Bugesera: Madamu Jeannette Kagame yafunguye ku mugaragaro Imbuto Hub
Kuri uyu wa Gtanu tariki 24 Nyakanga 2026, Madamu Jeannette Kagame yafunguye ku mugaragaro Imbuto Hub, ikigo cyubatswe mu Karere.
The argument in favor of using filler text goes something like this: If you use arey real content in the Consulting Process anytime you reachtent.
Kuri uyu wa Gtanu tariki 24 Nyakanga 2026, Madamu Jeannette Kagame yafunguye ku mugaragaro Imbuto Hub, ikigo cyubatswe mu Karere.
Banki ya NCBA Rwanda yamuritse ikoranabuhanga rishya rya serivisi, hifashisbijwe porogaramu za telefoni rizwi nka ‘NCBA NOW’, ndetse hanamurikwa n’urubuga.
Kuri uyu wa Kane tariki 23 Nyakanga 2026, Abapolisi 209 basoje amahugurwa yo guhangana n’ibyihebe mu bice by’imijyi, kurinda abanyacyubahiro,.
Aba Ofisiye b’Ingabo z’u Rwanda (RDF) baturutse mu mitwe itandukanye bitabiriye amahugurwa ku Mategeko Mpuzamahanga Agenga Intambara (IHL), yateguwe na.
Kuri uyu wa Kabiri tariki 21 Nyakanga 2026, Perezida wa Repubulika ya Santarafurika, Faustin Archange Touadéra, yambitse Umudari w’Ishimwe Abasirikare.
Abantu icyenda baguye mu mpanuka ikomeye yabereye mu Murenge wa Musambira, Akarere ka Kamonyi, abandi 12 barakomereka bikomeye, ikaba yabaye.
Kuri iki Cyumweru tariki ya 19 Nyakanga 2026, ubwo hasozwaga amarushanwa yo gutinyura abanyeshuri kuvugira mu ruhame Icyongereza, kucyandika no.
Kugeza ku wa Gatanu tariki 17 Nyakanga 2026, muri Canada hamaze kuba inkongi z’umuriro zirenga 890 zikomeje kwibasira amashyamba, muri.
U Rwanda rwungutse umufatanyabikorwa mushya mu kurumenyekanisha, akaba ari ikipe ya Aston Villa yo mu gihugu cy’u Bwongereza, yasinyanye amasezerano.
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA), cyatangaje ko ibizamini bya Leta bisoza icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye (Tronc Commun) n’abarangije.
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yageze muri Qatar kuri uyu wa Mbere tariki ya 13 Nyakanga 2026, aho agiye kwifatanya.
Ubushyuhe bukabije bwibasiye ibihugu byo mu Burayi bw’Iburengerazuba mu mpera za Kamena, bwateje impfu zisaga 10,000 ugereranyije n’izari zisanzwe ziteganyijwe.
Ikigo cy’ishoramari Rwanda National Investment Trust Ltd/RNIT Iterambere Fund) kuri iki Cyumweru tariki 12 Nyakanga 2026, cyizihije imyaka 10, gitangaza.
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yihanganishije Emir wa Qatar, Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani, umuryango we ndetse n’abaturage ba.
I Kigali habereye inama yabaye mu rwego rwo kwizihiza Umunsi Nyafurika wo kurwanya ruswa, uba buri mwaka tariki 11 Nyakanga.
Sosiyete y’Itumanaho ya Airtel Rwanda ifatanyije n’ikigo gitanga inguzanyo Watu Connect Rwanda, batangije gahunda yo gutanga telefone zigezweho ku baturage.
Hirya no hino mu gihugu cyane cyane mu Mujyi wa Kigali, haravugwa ikibazo gikomeye cy’amazi, aho Ikigo cy’Igihugu gishinzwe gukwirakwiza.
Ubushakashatsi bwakozwe n’ikigo gifite inshingano zo guhuriza hamwe amakuru ajyanye na serivisi z’imari mu gihugu, cyane cyane iz’inguzanyo (TransUnion Consumer.
Nibura abantu 28 bamaze kwitaba Imana nyuma y’inkongi y’umuriro yibasiye uruganda runini rukora inkweto mu Bushinwa kuri uyu wa Kane.
Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yatangaje ko bitarenze ukwezi kumwe, u Rwanda ruzakira toni 40,000 z’ibikomoka kuri Peteroli rwatumije, bikazaza.
Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 7 Nyakanga 2026, abanyeshuri 277,452 bari hirya no hino mu Gihugu batangiye gukora ibizamini.
Kuri uyu wa Kabiri tariki 7 Nyakanga 2027, abanyeshuri 277,452 bo mu mashuri abanza, mu gihugu hose baratangira ibizamini bya.
Mu mezi atatu ashize, Ingabo na Polisi b’u Rwanda bakoze ibikorwa bitandukanye, birimo kubaka inzu z’abatishoboye, ibyumba by’amashuri, kuvura abaturage.
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, ahamya ko ntawe ufite inshingano ku Rwanda kurusha Abanyarwanda ubwabo, kuko ari bo bagomba kumenya.
Umujyi wa Kigali wananiwe gusobanurira Komisiyo y’Inteko Ishinga Amategeko ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’umutungo wa Leta (PAC), uburyo wakiriye imodoka ikora.
Imurikagurisha Mpuzamahanga ry’Ubucuruzi mu Rwanda ku nshuro ya 29 (Expo 2026), rizaba kuva ku wa 28 Nyakanga kugeza ku wa.
City of Joy Rwanda, an organization located in Nyarunyinya Cell, Mukingo Sector, Nyanza District in Rwanda’s Southern Province, has become.
Urubuga rwa WhatsApp rwatangaje uburyo bushya bwitwa ‘usernames’, bugamije kurinda amakuru bwite y’abarukoresha. Ubu buryo buzafasha abantu kuvugana bitagombye gusangizanya.
Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Mukantaganzwa Domitille, yihanangirije abacamanza basubika imanza mu buryo budasobanutse, kuko bidindiza ubutabera, abasaba kubahisha Urukiko kuko atari.
Umutingito ufite ubukana bwa 7.5 wibasiye Venezuela ku wa Gatatu tariki ya 24 Kamena 2026, ni wo ukomeye cyane wibasiye.