Home AMAKURU ACUKUMBUYE Ese kuba abanyamakuru baranditse ibijyanye n'isabukuru ya Apotre Gitwaza byaramubabaje?-Menya ukuri

Ese kuba abanyamakuru baranditse ibijyanye n'isabukuru ya Apotre Gitwaza byaramubabaje?-Menya ukuri

Umushumba mukuru w’Itorero rya Zion Temple ku isi,Apotre Dr Paul Gitwaza yagize byinshi atangaza ndetse anifuriza imigisha ikomeye ku bantu bose bamwifurije isabukuru nziza y’amavuko.
Ibi rero bikaba bigaragaza cyane ko igikorwa abantu bakoze cyo kumwifuriza umunsi mwiza w’amavuko ndetse n’ibitangazamakuru bikabyandika,byashimishije uyu mukozi w’Imana.

Apotre DDr Paul Gitwaza
Apotre DDr Paul Gitwaza

Ubwo Apotre Dr Paul Gitwaza yuzuzaga imyaka  45 ku itariki ya 15 Kanama 2016,ibinyamakuru byinshi byakomeje kwandika iyo nkuru ari nako benshi mu bamukurikira,yaba abayoboke nbe cyangwa abandi bagendaga babimwifuriza,bakoresheje imbuga nkoranyambaga.
Nyuma yahoo gato uyu mushumba yaje kunyura kurubuga rwe rwa Twitter yandikaho amagambo meza ashimira abantu bakomeje kumwifuriza isabukuru nziza ndetse anabaragiza Imana.
Mu magambo ye Apotre  Dr Paul Gitwaza yagize ati:” Amahoro y’Imana abane namwe mwese. Ndabashimiye cyane kubwo kunyifuriza Isabukuru Nziza. Imana ibahe kunezerwa ndetse yite ku byanyu.”
Kuri ubu uyu mukozi w’Imana afite impamyabumenyi ihanitse(doctorat) muri tewolojiya yabonye muri 2006 muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika.Ni umuyobozi akaba ari nawe washinze itorero ry’umunara wa Siyoni (Zion Temple Célébration Center mu migabane itanu ku isi guhera mu 1999).
Dr Paul Gitwaza kandi akaba ari murugaga rw’intumwa rufite icyicaro i Colorado muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.
Mu gitondo cyo kuri uyu wambere taliki ya 15 Kanama 2016 nibwo Ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye hakomeje kugenda hagaragara ubutumwa butandukanye abantu bagiye bagenera Intumwa Paul Gitwaza.
Mu myaka 45  iyi ntumwa imaze ku isi,usanga imyinshi muri yo yarayimaze akorera Imana,aho yagiye ahanura ubuhanuzi butandukanye ndetse akanahanurira benshi batandukanye haba mu gihugu cy’u Rwanda cyangwa hanze yarwo.
Intumwa y’Imana,Apotre Gitwaza Paul ni umwe mu bakozi b’Imana bakomeye cyane hano mu Rwanda aho afite itorero rimaze kwaguka kandi rikomeye haba mu Rwanda ndetse no ku isi yose.
 By Zarcy Christian

83 COMMENTS

  1. “Today, I went to the beach front with my kids. I found a sea shell and gave it to my 4 year old daughter and said You can hear the ocean if you put this to your ear.” She put the shell to her ear and screamed. There was a hermit crab inside and it pinched her ear. She never wants to go back! LoL I know this is entirely off topic but I had to tell someone!””

  2. “naturally like your website but you have to check the spelling on quite a few of your posts. A number of them are rife with spelling problems and I find it very troublesome to tell the truth nevertheless I’ll certainly come back again.”

  3. F*ckin’ amazing issues here. I am very happy to see your post. Thanks so much and i am looking forward to contact you. Will you kindly drop me a e-mail?

  4. I’ve been browsing online greater than 3 hours nowadays, yet I never discovered any attention-grabbing article like yours. It’s beautiful price enough for me. In my opinion, if all web owners and bloggers made excellent content as you probably did, the net will probably be a lot more useful than ever before.

  5. Wonderful web site. Lots of useful info here. I’m sending it to several pals ans also sharing in delicious. And naturally, thank you on your effort!

  6. Undeniably believe that which you stated. Your favorite justification appeared to be on the web the simplest thing to be aware of. I say to you, I certainly get annoyed while people consider worries that they plainly do not know about. You managed to hit the nail upon the top and defined out the whole thing without having side effect , people could take a signal. Will likely be back to get more. Thanks

  7. I like what you guys are up too. Such clever work and reporting! Keep up the superb works guys I have incorporated you guys to my blogroll. I think it’ll improve the value of my web site 🙂

  8. “hello there and thank you for your info – I have definitely picked up something new from right here. I did however expertise a few technical issues using this website, as I experienced to reload the web site many times previous to I could get it to load correctly. I had been wondering if your web host is OK? Not that I’m complaining, but sluggish loading instances times will very frequently affect your placement in google and can damage your quality score if ads and marketing with Adwords. Well I am adding this RSS to my email and can look out for much more of your respective exciting content. Ensure that you update this again very soon..”

  9. Throughout this great pattern of things you’ll get a B- with regard to effort and hard work. Where exactly you actually misplaced us was in the specifics. You know, they say, the devil is in the details… And that could not be much more true in this article. Having said that, allow me inform you what exactly did work. The text is really engaging and this is probably why I am taking an effort to opine. I do not really make it a regular habit of doing that. Next, despite the fact that I can easily notice the leaps in reason you make, I am not necessarily convinced of exactly how you appear to unite your points which inturn produce your final result. For the moment I shall yield to your issue but hope in the near future you link the facts much better.

  10. Hiya, I am really glad I’ve found this info. Nowadays bloggers publish only about gossips and net and this is actually frustrating. A good site with interesting content, that is what I need. Thanks for keeping this site, I’ll be visiting it. Do you do newsletters? Can’t find it.

  11. Pretty nice post. I just stumbled upon your weblog and wished to say that I have truly enjoyed browsing your blog posts. After all I will be subscribing to your feed and I hope you write again very soon!

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here