Intambara ya Iran na Amerika&Israel, akaga ku bidukikije
Kuva Amerika na Israel biyemeje kugaba ibitero kuri Iran muri ‘Operation Epic Fury’ ku wa 28 Gashyanyare 2026, iyi ntambara imaze gutigisa Isi mu buryo hafi ya bwose, haba mu bukungu, imibereho y’abaturage, ingendo zo mu kirere, izo mu mazi, ubuhahirane n’ibindi, mbese yafashe inguni zose z’ubuzima bw’ikiremwamuntu ku Isi. Abantu rero bahangayikishijwe n’ingaruka zirebana
