Intambara mu Burasirazuba bwo hagati, inzara irakomangira Isi
Nyuma ya Peteroli, Afurika na Aziya y’Amajyepfo biri kubura ifumbire mvaruganda, yafatiwe mu muhora wa Ormuz. Uku kubura ibintu bitandukanye.
The argument in favor of using filler text goes something like this: If you use arey real content in the Consulting Process anytime you reachtent.
Nyuma ya Peteroli, Afurika na Aziya y’Amajyepfo biri kubura ifumbire mvaruganda, yafatiwe mu muhora wa Ormuz. Uku kubura ibintu bitandukanye.
Plus de 700 personnes ont été tuées en Iran depuis le début de la guerre samedi, 28 Février 2026, selon.
Minisitiri w’Urubyiruko n’ubuhanzi, Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, ubwo yari mu muhango wo kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’ururimi kavukire kuri uyu wa.
The Republic of Gabon, through its High Authority for Communication (HAC), has suspended the use of all social media platforms.
Leta ya Ethiopia yambuye abanyamakuru batatu bakorera ibiro Ntaramakuru, Reuters, uruhushya rwo gukorera muri iki gihugu kubera inkuru baherutse gukora,.
Guverinoma ya Burkina Faso yatangaje ihagarikwa rya politiki ishingiye ku mashyaka, nyuma yo gufata icyemezo cyo kuyasesa yose no gukuraho.
Au Nicaragua, pays situé en Amérique centrale, plus de 60 personnes ont été arrêtées pour avoir organisé des manifestations célébrant.
Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryatangaje ku mugaragaro ko ryafashe umujyi wa Uvira, uherereye mu.
Ubushakashatsi ngarukamwaka kuri ruswa nto mu Rwanda bukorwa n’Umuryango Urwanya Ruswa n’Akarengabe ishami ry’u Rwanda, Transparency International Rwanda, bukorwa ahanini .
Abakuru b’ibihugu bitandukanye bya Africa y’Iburasirazuba, EAC, n’ahandi bifurije intsinzi Perezida Samia Suluhu Hassan, uherutse gutsinda amatora muri Tanzania, aya.
À Madagascar, des militaires dirigés par le colonel Michael Randrianirina ont annoncé avoir renversé le président Andry Rajoelina, après que.
Umukambwe Nicolas Sarkozy wabaye Perezida w’u Bufaransa, urukiko rwo muri iki gihugu rwamukatiye gufungwa imyaka itanu (5) muri gereza, nyuma.
L’ancien Président du Malawi, Peter Mutharika, a été déclaré vainqueur des élections de la semaine dernière, marquant un retour spectaculaire.
Ku wa 15 Nzeri 2025, Sena y’u Rwanda yarateranye igamije kugenzura no kugira icyo ivuga ku mwanzuro wafashwe n’Inteko Ishinga.
Inteko Rusange Umutwe w’Abadepite yamaganye ibikubiye mu myanzuro y’Inteko Ishinga Amategeko y’Ubumwe bw’u Burayi (EU), ifite ingingo zirimo isabira Ingabire.
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yageze i Dakar muri Sénégal, aho yitabiriye Inama Nyafurika yiga ku Biribwa (Africa Food Systems.
Guverinoma y’u Rwanda yamaganye ibirego byatangajwe n’ibiro bya Komiseri Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, ushinzwe uburenganzira bwa muntu, bishinja Ingabo zarwo, RDF,.
Guverinoma y’u Rwanda yamaganye raporo y’ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe uburenganzira bwa muntu (OHCHR), ishinja Ingabo z’u Rwanda (RDF) kugira uruhare.
Kuri uyu wa Gatatu tariki 6 Kanama 2025, u Rwanda na Zimbabwa byasinyanye amasezerano anyuranye y’ubufatanye yiyongera ku yasanzwe, aya.
Perezida Paul Kagame yagize Dr. Justin Nsengiyumva Minisitiri w’Intebe, akaba yasimbuye Dr Edouard Ngirente wari kuri izi nshingano guhera mu.
U Rwanda na Antigua and Barbuda byasinye amasezerano yo gukuriraho Viza abaturage babyo bafite Pasiporo izo ari zo zose, zirimo.
Abaturage b’abasivili 45 baguye mu gitero cy’umutwe w’abarwanyi wa RSF uhanganye na Leta ya Soudan, abandi 35 barakomereka bikabije. Icyo.
Guverinoma y’u rwanda mu itangazo yashyize ahagaragara ku wa Kane tariki 10 Nyakanga 2025, rivuga ko ku bufatanye n’Ubwami bw’aba-Hashemite.
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, avuga ko koko Ingengo y’Imari y’u Rwanda yiyongereye, bitewe no gucunga neza ibihari no gushakisha.
Muri uyu mwaka 2024-2025, mu bikorwa ngarukamwaka by’Ingabo na Polisi b’u Rwanda ku bufatanye n’Ingabo za EAC muri rusange, bubakiye.
Muri iyi minsi hari kuvugwa ko biro by’Umuryango w’Abibumbye biri Nairobi muri Kenya bishobora kwimurirwa i Kigali kubera impamvu zitandukanye.
Perezida Paul Kagame avuga ko mu gushaka umuti w’ibibazo by’umutekano ku Mugabane wa Afurika, hagiye hahangwa amaso amahanga, ariko ko.
Umuryango w’Abibumbye (LONU) uri mu myiteguro yo kwimura icyicaro cyawo gikuru ku mugabane wa Afurika kikava i Nairobi muri Kenya.
Ku munsi wa kabiri w’inama y’abakardinali (conclave) ibera i Vatikani, umwotsi w’umukara wongeye kugaragara mu gitondo cyo kuri uyu wa.
Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Dr Jimmy Gasore, yasabye abikorera bo mu Ntara y’Iburengerazuba kwitegura gukoresha amahirwe azanwa n’icyambu cya Rusizi kiri hafi.