Urugendo rwa Afurika mu Gikombe cy’Isi 2026 rwashyizweho akadomo
Mu ijoro ryakeye ni bwo ikipe ya nyuma mu yari ahagarariye Afurika mu Gikombe cy’Isi 2026 yarangizaga urugendo rwayo, iyo ikaba ari Maroc yantsinzwe n’u Bufaransa ibitego 2-0 mu mukino wa ¼ w’iri rushanwa rigaragiye ayandi muri ruhago, icyizere cya Afurika cyo gukomeza guhatana kirangirira aho. Ni umukino wabereye i Boston muri Leta zunze
