Zambia: Hakainde Hichilema yatsinze amatora ya Perezida
Ibyavuye mu matora byatangajwe ku mugaragaro bigaragaza ko Perezida usanzweho, Hakainde Hichilema, yabonye hafi 61% by’amajwi, bityo atsindira manda ya kabiri y’imyaka itanu. Perezida wa Zambia, Hakainde Hichilema, yongeye gutorerwa kuyobora igihugu muri manda ya kabiri y’imyaka itanu, nk’uko byatangajwe n’inzego z’amatora, nyuma y’amatora yaranzwe n’ibirego by’uburiganya. Ibyavuye mu matora byatangajwe bwa mbere na Komisiyo
