May 10, 2025
Kigali City - Rwanda
Ingo Zitekanye Iyobokamana

Ubundi gucuruza akabari ku Mukristu ni icyaha?

Izi ni impaka zikunda kuba mu bantu benshi batandukanye, iyo bicaye. Gusa rimwe na rimwe rubura gica umwe azana ingingo ze, undi nawe.

Read More
Iyobokamana

Gukina Yesu byamubereye nk’umusaraba:Ubuhamya bwa Robert Powell

Mu mateka ya sinema ya gikirisitu, filime Jesus of Nazareth yasohotse mu 1977 ni imwe mu zifite izina rikomeye cyane. Yabaye impinduramatwara mu.

Read More
Ingo Zitekanye Ubuzima

Dore ubusobanuro bw’agatambaro k’umutuku gakoreshwa ku bukangurambaga kuri SIDA

Aya matsiko birashoboka ko nawe wigeze kuyagira, cyangwa ukaba unabona aka kamenyetso gusa ariko ukaba utarigeze na rimwe ufata umwanya ngo ugatekerezeho. Byose.

Read More
Ingo Zitekanye Ubuzima

“2030 nta SIDA? Uko u Rwanda ruri gutegura intsinzi idasubirwaho”

Mu gihe isi yose ikomeje urugamba rwo guhashya virusi itera SIDA, u Rwanda narwo ruri mu bihugu byagaragaje ubushake n’ingufu mu guhangana n’iki.

Read More
Ingo Zitekanye Iyobokamana

Ni ngombwa kugira urusengero usengeramo?

Abantu benshi, bakunda kwibaza iki kibazo, rimwe na rimwe bagashaka igisubizo, cyangwa ubundi bakabyibaza gusa ariko ntibagire icyo babikozeho bikarangirira aho.Mu buryo rusange,.

Read More
Imyidagaduro Ingo Zitekanye

Umukobwa mwiza ku isura, muri rusange aba ameze ate?

Iki ni ikibazo abantu benshi bakunda kwibaza. Ni ikibazo gishimishije kandi kigaragaza uko abantu batekereza ku ubwiza, ariko ikiruta byose ni uko twibuka.

Read More
Politiki

Wari uzi ko hari ibihugu bitagira igisirikare?

Mu gihe ibihugu byinshi byo ku isi bifite igisirikare gifite inshingano zo kurinda ubusugire bwabyo, hari ibihugu bimwe na bimwe byahisemo kutagira igisirikare,.

Read More
Ingo Zitekanye Ubuzima

Koza amenyo kabiri ku munsi: Akamenyero gato gafite umumaro ukomeye

Ko waba uzi ko isuku y’amenyo ari kimwe mu bintu byoroshye umuntu yakora buri munsi ariko bifite umumaro munini ku buzima bwe? Nubwo.

Read More
Imyidagaduro

Imyidagaduro ni umurimo: Iterambere rifatika

Mu Rwanda rwo muri iki gihe, imyidagaduro ntikiri ibyo gusetsa abantu gusa cyangwa ibihangano byo ku manywa y’ikiruhuko. Ubu ni umurimo, ni igice.

Read More
Ingo Zitekanye Iyobokamana

Ese wigeze utekereza ku gaciro k’ubuzima Imana yaguhaye?

Basomyi bacu dukunda, nk’uko benshi muri twe twemera, Imana niyo muremyi w’ibintu byose byabaibyo ku isi, munsi y’isi, mu kirere no mu ijuru..

Read More