RSSB-Tigers yegukanye BAL 2026, ishema ku Rwanda
Ikipe ya RSSB-Tigers yari ihagarariye u Rwanda mu mikino ya BAL 2026, yegukanye iir rushanwa nyafurika rya Basketball, nyuma yo gutsinda Petro de Luanda yo muri Angola amanota 90 kuri 88. Mu mukino witabiriwe n’abarimo perezida wa repubulika Paul Kagame, ikipe ya RSSB-Tigers yari ihagarariye u Rwanda, yegukanye BAL nyuma yo gutsinda ku mukino wa
