Murasabwa kugira imitekerereze, imyumvire n’imyitwarire isobanutse – Madamu Jeannette Kagame ku bato
Madamu Jeannette Kagame yasabye abakiri bato bagiriwe icyizere cyo kuba mu buyobozi bw’Igihugu, kugira imyumvire n’imitekerereze isobanutse ku Nguni zitandukanye z’ubuzima bw’Igihugu. Yabigarutseho ku Cyumweru tariki 6 Nzeri 2026, ubwo yagezaga ijambo ku bitabiriye amasengesho yagenewe abayobozi bakiri bato, amenyerewe nka ‘Young Leaders Prayer Breakfast’, yateguwe n’umuryango Rwanda Leaders Fellowship. Madamu Jeannette Kagame yagize ati
