EU yahaye u Rwanda inkunga ya Miliyari 67Frw azifashishwa mu buhinzi
Ku wa 4 Kanama 2026, Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) a Guverinoma y’u Rwanda byasinye amasezerano y’inkunga ya Miliyari 67Frw, azifashishwa mu mishinga iteza imbere ubuhinzi budahangarwa n’ihindagurika ry’ibihe, ayo mafaranga akaba azakoreshwa muri gahunda ya ‘Hangaribihe’. Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Yusuf Murangwa, yavuze ko aya mafaranga azashorwa mu bice bibiri by’ingenzi bigamije guteza imbere ubuhinzi
