Home AMAKURU ACUKUMBUYE Saa sita z’ijoro Apostle Dr Paul Gitwaza yatangiye umwaka mushya-Amwe mu mateka...

Saa sita z’ijoro Apostle Dr Paul Gitwaza yatangiye umwaka mushya-Amwe mu mateka ye

Kuva ku isaha ya saa sita z’ijoro nibwo intumwa y’Imana,Apotre Paul Gitwaza yatangiye umwaka wa 46,aho k’umunsi w’ejo tariki ya 15 yari yujuje imyaka 45.
Apostle Dr. Paul Gitwaza umuyobozi w’itorero Zion Temple Celebration Centre na authentic Word Ministries yizihije isabukuru kuri uyu wambere aho yujuje imyaka 45 kuri iyi taliki ya 15 Kanama 2016.
Apostle Dr. Paul Gitwaza  ni umukozi w’Imana w’umubwirizabutumwa yavutse taliki 15 Kanama 1971 avukira Uvira muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo,arubatse afite umugore n’abana batatu b’abahungu.
Kuri ubu uyu mukozi w’Imana afite impamyabumenyi ihanitse(doctorat) muri tewolojiya yabonye muri 2006 muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika.Ni umuyobozi akaba ari nawe washinze itorero ry’umunara wa Siyoni (Zion Temple Célébration Center mu migabane itanu ku isi guhera mu 1999).
Dr Paul Gitwaza kandi akaba ari murugaga rw’intumwa rufite icyicaro i Colorado muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.
Mu gitondo cyo kuri uyu wambere taliki ya 15 Kanama 2016 nibwo Ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye hakomeje kugenda hagaragara ubutumwa butandukanye abantu bagiye bagenera Intumwa Paul Gitwaza.
Mu myaka 45  iyi ntumwa imaze ku isi,usanga imyinshi muri yo yarayimaze akorera Imana,aho yagiye ahanura ubuhanuzi butandukanye ndetse akanahanurira benshi batandukanye haba mu gihugu cy’u Rwanda cyangwa hanze yarwo.
Intumwa y’Imana,Apotre Gitwaza Paul ni umwe mu bakozi b’Imana bakomeye cyane hano mu Rwanda aho afite itorero rimaze kwaguka kandi rikomeye haba mu Rwanda ndetse no ku isi yose.

Apotre Gitwaza Paul

Apotre Gitwaza Paul

Uyu mukozi w’Imana bivugwa ko yaba yarigeze kuba mu itorero rya ADEPR ariko akaza kurivamo kubera impamvu zimwe na zimwe,ubu akaba aherereye muri Leta zunze ubumwe z’Amerika ,amaze kubaka izina ku buryo bushoboka bwose,kubwo Imbaraga z’Ibitangaza bye akoreshwa n’Imana.
Umuryango wa Apotre Gitwaza Paul
Apotre Gitwaza Paul ni umugabo akaba afite umugore umwe witwa Angel Gitwaza,ndetse n’abahungu batatu aribo: Richard,Luc na Divin.
Impamvu,igihe byateye   Apotre Gitwaza yashinze Itorero rya Zion Temple
Mu mwaka w’1994 nibwo mu Rwanda habaye amateka atazibagirana ndetse yanagize ingaruka nyinshi ku banyarwanda kuko hasigaye Impfubyi nyinshi n’abapfakazi.gitwaza (2)
Nyuma Ya Jenoside buri wese wari ufite umutima wa kimuntu ndetse n’urukundo rw’Abanyarwanda yashakishaga icyo yakora ngo afashe Abanyarwanda basizwe iheruheru na Jenoside yakorewe Abatutsi,ni muri ubwo buryo intumwa y’imana Paul Gitwaza yatekereze gushinga umuryango ndetse n’itorero.
Nyuma y’ibyo bihe bibi byabaye mu gihugu cy’U Rwanda,ubwo habaga Jenoside yakorewe abatutsi muri Mata,1994 nibwo intumwa y’Imana Apotre Paul Gitwaza yagize igitekerezo cyo gushinga  umuryango yise Authentic  ministry ndetse n’itorero Zion Temple kugira ngo abone uko afasha abana b’Abanyarwanda,cyane ko ngo nka’amashuri y’uwo muryango yagendaga afasha abana bacitse ku icumu,ndetse akanabaha imyambaro,ibiryo  n’ibindi byinshi,abinyujije muri uwo muryango.
Itorero Zion Temple ryashinzwe ryari? Rigeze he?
Mu mwaka 1999 Nibwo intumwa y’imana Apotre Paul Gitwaza yashinze kumugaragaro itorero rya Zion Temple ndetse akanasengerwa kumugaragaro.Iri torero akaba yararishinze mu mujyi wa Kigali
Iri torero ryaje rifite imbaraga cyane kuko ngo abantu bakundaga inyigisho z’uyu mukozi w’Imana.
Gusa itorero Zion Temple ryatangiranye imbogamizi zitari nke,kuko ryatangiye rifite abayoboke 50,nyuma riza kugenda ryaguka kugera ubwo nyuma y’Imyaka 12 ryari rimaze kugira abakiristu basaga ibihumbi 10000 mu mujyi wa Kigali,ndetse akanashinga amashami yaryo no mu tundi turere tw’u Rwanda
Nyuma yo gushinga  itorero Zion Temple ndetse n’umuryango wa Authentic Ministry,uyu mukozi w’Imana yagiye akora ibikorwa byinshi byo gufasha abacitse ku icumu ndetse akanabaha imfashanyo nyinshi zirimo imyenda,ibyo kurya ndetse n’ibindi byinshi.
Umuryango wa Authentic Ministry waje kwaguka cyane kugera ubwo waje gushinga Radiyo  yitwa Authentic Radio,Bank yitwa Authentic Bank ndetse n’ibigo by’amashuri byafashaga bamwe mu bana bacitse ku icumu muri Jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994.
Uyu mukozi w’Imana yagiye atumirwa mu bihugu byinshi kuvugayo ubutumwa ndetse agahanurira abantu bakabona ibisubizo by’ibibazo byabo.
Apotre Gitwaza yabaye umujyanama w’imiryango myinshi mpuzamahanga,w’abaperezida bamwe na bamwe ku isi  ndetse anashinga ibikorwa byinshi haba mu Rwanda ndetse no hanze yarwo,kuko mu myaka ishize nibwo yashinzwe guhagararira igikorwa cya Peace Plan cyari cyazanywe n’umupastori mpuzamahanga, Rick Warreen.

Yari ahagarariye Peace Plan

Yari ahagarariye Peace Plan

Nyuma yo kwaguka kw’Idini rye,uyu mushumba yaje gufungura amashami menshi hano mu Rwanda ndetse no hanze yarwo,kuko yafunguye amashami y’itorero Zion Temple mu bihugu bisaba 25 birimo Burundi,Tanzania,RDC,Danmark,Ubwongereza,Swede,Ububirigi ndetse n’ahandi henshi.
By: Zarcy Christian

92 COMMENTS

  1. You’re in some serious need of relaxation. That’s where a site like http://www.camgirl.pw comes in handy. You can do a whole lot of relaxing there. You’ll find plenty of fun girls to talk to. These are the hottest and most wild girls on the internet. Chat with them and have yourself a good time.

  2. Good one! Interesting article over this web. It is pretty worth enough for me. Personally, if all website owners and bloggers made good content as you did, the web will be a lot more useful than ever before.| I couldn’t refrain from commenting. I ‘ve spent 1 hour looking for such tips. I will also share it with a couple of friends interested in it. I’ve just bookmarked this web. Finished with the work done, I’ll find some World cup Webcams. Thank you very much!! Regards from Mundial 2018!

  3. I was just searching for this information for a while. After six hours of continuous Googleing, finally I got it in your website. I wonder what’s the lack of Google strategy that do not rank this type of informative sites in top of the list. Normally the top web sites are full of garbage.

  4. You’ve been working hard lately. All that stress has got to be eating at you. Why not take a break and enjoy some cam girls? There’s plenty of them to enjoy at http://www.camgirl.pw It’s wall to wall babes at this site. You’ll know that right away after your first visit.

  5. Good post. I study something tougher on completely different blogs everyday. It’s going to at all times be stimulating to read content from different writers and observe a little bit something from their store. I’d want to use some with the content material on my blog whether or not you don’t mind. Natually I’ll give you a link in your net blog. Thanks for sharing.

  6. Thanks for your write-up on the vacation industry. I would also like contribute that if your senior taking into account traveling, it can be absolutely essential that you buy travel insurance for seniors. When traveling, older persons are at biggest risk being in need of a health care emergency. Obtaining the right insurance plan package on your age group can safeguard your health and give you peace of mind.

  7. “Hey I know this is off topic but I was wondering if you knew of any widgets I could add to my blog that automatically tweet my newest twitter updates. I’ve been looking for a plug-in like this for quite some time and was hoping maybe you would have some experience with something like this. Please let me know if you run into anything. I truly enjoy reading your blog and I look forward to your new updates.”

  8. Woah! I’m really loving the template/theme of this site. It’s simple, yet effective. A lot of times it’s hard to get that “perfect balance” between superb usability and appearance. I must say that you’ve done a amazing job with this. In addition, the blog loads extremely fast for me on Firefox. Outstanding Blog!

  9. I have to show my passion for your kind-heartedness giving support to men who must have help with this important niche. Your very own commitment to getting the message across turned out to be definitely interesting and has specifically helped professionals much like me to attain their endeavors. Your warm and helpful tips and hints denotes this much a person like me and even more to my office workers. Thanks a ton; from each one of us.

  10. HowdyHi thereHey thereHiHelloHey would you mind statingsharing which blog platform you’re working withusing? I’m lookingplanninggoing to start my own blog in the near futuresoon but I’m having a toughdifficulthard time making a decisionselectingchoosingdeciding between BlogEngine/Wordpress/B2evolution and Drupal. The reason I ask is because your design and styledesignlayout seems different then most blogs and I’m looking for something completely uniqueunique. P.S My apologiesApologiesSorry for gettingbeing off-topic but I had to ask!

  11. Do you have a spam issueproblem on this sitewebsiteblog; I also am a blogger, and I was curious aboutwanting to knowwondering your situation; many of uswe have createddeveloped some nice proceduresmethodspractices and we are looking to swaptradeexchange solutionsstrategiesmethodstechniques with other folksothers, why notbe sure toplease shoot me an e-mailemail if interested.

  12. HiWhat’s upHi thereHello, alwaysfor all timeall the timeconstantlyevery time i used to check blogweblogwebpagewebsiteweb site posts here earlyin the early hours in the morningdawnbreak of daydaylight, becausesinceasfor the reason that i likeloveenjoy to learngain knowledge offind out more and more.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here