Igiciro cy’ibikomoka kuri peteroli cyazamutse, icy’ingendo kirongerwa
Urwego Ngenzuramikorere (RURA) ruramenyesha Abaturarwanda bose ko guhera ku wa 4 Mata 2026, saa kumi n’ebyiri za mu gitondo (6:00), ibiciro ntarengwa by’ibikomoka kuri peteroli, habariwemo n’umusoro ku nyongeragaciro (VAT), bivuguruwe mu buryo bukurikira: Lisansi ntigomba kurenga Amafaranga y’u Rwanda 2,303 kuri Litiro, naho Mazutu ntigomba kurenga Amafaranga y’u Rwanda 2,205 kuri Litiro. Ibi biciro
