Wari uzi impamvu guhindura amafaranga ari ngombwa nubwo bihenda?
Guhindura amafaranga ni ngombwa nubwo bihenda kuko bitwara ingengo nini mu kuyakora. Ni amagambo yatangajwe n’abakozi ba Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR), ubwo bari mu gikorwa cya ‘NBR OPEN DAY’, aho abanyamakuru bahabwaga umwanya wo kubaza ibibazo abakozi ba BNR bakora mu bice bitandukanye. Mu bibazo byabajijwe, harimo n’ikijyanye no guhindura amafaranga. Kuki amafaranga agera
