Wolfram icukurwa mu Rwanda yageze ku isoko rya Amerika
U Rwanda rwatangiye kohereza ku isoko rya Leta Zunze Ubumwe za Amerika amabuye y’agaciro ya Wolfram (Tungsten). Konteneri za mbere zirimo amabuye y’agaciro.
The argument in favor of using filler text goes something like this: If you use arey real content in the Consulting Process anytime you reachtent.
U Rwanda rwatangiye kohereza ku isoko rya Leta Zunze Ubumwe za Amerika amabuye y’agaciro ya Wolfram (Tungsten). Konteneri za mbere zirimo amabuye y’agaciro.
Mu rwego rwo guteza imbere ndetse no kumenyekanisha u Rwanda binyuzemuri gahunda ya Visit Rwanda, ubu noneho rwasinyanye amasezerano y’imikoranire n’ikipe ya Los.
Umunsi mpuzamahanga wo kurwanya indwara z’umutima wizihirijwe mu Karere ka Rubavu, wabanjirijwe n’icyumweru cyahariwe gushishikariza abantu kwirinda indwara z’umutima, hapimwe indwara zitandukanye zirimo.
Umunya-Slovenia, Tadej Pogačar, yisubije umudali wa Zahabu muri Shampiyona y’Isi y’Amagare, nyuma yo gutsinda isiganwa ry’abagabo ryo mu muhanda ryakinwe kuri iki Cyumweru,.
Ibyo wamenya ku isiganwa ritegerejwe cyane ry’abagabo babigize umwuga (Men Elite), basiganwa kuri iki cyumweru banashyira akadomo ku irushanwa ry’uyu mwaka. Igihe: 09h45-16h45.
Umukobwa ukomoka muri Espagne w’imyaka 18, Paula Ostiz, yegukanye Shampiyona y’Isi y’Amagare mu cyiciro cy’abangavu basiganwa mu muhanda (Road Race), mu gihe Umunya-Canada.
Umutaliyani Lorenzo Finn Mark w’imyaka 18 abaye uwa mbere ku Isi nyuma yo gusiga abandi mu batarengeje imyaka 23 mu cy’abagabo, muri Shampiyona.
Abaturage bo mu Mirenge itandukanye y’Akarere ka Nyamasheke mu Ntara y’Uburengerazuba, baravuga ko bafite icyizere cyo kongera kubona amafaranga aturutse ku buhinzi bw’urutoki.
Aya ni amagambo yavuzwe n’umwe mu baterankunga ba Gasore Serge Foundation, mu muhango wo gufungura ikibuga cyo gukabirizamo inzozi (The field of Dreams).
Umukambwe Nicolas Sarkozy wabaye Perezida w’u Bufaransa, urukiko rwo muri iki gihugu rwamukatiye gufungwa imyaka itanu (5) muri gereza, nyuma yo guhamwa n’icyaha.