Amerika yongeye kugaba ibitero kuri Iran, na yo irihimura
Igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyongeye kugaba ibitero muri Iran, iki gihugu na cyo cyihimura kirasa ku birindiro bya Amerika biri muri Bahrain na Kuwait, ibintu bikomeje kongera impungenge z’uko intambara ishobora kongera kubura hagati y’impande zombi. Ibitero byagabwe ku wa Gatatu ni byo bikomeye kurusha ibindi byose kuva hagati muri Kamena, ubwo
