyangwa.
Ubwo hafungurwaga ku mugaragaro Imurikagurisha Mpuzamahanga ririmo kuba ku nshuro ya 29 (Expo2026), Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Antoine Kajangwe, yavuze ko.
Nk’uko bisanzwe, Entreprise Urwibutso Nyirangarama, igira ikintu gishya izana buri mwaka mu Imurikagurisha Mpuzamahanga ribera i Kigali, aho iki kigo.
Mu muhango wo gusoza Imurikabikorwa Mpuzamahanga ry’Ubuhinzi n’Ubworozi ku nshuro ya 19, ryaberaga ku Mulindi mu Mujyi wa Kigali, ryitabiriwe.
Abagize Inama y’Ubutegetsi ya LODA Rwanda, hamwe n’ubuyobozi bukuru bwa LODA, kuri uyu wa Gatatu tariki 29 Nyakanga 2026 batangiye.
Ubwo Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yaganiraga n’urubyiruko rwitabiriye Itorero Indangamirwa icyiciro cya 16, yongeye kurwibutsa ko ururimi.
Umubare w’abamaze kwitaba Imana bazize umutingito ukomeye wibasiye amajyepfo y’uburengerazuba bw’u Buyapani wageze nibura ku bantu 13, mu gihe abatabazi.
Ibinyujije muri Minisiteri y’Ikoranabuhanga na Inovasiyo, Guverinoma y’u Rwanda yatangije gahunda yo guhagarika buhoro buhoro imiyoboro ya 2G na 3G,.
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, ubwo yaganiraga n’urubyiruko ruri mu itorero Indangamirwa, yababwiye ko batagoma kuganya ahubwo bagomba kuba abakemura.
Kuri uyu wa Gtanu tariki 24 Nyakanga 2026, Madamu Jeannette Kagame yafunguye ku mugaragaro Imbuto Hub, ikigo cyubatswe mu Karere.
Banki ya NCBA Rwanda yamuritse ikoranabuhanga rishya rya serivisi, hifashisbijwe porogaramu za telefoni rizwi nka ‘NCBA NOW’, ndetse hanamurikwa n’urubuga.
Kuri uyu wa Kane tariki 23 Nyakanga 2026, Abapolisi 209 basoje amahugurwa yo guhangana n’ibyihebe mu bice by’imijyi, kurinda abanyacyubahiro,.