Mube abakemura ibibazo kuko ibisubizo biri muri mwe – Perezida Kagame
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, ubwo yaganiraga n’urubyiruko ruri mu itorero Indangamirwa, yababwiye ko batagoma kuganya ahubwo bagomba kuba abakemura ibibazo, kuko ibisubizo ari bo ubwabo babifite. Umukuru w’Igihugu yabigarutseho ubwo yasuraga abari mu itorero Indangamirwa, kuri uyu wa Kabiri tariki 28 Nyakanga 2026, bagizwe n’urubyiruko rwiga mu mahanga ndetse n’abiga mu mshuri yo mu
