Nta byacitse turirinze ariko ntitwirare – Minisitiri w’Intebe avuga kuri Ebola
Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yavuze ko nta mpungenge Abanyarwanda bakwiye kugira ku bijyanye n’icyorezo cya Ebola kimaze iminsi kivugwa mu bihugu by’abaturanyi, kuko u Rwanda rwakajijwe ingamba zo kugikumira. Yabigarutseho ku wa Gatandatu tariki 6 Kamena 2026, ubwo yagiranaga ikiganiro n’abanyamakuru, cyibanze ku ishusho rusange y’ubukungu bw’u Rwanda, akaba yari kumwe n’abandi Baminisitiri ndetse
