Ni ngombwa kugira urusengero usengeramo?
Abantu benshi, bakunda kwibaza iki kibazo, rimwe na rimwe bagashaka igisubizo, cyangwa ubundi bakabyibaza gusa ariko ntibagire icyo babikozeho bikarangirira aho.Mu buryo rusange, yego, ni ngombwa kugira urusengero cyangwa itorero umuntu asengeramo, ariko hari n’ubwisanzure mu kwemera butuma bidahinduka itegeko ridakuka. Dore impamvu rusange zerekana akamaro ko kugira urusengero usengeramo: Kuba mu muryango w’abizera Iyo