U Rwanda ruzakira CECAFA Kagame Cup 2027 na 2028
Inama y’Amashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru yo muri Afurika y’Iburasirazuba n’iyo Hagati (CECAFA), yemereye u Rwanda kwakira amarushanwa ya CECAFA Kagame Cup, mu myaka ibiri iri imbere iza ya 2027 na 2028. Inama y’Ubutegetsi ya CECAFA iyobowe na Perezida wayo, Paulos Weldehaimanot Andemariam, yateranye ku wa 6 Kanama 2026, nuko ifata umwanzuro wo guha u Rwanda uburenganzira
