Menya uko wakwirinda indwara y’umutima
Indwara y’umutima iri mu cyiciro cy’indwara zitandura, zigira ingaruka z’ubuzima mu gihe kirekire, kandi akenshi zigatuma hakenerwa ubuvuzi bw’igihe kirekire. Icyegeranyo cyakozwe n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) cyo mu 2023, cyerekana ko indwara zitandura ari ikibazo gikomeye cy’ubuzima mu Rwanda. Cyerekana kandi ko umubare w’abapfa bitewe n’indwara zitandura bari mu byiciro by’ingenzi birimo
